Friday, December 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kamonyi: Abaturage barasaba kwegerezwa ibikorwaremezo

radiotv10by radiotv10
18/09/2021
in MU RWANDA
0
Kamonyi: Abaturage barasaba kwegerezwa ibikorwaremezo
Share on FacebookShare on Twitter

Hari abatuye mu karere ka kamonyi, umurenge wa Rugarika, basaba ubuyobozi bw’akarere ko aharimo gushyirwa site yo guturamo  hakwiye no gushyirwa ibikorwaremezo bihagije birimo amazi umuriro nibindi kugirango ujya kuhatura azahature ntambogamizi ahura nazo. ;ubuyobozi bw’aka karere  buvugako burimo gukora ibishoboka byose ngo ibyo bikorwaremezo bihagere vuba.

Aba baturage batuye mukagari ka sheri mumurenge wa rugarika mukarere ka kamonyi baravuga ko aho batuye kuba harimo gushyirwa site zo guturaho ari ibizamura agaciro kubutaka bwabo ,ibi ngo babihera kukuba mbere icyibanza cyaragurwaga  hagati ya miliyoni nigice kugera kuri ebyiri none ubu ngo ibiciro byikubye kabiri aho  ubu harimo gutunganywa ibibanza byo kubaka, abahatuye  bavuga ko hakwiye no gushyirwa umwe ati “Dukwiye guhabwa  ibikorwaremezo bihagije birimo amazi ,umuriro n’imihanda kuko iyo uguze ikibanza unishyura ibihumbi 250 byo kuhashyira byo bikorwa  none ubu amazi dufite ni mekeya kuko twahatuye mbere turi bakeya ,ubu rero uko abantu biyongera niko amazi agenda aba makeya.

Ukuriye abatunganya site  avuga ko  igikorwa cyo kuzihashyira ari cyiza cyizatuma abaturage batura neza  naho kucyibazo cyo kuba amazi ari makeya ngo barateganya ko mugihe cya vuba bazabaha amazi  Rukiza Jean Damascene ati “Igikorwa cyiza cyagutse cy’iterambere riri mu karere ka Kamonyi  kandi abaturage bose barabyishimiye rwose ,kuko ubu harimo gukatwa imihanda amazi turitegura kuyabaha ndetse n’umuriro urahari ariko dushaka ko ugera hose .ndetse mugihe cya vuba amazi araza kubageraho  kuburyo mubyumweru bike amazi azaba yabagezeho”

Umuyobozi w’akarere ka Kamonyi w’agateganyo  Tuyizere Thadee   avugako site zirimo gutegurwa muri kano karere zigera kuri eshatu zizafasha abashaka kuhubaka mugutura neza ntakajagari kandi ngo abaturage  bashonje bahishiwe ikigiye gukurikira ni ukuhageza  ibikorwaremezo.

Yagize ati “Baturage bacu  bakwiye kwihangana kuko turimo gushakisha uburyo hashyirwaho ibikorwaremezo,ahaciwe amasite yo guturamo yaba iyo mihanda, amazi, umuriro n’ibindi yewe niyo mihanda igomba gutsindagirwa, ndetse hakaba hanajyamo ibikowaremezo ariko nabo bashyiramo imbaraga zabo”

Akarere ka kamonyi kavuga ko katunganyije site cumi n’eshanu, ibi bikorwa biri gukorwa mu mirenge ifatwa nk’iy’umujyi wa Kamonyi; Rugarika, Runda na Gacurabwenge ku buso bwa hegitari 4000. Mu gice cy’imirenge isigaye ifatwa nk’icyaro naho abaturage batura mu midugudu 135 yapimwe ikanatunganywa.

Inkuru ya: MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 + 14 =

Previous Post

KICUKIRO: Hatangiye ubukangurambaga bugamije kurwanya COVID-19 ku rwego rw’umudugugu

Next Post

Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Related Posts

Perezida Kagame na Ndayishimiye bicaranye mu nama ya EAC itagaragayemo Tshisekedi

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

by radiotv10
11/12/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko ubwo u Burundi bwari bukomeje kongera umubare w’Ingabo muri DRC, ndetse zimwe zijya gushinga ibirindiro...

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

by radiotv10
11/12/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko abakomeje kwikoreza u Rwanda ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakwiye kwibuka ko atari...

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

by radiotv10
11/12/2025
0

Umukozi ushinzwe imyirwarire y’abanyeshuri mu ishuri rya Saint Trinité de Ruhango riherereye mu Karere ka Ruhango, yatawe muri yombi n’Urwego...

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

by radiotv10
11/12/2025
0

The President of the Republic, Paul Kagame, said that the fighting that has been taking place in parts of South...

Ni gute hatahuwe abakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’Ikigo cya Gisirikare mu Rwanda

Ni gute hatahuwe abakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’Ikigo cya Gisirikare mu Rwanda

by radiotv10
11/12/2025
0

Abantu 15 barimo abaganga, n’abanyamuryango b’Ikigo cya Gisirikare cy’Ubwishingizi ku Ndwara (MMI), bakuriranyweho kunyereza amafaranga y’iki Kigo, aho batahuwe ubwo...

IZIHERUKA

Perezida Kagame na Ndayishimiye bicaranye mu nama ya EAC itagaragayemo Tshisekedi
MU RWANDA

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

by radiotv10
11/12/2025
0

AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

11/12/2025
Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

11/12/2025
Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

11/12/2025
President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

11/12/2025
Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

11/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.