Friday, December 5, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kamonyi: Abaturage barasaba kwegerezwa ibikorwaremezo

radiotv10by radiotv10
18/09/2021
in MU RWANDA
0
Kamonyi: Abaturage barasaba kwegerezwa ibikorwaremezo
Share on FacebookShare on Twitter

Hari abatuye mu karere ka kamonyi, umurenge wa Rugarika, basaba ubuyobozi bw’akarere ko aharimo gushyirwa site yo guturamo  hakwiye no gushyirwa ibikorwaremezo bihagije birimo amazi umuriro nibindi kugirango ujya kuhatura azahature ntambogamizi ahura nazo. ;ubuyobozi bw’aka karere  buvugako burimo gukora ibishoboka byose ngo ibyo bikorwaremezo bihagere vuba.

Aba baturage batuye mukagari ka sheri mumurenge wa rugarika mukarere ka kamonyi baravuga ko aho batuye kuba harimo gushyirwa site zo guturaho ari ibizamura agaciro kubutaka bwabo ,ibi ngo babihera kukuba mbere icyibanza cyaragurwaga  hagati ya miliyoni nigice kugera kuri ebyiri none ubu ngo ibiciro byikubye kabiri aho  ubu harimo gutunganywa ibibanza byo kubaka, abahatuye  bavuga ko hakwiye no gushyirwa umwe ati “Dukwiye guhabwa  ibikorwaremezo bihagije birimo amazi ,umuriro n’imihanda kuko iyo uguze ikibanza unishyura ibihumbi 250 byo kuhashyira byo bikorwa  none ubu amazi dufite ni mekeya kuko twahatuye mbere turi bakeya ,ubu rero uko abantu biyongera niko amazi agenda aba makeya.

Ukuriye abatunganya site  avuga ko  igikorwa cyo kuzihashyira ari cyiza cyizatuma abaturage batura neza  naho kucyibazo cyo kuba amazi ari makeya ngo barateganya ko mugihe cya vuba bazabaha amazi  Rukiza Jean Damascene ati “Igikorwa cyiza cyagutse cy’iterambere riri mu karere ka Kamonyi  kandi abaturage bose barabyishimiye rwose ,kuko ubu harimo gukatwa imihanda amazi turitegura kuyabaha ndetse n’umuriro urahari ariko dushaka ko ugera hose .ndetse mugihe cya vuba amazi araza kubageraho  kuburyo mubyumweru bike amazi azaba yabagezeho”

Umuyobozi w’akarere ka Kamonyi w’agateganyo  Tuyizere Thadee   avugako site zirimo gutegurwa muri kano karere zigera kuri eshatu zizafasha abashaka kuhubaka mugutura neza ntakajagari kandi ngo abaturage  bashonje bahishiwe ikigiye gukurikira ni ukuhageza  ibikorwaremezo.

Yagize ati “Baturage bacu  bakwiye kwihangana kuko turimo gushakisha uburyo hashyirwaho ibikorwaremezo,ahaciwe amasite yo guturamo yaba iyo mihanda, amazi, umuriro n’ibindi yewe niyo mihanda igomba gutsindagirwa, ndetse hakaba hanajyamo ibikowaremezo ariko nabo bashyiramo imbaraga zabo”

Akarere ka kamonyi kavuga ko katunganyije site cumi n’eshanu, ibi bikorwa biri gukorwa mu mirenge ifatwa nk’iy’umujyi wa Kamonyi; Rugarika, Runda na Gacurabwenge ku buso bwa hegitari 4000. Mu gice cy’imirenge isigaye ifatwa nk’icyaro naho abaturage batura mu midugudu 135 yapimwe ikanatunganywa.

Inkuru ya: MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 1 =

Previous Post

KICUKIRO: Hatangiye ubukangurambaga bugamije kurwanya COVID-19 ku rwego rw’umudugugu

Next Post

Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Related Posts

Amateka ariyanditse: Perezida Kagame na Tshisekedi basinye amasezerano yari atagerejwe n’Isi yose

Amateka ariyanditse: Perezida Kagame na Tshisekedi basinye amasezerano yari atagerejwe n’Isi yose

by radiotv10
04/12/2025
0

Mu muhango wabereye muri White House-Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za America, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, na...

