Tuesday, January 13, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Igihugu kiri mu biganiro na America byatangiye mu ibanga cyabitangajeho amakuru mashya

radiotv10by radiotv10
03/07/2024
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Igihugu kiri mu biganiro na America byatangiye mu ibanga cyabitangajeho amakuru mashya
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro aravuga ko Guverinoma y’Igihugu cye igiye gusubukura ibiganiro n’iya Leta Zunze Ubumwe za America, byari byatangiye mu buryo bw’ibanga ndetse bigatanga umusaruro.

Ni ibiganiro avuga ko bizasubukurwa kuva mu cyumweru gitaha, nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za amerika zari yatanze iki cyifuzo.

Venezuela yakomeje gufatirwa ibihano cyane mu bukungu ndetse byarushijeho kwiyongera kuva Nicolas Maduro yagera ku butegetsi.

Uku gusubukura ibiganiro, ni icyemezo kimezi ameze abiri kigwaho. Kuva umwaka ushize impande zombi zatangiye ibiganiro mu ibanga ndetse umuhuza aba Qatar, wabafashije kwemeranya kugurana imfungwa.

Icyo gihe Leta Zunze Ubumwe za America, yarekura Alex Saab inshuti ya hafi ya Perezida Maduro washinjwaga kunyereza amafaranga, n’abandi 20 bahoze muri politike ya Venezuela.

Ku ruhande rwa Venezuela, yo yarekuye Leonard Francis, umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za America warwaniraga mu mazi, ndetse n’abandi Banyamerika 10.

Uretse guhererekanya imfungwa, America yanakuyeho bimwe mu bihano yari yarafatiye iki Gihugu cya Venezuela nyuma y’uko Leta iriho yemeranyijwe n’abatavuga rumwe na yo gukora amatora anyuze mu mucyo ndetse agakurikiranwa n’indorerezi mpuzamahanga muri uyu mwaka.

Denyse MBABAZI MPAMBARA
RADIOTV10 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen − 7 =

Previous Post

Watch Justin Timberlake’s ‘Cry Me a River’ Come to Life in Mesmerizing Dance

Next Post

Hatanzwe amakuru arambuye kuri ‘Coup d’Etat’ yapfubye muri Congo

Related Posts

Habayeho kurasana gukomeye hagati ya FARDC n’inyeshyamba z’umutwe umwe muri Congo

Habayeho kurasana gukomeye hagati ya FARDC n’inyeshyamba z’umutwe umwe muri Congo

by radiotv10
12/01/2026
0

Umutwe w'inyeshyamba uzwi nka Bakata Katanga wakozanyijeho n'igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), mu mirwano yabereye mu gace...

America yahawe umuburo n’Igihugu iherutse na yo gukanga

America yahawe umuburo n’Igihugu iherutse na yo gukanga

by radiotv10
12/01/2026
0

Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuba hirya no hino muri Iran yinjiraga mu cyumweru cya gatatu, Tehran yatanze umuburo ko izihorera...

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

by radiotv10
09/01/2026
0

The AFC/M23 coalition, which opposes the government of the Democratic Republic of Congo, is reportedly strengthening its presence in the...

AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

by radiotv10
09/01/2026
0

Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riravugwaho kuba ryongereye imbaraga mu gace ka Mpety, muri...

Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Congo yagize icyo asaba Abanyekongo mu gusabira Abajenerali bafunzwe

Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Congo yagize icyo asaba Abanyekongo mu gusabira Abajenerali bafunzwe

by radiotv10
09/01/2026
0

Olive Lembe Kabila, Madamu wa Joseph Kabila wari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Abanyekongo, gukora amasengesho yo...

IZIHERUKA

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo
FOOTBALL

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Editorial: The New World Economic Order

Editorial: The New World Economic Order

12/01/2026
Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

12/01/2026
Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

12/01/2026
Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

12/01/2026
Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

12/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Hatanzwe amakuru arambuye kuri ‘Coup d’Etat’ yapfubye muri Congo

Hatanzwe amakuru arambuye kuri 'Coup d’Etat' yapfubye muri Congo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Editorial: The New World Economic Order

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.