Sunday, July 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

‘Ibereryabigogwe’ twakiriye muri Studio zacu yasuye Ingoro Ndangamateka

radiotv10by radiotv10
11/02/2022
in Uncategorized
0
‘Ibereryabigogwe’ twakiriye muri Studio zacu yasuye Ingoro Ndangamateka
Share on FacebookShare on Twitter

Ngabo Karegeya uri mu bakoresha Twitter cyane mu Rwanda, ukoresha izina ry’Ibere rya Bigogwe, yakiriwe n’Inteko y’Umuco atemberezwa ibikorwa ndangamateka birimo Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside.

Ngabo Karegeya alias Ibere rya Bigogwe aherutse kwakirwa muri Studio za Radio 10 aho yagarutse ku byo kuba akomeje gufasha agace k’iwabo kumenyekana.

Ibere rya Bigogwe wabanje kwamamara ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter kubera gukunda gutanga ibitekerezo, ubu amaze no kumenyekana mu bikorwa by’ubukerarugendo bwo gusura Inka mu Bigogwe n’inzuri zaho ndetse no kwerekwa ibikorwa byerekeye ubworozi bw’Inka nko gukama.

Mu kiganiro yagiranye na Radio 10 ku wa Gatatu w’iki cyumweru tariki 09 Gashyantare kandi yasobanuye uburyo yatangije ubukangurambaga bwo kumenyekanisha aka gace ka Bigogwe.

Nyuma yo kwakirwa muri Radio 10, uyu musore ukiri muto, yanakiriwe n’Inteko y’Umuco anatemberezwa mu ngoro ntangamateka n’umuco kuri uyu wa Kane tariki 10 Gashyantare 2022.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Inteko y’Umuco yatangaje ko yakiriye uyu musore “washakaga gusobanukirwa byimbitse amateka n’umuco by’u Rwanda.”

Uyu munsi twishimiye kwakira umusore @Ngabo_Karegeya washakaga gusobanukirwa byimbitse amateka n'umuco by'u Rwanda. Aha yari arimo gutambagira Ingoro y'Amateka y'Urugamba rwo Guhagarika Jenoside ndetse n'Ingoro y'amateka yitiriwe Kandt. @MasozeraRobert @krusaro2 @BashanaMedard pic.twitter.com/eoQ1Bttzpf

— Inteko y'Umuco | Rwanda Cultural Heritage Academy (@IntekoyUmuco) February 10, 2022

Mu butumwa buherekejwe n’amafoto, Inteko y’Umuco yakomeje igira iti “Aha yari arimo gutambagira Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside ndetse n’Ingoro y’amateka yitiriwe Kandt.”

Aya mafoto agaragaza Karegeya Ngabo ari gusura ibikorwa bigaragaza amwe mu mateka y’u Rwanda, ari no kuyasobanurirwa.

Yasuye Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside

Yasuye Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 + four =

Previous Post

Icyatumye Putin na Macron baganira bahanye intera idasanzwe cyamenyakanye

Next Post

IFOTO: Bamporiki ari mu gikorwa cyo gukora umuhanda

Related Posts

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

by radiotv10
31/01/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wa Afurika, Ronald Lamola bagiranye ikiganiro kuri telefone,...

IZIHERUKA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period
MU RWANDA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

12/07/2025
Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

12/07/2025
LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

11/07/2025
Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

11/07/2025
Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

11/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
IFOTO: Bamporiki ari mu gikorwa cyo gukora umuhanda

IFOTO: Bamporiki ari mu gikorwa cyo gukora umuhanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.