Dore uko gahunda y’isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na DRC iteye kuva itangiye kugeza ihumuje

Dore uko gahunda y’isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na DRC iteye kuva itangiye kugeza ihumuje

by radiotv10
04/12/2025
0

Umunsi wari utegerejwe wageze, ahateganyijwe isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubukungu hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashyirwaho umukono...

Ikigiye gukurikira nyuma yuko hari ab’i Rusizi bagaragaye bigamba ko banywa ikiyobyabwenge cy’urumogi

Ikigiye gukurikira nyuma yuko hari ab’i Rusizi bagaragaye bigamba ko banywa ikiyobyabwenge cy’urumogi

by radiotv10
04/12/2025
0

Nyuma yuko hasakaye amashusho agaragaza bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rusizi, bigamba ko banywa urumogi, ubuyobozi bw’aka Karere...

Abanyekongo bahunze imirwano yahinduye isura hagati ya AFC/M23 n’abarimo Ingabo z’u Burundi bavuze uko basize bimeze

Abanyekongo bahunze imirwano yahinduye isura hagati ya AFC/M23 n’abarimo Ingabo z’u Burundi bavuze uko basize bimeze

by radiotv10
04/12/2025
0

Bamwe mu Banyekongo bahungiye mu Rwanda imirwano ikomeye iri kubera mu gace ka Kamanyola mu Ntara ya Kivu y’Epfo, baravuga...

Bahawe inzu nziza ariko ngo hari icyo basaba cyatuma bazigiriramo imibereho myiza

Bahawe inzu nziza ariko ngo hari icyo basaba cyatuma bazigiriramo imibereho myiza

by radiotv10
04/12/2025
0

Bamwe mu batujwe mu mudugudu uherereye mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana, bavuga ko bamaze imyaka itanu batarahabwa...

IZIHERUKA

Amateka ariyanditse: Perezida Kagame na Tshisekedi basinye amasezerano yari atagerejwe n’Isi yose
MU RWANDA

Amateka ariyanditse: Perezida Kagame na Tshisekedi basinye amasezerano yari atagerejwe n’Isi yose

by radiotv10
04/12/2025
0

Ibyo twamenye ku isakara ry’amashusho agaragaramo umuhanzi Nyarwanda akomeje kurikoroza

Hahishuwe byinshi ku by’amashusho y’urukozasoni ya Yampano na we akomozwaho mu rubanza

04/12/2025
Hatangajwe amakuru y’akaga kasizwe n’ibitero byaturutse i Burundi bikagabwa muri Congo

Hatangajwe amakuru y’akaga kasizwe n’ibitero byaturutse i Burundi bikagabwa muri Congo

04/12/2025
Umunyamakuru ‘Djihad’ uregwa ibifitanye isano n’amashusho y’urukozasoni ari mu bageze ku Rukiko

Umunyamakuru ‘Djihad’ uregwa ibifitanye isano n’amashusho y’urukozasoni ari mu bageze ku Rukiko

04/12/2025
Dore uko gahunda y’isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na DRC iteye kuva itangiye kugeza ihumuje

Dore uko gahunda y’isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na DRC iteye kuva itangiye kugeza ihumuje

04/12/2025
Ikigiye gukurikira nyuma yuko hari ab’i Rusizi bagaragaye bigamba ko banywa ikiyobyabwenge cy’urumogi

Ikigiye gukurikira nyuma yuko hari ab’i Rusizi bagaragaye bigamba ko banywa ikiyobyabwenge cy’urumogi

04/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amateka ariyanditse: Perezida Kagame na Tshisekedi basinye amasezerano yari atagerejwe n’Isi yose

Hahishuwe byinshi ku by’amashusho y’urukozasoni ya Yampano na we akomozwaho mu rubanza

Hatangajwe amakuru y’akaga kasizwe n’ibitero byaturutse i Burundi bikagabwa muri Congo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.