Tuesday, April 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Ibisobanuro bya mbere byatanzwe na Guverinoma ya Congo ku kwakira abimukira birukanywe muri America

radiotv10by radiotv10
28/04/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Congo yashyize hanze ibimenyetso biri muri raporo ishinja u Rwanda gufasha M23
Share on FacebookShare on Twitter

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya yagize icyo avuga ku banengera iki Gihugu kwakira abimukira birukanywe na America, avuga ko bazahamara igihe gito ubundi bakagenda.

Ni nyuma y’iminsi irenga icumi abimukira ba mbere bageze i Kinshasa tariki 17 Mata 2026, bagize itsinda rya mbere ry’abimukira birukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za America hakurikijwe amasezerano hagati y’ibihugu byombi.

Aba baturage 15, bakomoka muri America y’Amajyepfo no hagati, bacumbikiwe mu nyubako ya hoteli iri mu murwa mukuru i Kinshasa kuva bahagera. Bahawe viza y’icyumweru kimwe. Ubu bagomba guhitamo hagati yo gusubira mu Bihugu bakomokamo cyangwa kuguma muri DRC by’agateganyo.

Iyi gahunda yanenzwe n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, ihangayikishijwe n’uburyo bwo kwakira abimukira n’amategeko agenga ubu bwirukanwe.

Ku bw’ibi bibazo biri mu masezerano, Umuvugizi wa Guverinoma ya DRC, Patrick Muyaya, yasabye ko guverinoma yakwizeranwa.

Aganida na Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI), Patrick Muyaya ntiyigeze yemeza ko hari ibiganiro n’abayobozi ba Amerika ku bijyanye no kwimura abimukira bo muri Afghanistan.

Yagize ati “Abakomoka mu Bihugu bitatu bahageze bafite impushya zo gutura muri iki Gihugu by’igihe gito by’agateganyo.”

Yakomeje agira ati “Ndashaka kongera kuvuga ko tugomba kwirinda gutera ubwoba rubanda. Iki ni igikorwa gifite igihe ntarengwa.”

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi n’imiryango itegamiye kuri Leta, bamaze igihe bazamura amajwi bamagana ariya masezerano. Abanyamategeko batagira imipaka nabo bagaragaje impungenge, bavuga mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ko aya masezerano “agize uburyo budakwiye bwo korohereza abimukira n’abashaka ubuhungiro, n’uburyo bwo gushyira igitutu ku bantu batishoboye kugira ngo bemere gutahuka ku gahato.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × five =

Previous Post

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

Related Posts

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

by radiotv10
28/04/2026
0

Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Uganda, yataye muri yombi abanyamahanga 231 badafite ibyangombwa byo kuba muri kiriya Gihugu, barimo...

Perezida Ndayishimiye yashyize hanze ukuri ku by’uko abasirikare b’u Burundi bahanganye na M23

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

by radiotv10
28/04/2026
0

Igisirikare cy’u Burundi kimuye amasasu n’intwaro za rutura bivanwa mu bigo bikomeye bya gisirikare i Bujumbura bijyanwa i Gitega, mu...

BREAKING: Perezida Trump yahungishijwe igitaraganya nyuma yuko humvikanye amasasu

Hatangajwe ibyaha bigomba gushinjwa uwagabye igitero ahari Perezida Trump

by radiotv10
27/04/2026
0

Umugabo ukekwaho kugaba igitero i Washington, ahaberaga ibirori byari byitabiriwe na Perezida Donald Trump, ategerejwe kugezwa imbere y’urukiko kuri uyu...

Abasirikare bane bakuru muri Uganda barimo Brigadier General bararegwa ubujura bwa litiro 270.000 za Lisansi

Abasirikare bane bakuru muri Uganda barimo Brigadier General bararegwa ubujura bwa litiro 270.000 za Lisansi

by radiotv10
27/04/2026
0

Abasirikare bane bo ku rwego rw’abofisiye, barimo ufite ipeti rya Brigadier, bagejejwe imbere y’Urukiko rwa Gisirikare Rukuru rwa Makindye, baregwa...

Ubukwe budasanzwe bwa ‘couples’ 300 zasezeraniye icyarimwe bwasigiye umunezero abageni n’abakwe

Ubukwe budasanzwe bwa ‘couples’ 300 zasezeraniye icyarimwe bwasigiye umunezero abageni n’abakwe

by radiotv10
27/04/2026
0

Ubukwe bwahuriyemo couples 300 zasezeraniye icyarimwe muri Gaza, bwasigiye ibyishimo bidasanzwe ababukoze, bishimiye intangiriro idasanzwe y’ubuzima bushya. Ubu bukwe bwabereye...

IZIHERUKA

Congo yashyize hanze ibimenyetso biri muri raporo ishinja u Rwanda gufasha M23
AMAHANGA

Ibisobanuro bya mbere byatanzwe na Guverinoma ya Congo ku kwakira abimukira birukanywe muri America

by radiotv10
28/04/2026
0

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

28/04/2026
Perezida Ndayishimiye yashyize hanze ukuri ku by’uko abasirikare b’u Burundi bahanganye na M23

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

28/04/2026
Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

28/04/2026
Umunyamakuru M. Irene yateguje ko agiye gukina filimi azahuriramo n’ubimenyereweho

Umunyamakuru M. Irene yateguje ko agiye gukina filimi azahuriramo n’ubimenyereweho

28/04/2026
Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga yabuze nyirayo

28/04/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibisobanuro bya mbere byatanzwe na Guverinoma ya Congo ku kwakira abimukira birukanywe muri America

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.