Monday, December 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

“Jolly koko ni Jolie”: Miss Jolly amwenyura yahagurukije amarangamutima ya benshi

radiotv10by radiotv10
04/03/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
“Jolly koko ni Jolie”: Miss Jolly amwenyura yahagurukije amarangamutima ya benshi
Share on FacebookShare on Twitter

Miss Mutesi Jolly, Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, yashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza amwenyura, ahagurutsa amarangamutima ya benshi bamubwira ko ubwiza bwe buhuye n’izina rye bati “Jolly koko uri Jolie”

Aya mafoto ane ya Miss Jolly, yayashyize ku mbuga nkoranyambaga ze nka Twitter kuri uyu wa Gatanu tariki 04 Gashyantare, arangije ashyiraho ubutumwa bugira buti “Uyu ni Jolly.”

Ni amafoto yahagurukije amarangamutima ya bamwe mu bamukurikira, aho bagaragaje ko ari mwiza bihebuje.

thisisjolly🦅 pic.twitter.com/af1fqhkCbt

— Jolly Mutesi. #TeamPK (@JollyMutesi) March 4, 2022

Dismas Uwiringiye yahise agira ati “Amafaranga yakugira mwiza cyangwa akakugira mubi, gusa ikigaragara n’ubundi JO wari mwiza mbere utarayabona none wabaye mwiza kurushaho uyabonye.”

Uwitwa Daniel Nzabonimana yagize ati “Jolly est vraiment Jolie [Jolly koko uri mwiza].”

Uwitwa Mr Karemera Patrick na we yagize ati “Ntushobora kumva uburyo nkunda ubuhanga bwawe. Umuco n’ubwiza nibikomeze kukuranga.”

Uwiyita Indibwe na we ati “Nk’u Burusiya na we wamaze kwinjira mu mutima wanjye.”

Naho Jupiter we yavuze ko Miss Jolly afite ubwiza bw’impano kandi bujyanye n’ubuhanga bwe.

Ati “Azi kuvuga, kumwenyura, gukora, kwicara neza ndetse no kubyina n’ibindi byinshi.”

Uwitwa Umucamanza kuri Twitter, we yavuze ko Miss Jolly yari akwiye kongera guhatanira ikamba rya Miss Rwanda.

Yagize ati “Ariko ko ikipe itwara igikombe undi mwaka ukongera ikagihataniri kuki wowe utemererwa kongera guhatana we? Ni ukuri hazabeho kamarampaka.”

Amafoto ya Jolly yatumye benshi bamushima ubwiza

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × one =

Previous Post

Birarushaho kuba bibi- Macron yatelefonnye Putin amuhakanira guhagarika intambara

Next Post

Uregwa gusabisha akazi ‘Diplome’ mpimbano yatakambye asaba gutanga ingwate ya miliyoni 150 akarekurwa

Related Posts

Hari gushakishwa abasore bateye ishuri bagenzwa no kwiba ibiryo by’abanyeshuri

Hari gushakishwa abasore bateye ishuri bagenzwa no kwiba ibiryo by’abanyeshuri

by radiotv10
22/12/2025
0

Hari gushakishwa abasore babiri muri batatu biraye mu ishuri ryo mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi, bahengereye abanyeshuri...

Umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko azitabira igitaramo cyatangiye kuvugisha benshi

Umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko azitabira igitaramo cyatangiye kuvugisha benshi

by radiotv10
22/12/2025
0

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah; yatangaje ko azitabira igitaramo ‘The Nu-Year Groove’ kizaririmbamo The Ben na Bruce...

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Hari urujijo ku mukozi wo mu rugo w’umuhungu ukekwaho kwica uw’umukobwa bakoranaga muri Kigali

by radiotv10
22/12/2025
0

Umuhungu w’imyaka 28 usanzwe ari umukozi wo mu rugo ruherereyeye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, ari gushakishwa...

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

by radiotv10
22/12/2025
0

Kwizera Elias w’imyaka 25 wabarizwaga mu kagari ka Kingwa ko mu murenge wa Gitambi yasanzwe mu mazi y’amashyuza mu kagari...

How young Rwandans build modern careers while staying connected to culture and community

How young Rwandans build modern careers while staying connected to culture and community

by radiotv10
22/12/2025
0

In today’s Rwanda, a new generation is quietly redefining success. Young people are dreaming bigger than ever, building careers in...

IZIHERUKA

Eng.-Major protests erupt in Goma, Eastern DRC
AMAHANGA

Eng.-Major protests erupt in Goma, Eastern DRC

by radiotv10
22/12/2025
0

I Goma muri Congo haramukiye imyigaragambyo ikomeye

I Goma muri Congo haramukiye imyigaragambyo ikomeye

22/12/2025
Hari gushakishwa abasore bateye ishuri bagenzwa no kwiba ibiryo by’abanyeshuri

Hari gushakishwa abasore bateye ishuri bagenzwa no kwiba ibiryo by’abanyeshuri

22/12/2025
Umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko azitabira igitaramo cyatangiye kuvugisha benshi

Umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko azitabira igitaramo cyatangiye kuvugisha benshi

22/12/2025
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Hari urujijo ku mukozi wo mu rugo w’umuhungu ukekwaho kwica uw’umukobwa bakoranaga muri Kigali

22/12/2025
Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

22/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uregwa gusabisha akazi ‘Diplome’ mpimbano yatakambye asaba gutanga ingwate ya miliyoni 150 akarekurwa

Uregwa gusabisha akazi ‘Diplome’ mpimbano yatakambye asaba gutanga ingwate ya miliyoni 150 akarekurwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Major protests erupt in Goma, Eastern DRC

I Goma muri Congo haramukiye imyigaragambyo ikomeye

Hari gushakishwa abasore bateye ishuri bagenzwa no kwiba ibiryo by’abanyeshuri

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.