Saturday, June 7, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Ibirambuye kuri bomboribombori ivugwa hagati y’abahanzi bagezweho mu Rwanda n’icyayizamuye

radiotv10by radiotv10
21/03/2024
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Ibirambuye kuri bomboribombori ivugwa hagati y’abahanzi bagezweho mu Rwanda n’icyayizamuye
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Kevin Kade uri mu bagezweho muri iki gihe, avuga ko atazi uburyo indirimbo ‘Ndasaze’ yakoranye na Papa Cyangwe yagiye hanze, mu gihe mugenzi we avuga ko bibabaje kuba uyu muhanzi yihakana icyo gihangano.

Indirimbo ‘Ndasaze’ imaze ukwezi igiye hanze, iri kuri album ‘Live and die’ y’umuhanzi Papa Cyangwe, aho uyu muhanzi yiyambaje mugenzi we Kevin Kaden go bayikorane.

Mu kiganiro Kevin Kade yagiranye na RADIOTV10, yavuze ko iyi ndirimbo atayizi, ubundi avuga ko atazi uburyo yagiye hanze.

Yagize ati “Ntayo nzi. Numva ngo yarasohoste ariko yasohoste mu buryo ntazi cyane ko ari indirimbo itari yarangiye gukorwa kuko n’iyo uyumvise wumva ko hari ibitarangiye muri yo.”

Uyu muhanzi yemera ko yakoranye indirimbo na Papa Cyangwe, ariko ko yayikoze mu buryo bwa hutihuti, ku buryo atabonye umwanya wo kuyirangiza.

Papa Cyangwe we avuga ko atashyize hanze iyi ndirimbo atabyumvikanyeho na Kevin Kade nk’uko abivuga, ndetse akagenera ubutumwa uyu muhanzi.

Ati “Ni ikintu kibabaje kuba mugenzi wawe yakwihakana indirimbo yakuvunnye akanasebya album wakoze igutwaye imbaraga.”

Akomeza avuga ko ubwo iyi ndirimbo yari imaze gutunganywa yayisangije uwo bayikoranye (Kevin Kade) ndetse akamubwira ko ari nziza, ariko ko atazi uburyo yaje guhindura imvugo akagenda ayisebya.

Gusa ngo Kevin Kade yageze aho asaba Papa Cyangwe ko iyi ndirimbo yakongera igatungwa, igakorwa na Producer Element, ariko akamuhakanira kuko atari we wakoze iyi album ye.

Blandy Star
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 2 =

Previous Post

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zashimiwe umusanzu mu kwimakaza umutekano ntizitinye n’aho rukomeye

Next Post

Umuhanzikazi w’icyamamare wisabiye gatanya bigiye kumusiga mu gihombo gikomeye

Related Posts

Umuhanzi uzwi mu Rwanda uri gutaramira Abanyarwanda batuye i Burari yageneye ubutumwa abatahiwe

Umuhanzi uzwi mu Rwanda uri gutaramira Abanyarwanda batuye i Burari yageneye ubutumwa abatahiwe

by radiotv10
07/06/2025
0

Umuhanzi w’Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bosco Nshuti uri mu bitaramo bizenguruka u Burayi, yararikiye abatuye muri Finland kwitegura...

Umunyemari Coach Gael yagaragaje ko igitekerezo yatangaje bamwe bakagira amashyengo yari akomeje

Umunyemari Coach Gael yagaragaje ko igitekerezo yatangaje bamwe bakagira amashyengo yari akomeje

by radiotv10
05/06/2025
0

Karomba Gaël uzwi nka Coach Gaël mu ishoramari ry’imyidagaduro mu Rwanda, uherutse gutangaza ko yifuza kuzana mu Rwanda umuhanzi Chris...

Ibivugwa nyuma yuko umuhanzi Kenny Sol asezeye muri Label ya 1:55 AM

Ibivugwa nyuma yuko umuhanzi Kenny Sol asezeye muri Label ya 1:55 AM

by radiotv10
03/06/2025
0

Nyuma yuko umuhanzi Kenny Sol asezeye mu nzu ifasha abahanzi ya 1: 55 AM, biravugwa ko yaba agiye kwerecyeza muri...

Umuhanzi Nyarwanda uherutse guca amarenga yo kuva muri ‘Label’ yamufashaga byarangiye afashe icyemezo

Umuhanzi Nyarwanda uherutse guca amarenga yo kuva muri ‘Label’ yamufashaga byarangiye afashe icyemezo

by radiotv10
03/06/2025
0

Umuhanzi Kenny Sol yamaze gutandukana n’inzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM, nyuma yo kubicaho amarenga ko ashobora kuba agiye kuyivamo....

Abakunzi b’Umuziki Nyarwanda mu Gihugu hose bagiye kongera kunyeganyega

Abakunzi b’Umuziki Nyarwanda mu Gihugu hose bagiye kongera kunyeganyega

by radiotv10
31/05/2025
0

Ibitaramo bizenguruka Igihugu mu iserukiramuco rizwi nka ‘MTN-Iwacu Muzika Festival’ bigiye kongera kuba nk’uko byatangajwe n’abasanzwe babitegura. Sosiyete ya EAP...

IZIHERUKA

Kigali: Ukurikiranyweho kwicisha inzara umwana we yabyemeye avuga ko yabitewe n’umujinya w’uko nyina yamumutanye
MU RWANDA

Umusore muto arakekwaho gusambanya ku manywa y’ihangu umukecuru amusanze iwe aryamye aho arwariye

by radiotv10
07/06/2025
0

Umuhanzi uzwi mu Rwanda uri gutaramira Abanyarwanda batuye i Burari yageneye ubutumwa abatahiwe

Umuhanzi uzwi mu Rwanda uri gutaramira Abanyarwanda batuye i Burari yageneye ubutumwa abatahiwe

07/06/2025
Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

06/06/2025
Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

06/06/2025
Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

06/06/2025
Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

06/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuhanzikazi w’icyamamare wisabiye gatanya bigiye kumusiga mu gihombo gikomeye

Umuhanzikazi w’icyamamare wisabiye gatanya bigiye kumusiga mu gihombo gikomeye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umusore muto arakekwaho gusambanya ku manywa y’ihangu umukecuru amusanze iwe aryamye aho arwariye

Umuhanzi uzwi mu Rwanda uri gutaramira Abanyarwanda batuye i Burari yageneye ubutumwa abatahiwe

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.