Tuesday, January 27, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kamonyi: Abaturage barasaba kwegerezwa ibikorwaremezo

radiotv10by radiotv10
18/09/2021
in MU RWANDA
0
Kamonyi: Abaturage barasaba kwegerezwa ibikorwaremezo
Share on FacebookShare on Twitter

Hari abatuye mu karere ka kamonyi, umurenge wa Rugarika, basaba ubuyobozi bw’akarere ko aharimo gushyirwa site yo guturamo  hakwiye no gushyirwa ibikorwaremezo bihagije birimo amazi umuriro nibindi kugirango ujya kuhatura azahature ntambogamizi ahura nazo. ;ubuyobozi bw’aka karere  buvugako burimo gukora ibishoboka byose ngo ibyo bikorwaremezo bihagere vuba.

Aba baturage batuye mukagari ka sheri mumurenge wa rugarika mukarere ka kamonyi baravuga ko aho batuye kuba harimo gushyirwa site zo guturaho ari ibizamura agaciro kubutaka bwabo ,ibi ngo babihera kukuba mbere icyibanza cyaragurwaga  hagati ya miliyoni nigice kugera kuri ebyiri none ubu ngo ibiciro byikubye kabiri aho  ubu harimo gutunganywa ibibanza byo kubaka, abahatuye  bavuga ko hakwiye no gushyirwa umwe ati “Dukwiye guhabwa  ibikorwaremezo bihagije birimo amazi ,umuriro n’imihanda kuko iyo uguze ikibanza unishyura ibihumbi 250 byo kuhashyira byo bikorwa  none ubu amazi dufite ni mekeya kuko twahatuye mbere turi bakeya ,ubu rero uko abantu biyongera niko amazi agenda aba makeya.

Ukuriye abatunganya site  avuga ko  igikorwa cyo kuzihashyira ari cyiza cyizatuma abaturage batura neza  naho kucyibazo cyo kuba amazi ari makeya ngo barateganya ko mugihe cya vuba bazabaha amazi  Rukiza Jean Damascene ati “Igikorwa cyiza cyagutse cy’iterambere riri mu karere ka Kamonyi  kandi abaturage bose barabyishimiye rwose ,kuko ubu harimo gukatwa imihanda amazi turitegura kuyabaha ndetse n’umuriro urahari ariko dushaka ko ugera hose .ndetse mugihe cya vuba amazi araza kubageraho  kuburyo mubyumweru bike amazi azaba yabagezeho”

Umuyobozi w’akarere ka Kamonyi w’agateganyo  Tuyizere Thadee   avugako site zirimo gutegurwa muri kano karere zigera kuri eshatu zizafasha abashaka kuhubaka mugutura neza ntakajagari kandi ngo abaturage  bashonje bahishiwe ikigiye gukurikira ni ukuhageza  ibikorwaremezo.

Yagize ati “Baturage bacu  bakwiye kwihangana kuko turimo gushakisha uburyo hashyirwaho ibikorwaremezo,ahaciwe amasite yo guturamo yaba iyo mihanda, amazi, umuriro n’ibindi yewe niyo mihanda igomba gutsindagirwa, ndetse hakaba hanajyamo ibikowaremezo ariko nabo bashyiramo imbaraga zabo”

Akarere ka kamonyi kavuga ko katunganyije site cumi n’eshanu, ibi bikorwa biri gukorwa mu mirenge ifatwa nk’iy’umujyi wa Kamonyi; Rugarika, Runda na Gacurabwenge ku buso bwa hegitari 4000. Mu gice cy’imirenge isigaye ifatwa nk’icyaro naho abaturage batura mu midugudu 135 yapimwe ikanatunganywa.

