• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Monday, July 6, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Inteko ishingamategeko yagaragaje icyababereye intambamyi mu kwegera abaturage mu gihembwe cya 3

radiotv10by radiotv10
05/08/2021
in MU RWANDA
0
Inteko ishingamategeko yagaragaje icyababereye intambamyi mu kwegera abaturage mu gihembwe cya 3
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwo hasozwaga igihembwe cya gatatu gisanzwe cya 2020/2021, mu nteko ishingamategeko bagaragaje ko muri ikigihembwe batabashije kujya gusura abaturage nk’uko bari basanwze babikora bitewe n’icyorezo cya COVID-19.

Perezida w’inteko ishingamategeko, Dr. Mukabarisa Donathile, asoza igihembwe cya gatatu gisanzwe cya 2020/2021, yagaragaje ko inteko yakoze mu bihe bidasanzwe kubera icyorezo cya COVID-19 kandi bagasohoza neza inshingano  bari bafite kuko batoye amategeko 23 ndetse  bakanemeza ishingiro  ry’imishingay’amategeko igera kuri 28.

Si ibyo gusa kuko hari n’ibindi bikorwa bakoze birimo kwakira abagize guverinoma bagira ibyo basobanura ndetse na bimwe mubigo bya leta.

Mu magambo ye, Dr.Mukabarisa Donathile yagize ati “Twakoze mu bihe bigoye kubera icyorezo cya COVID-19 ariko twifashishije ikoranabuhanga twatoye imishinga y’amategeko ndetse tunacyira bamwe mu bagize guverinoma bagira ibyo basobanura mu bihe bitandukanye”

Dr.Mukabarisa yavuze ko igikorwa abagize inteko  ishingamategeko bajyaga bakora cyo gusura abaturage  aho batuye bagamije kumva ibitekerezo byabo bitabakundiye kubera icyorezo cya COVID-19.

“Murabizi ko twajyaga tugira umwanya wo kujya gusura abaturage ngo twumve ibitekerezo byabo, tukaganira nabo ku iterambere ryabo, ariko ubu ntibyakunze kuko hari ingamba zo kwirinda COVID-19 zitatworoherezaga kujya kuganira n’abaturage”

Abagize inteko ishingamategeko bagaragaje ko bamaze imyaka ibiri bakora mu buryo budasanzwe bwo gukoresha ikoranabuhanga kubera ko hari icyorezo cya COVID-19 ariko ngo bagerageje  gukora akazi kabo n’ubwo bitari byoroshye

Inkuru ya: MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

14 − 10 =

Previous Post

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Next Post

Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Related Posts

Amajyepfo: Dore ibikorwa by’ingenzi by’Ingabo na Polisi byo gufasha abaturage kwizihiza Umunsi wo Kwibohora

Amajyepfo: Dore ibikorwa by’ingenzi by’Ingabo na Polisi byo gufasha abaturage kwizihiza Umunsi wo Kwibohora

by radiotv10
05/07/2026
0

Mu rwego rwo gusoza gahunda y’ibikorwa by’Ingabo na Polisi by’u Rwanda byo gufasha abaturage mu iterambere byakozwe muri uyu mwaka...

Rusizi: Abagore bubakiye  uwarokotse jenoside wabaga mu nzu imeze nabi

Rusizi: Abagore bubakiye  uwarokotse jenoside wabaga mu nzu imeze nabi

by radiotv10
05/07/2026
0

Umuturage wo mu murenge wa Bugarama warokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 wabaga mu nzu imeze nabi yashyikirijwe inzu y’agaciro...

U Rwanda mu yandi masezerano azarufasha kwihaza ku bikomoka kuri Peteroli

U Rwanda mu yandi masezerano azarufasha kwihaza ku bikomoka kuri Peteroli

by radiotv10
04/07/2026
0

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Tanzania yo gutumiza ibikomoka kuri peteroli binyuze ku cyambu cya Tanga, aje akurikira andi rwasinyanye...

Ingabo z’u Rwanda zahinduye ibirango n’ibimenyetso byambarwa ku maboko y’impuzankano

Ingabo z’u Rwanda zahinduye ibirango n’ibimenyetso byambarwa ku maboko y’impuzankano

by radiotv10
04/07/2026
0

Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda bwashyize hanze ibirango n’amabendera bishya by’inzego zigize RDF, butangaza ko mu byahindutse harimo ibimenyetso byambarwa...

Eng.-Rwanda Defence Force reveals new badges and symbols

Eng.-Rwanda Defence Force reveals new badges and symbols

by radiotv10
04/07/2026
0

The Rwanda Defence Force has released new badges and flags for its respective services, announcing changes that include new sleeve...

Next Post
Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Amajyepfo: Dore ibikorwa by’ingenzi by’Ingabo na Polisi byo gufasha abaturage kwizihiza Umunsi wo Kwibohora

Rusizi: Abagore bubakiye  uwarokotse jenoside wabaga mu nzu imeze nabi

U Rwanda mu yandi masezerano azarufasha kwihaza ku bikomoka kuri Peteroli

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.