Inkuru ya: MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 − four =

Previous Post

KICUKIRO: Hatangiye ubukangurambaga bugamije kurwanya COVID-19 ku rwego rw’umudugugu

Next Post

Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Related Posts

Brig.Gen.Gasana uherutse kugirwa Umupilote Wihariye wa Perezida yahererekanyije ububasha n’uwamusimbuye

Brig.Gen.Gasana uherutse kugirwa Umupilote Wihariye wa Perezida yahererekanyije ububasha n’uwamusimbuye

by radiotv10
27/01/2026
0

Brigadier General Godfrey Gasana wahoze ari Umugaba Wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere akaba aherutse kugirwa Umupilote wihariye wa Perezida wa...

Perezida na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza mpuzamahanga

Perezida na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza mpuzamahanga

by radiotv10
27/01/2026
0

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza, Bill na Joyce Cummings; ndetse n’abagira uruhare...

Ikibazo cy’abarumwa n’imbwa mu Rwanda cyahagurukiwe hanagaragazwa imibare y’uko gihagaze

Ikibazo cy’abarumwa n’imbwa mu Rwanda cyahagurukiwe hanagaragazwa imibare y’uko gihagaze

by radiotv10
27/01/2026
0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) ku bufatanye n’Ihuriro ry’Imiryango itari iya Leta, bari mu bukangurambaga bwo gukumira indwara zititaweho, zirimo...

Abakekwaho ubujura bw’amamiliyoni bafatanywe ibimenyetso bibashinja

Abakekwaho ubujura bw’amamiliyoni bafatanywe ibimenyetso bibashinja

by radiotv10
26/01/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyaruguru, yafashe abagabo batatu bakekwaho ubujura bakoreye umuturage, bibye arenge miliyoni 6 Frw...

Uwakunze kugaragara anyanyagiza amafaranga akanabifungirwa yavuze isomo rikomeye byamusigiye

Uwakunze kugaragara anyanyagiza amafaranga akanabifungirwa yavuze isomo rikomeye byamusigiye

by radiotv10
26/01/2026
0

Uzwi nka Prophet Joshua uherutse gufungwa akurikiranyweho icyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Igihugu kubera ibikorwa yakunze kugaragaramo anyanyagiza amafaranga ayaha...

IZIHERUKA

Brig.Gen.Gasana uherutse kugirwa Umupilote Wihariye wa Perezida yahererekanyije ububasha n’uwamusimbuye
MU RWANDA

Brig.Gen.Gasana uherutse kugirwa Umupilote Wihariye wa Perezida yahererekanyije ububasha n’uwamusimbuye

by radiotv10
27/01/2026
0

Perezida na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza mpuzamahanga

Perezida na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza mpuzamahanga

27/01/2026
Ikibazo cy’abarumwa n’imbwa mu Rwanda cyahagurukiwe hanagaragazwa imibare y’uko gihagaze

Ikibazo cy’abarumwa n’imbwa mu Rwanda cyahagurukiwe hanagaragazwa imibare y’uko gihagaze

27/01/2026
Abakekwaho ubujura bw’amamiliyoni bafatanywe ibimenyetso bibashinja

Abakekwaho ubujura bw’amamiliyoni bafatanywe ibimenyetso bibashinja

26/01/2026
Irebere akarasisi kadasanzwe kamurikiwemo intwaro za rutura mu Buhindi (AMAFOTO)

Irebere akarasisi kadasanzwe kamurikiwemo intwaro za rutura mu Buhindi (AMAFOTO)

26/01/2026
Uwakunze kugaragara anyanyagiza amafaranga akanabifungirwa yavuze isomo rikomeye byamusigiye

Uwakunze kugaragara anyanyagiza amafaranga akanabifungirwa yavuze isomo rikomeye byamusigiye

26/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Brig.Gen.Gasana uherutse kugirwa Umupilote Wihariye wa Perezida yahererekanyije ububasha n’uwamusimbuye

Perezida na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abakora ibikorwa by’ubugiraneza mpuzamahanga

Ikibazo cy’abarumwa n’imbwa mu Rwanda cyahagurukiwe hanagaragazwa imibare y’uko gihagaze

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.