Tuesday, January 13, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Kariakoo: Ibrahim Ajibu yatorotse umwiherero mbere y’uko Yanga SC icakirana na Simba SC

radiotv10by radiotv10
02/07/2021
in SIPORO
0
Kariakoo: Ibrahim Ajibu yatorotse umwiherero mbere y’uko Yanga SC icakirana na Simba SC
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Nyakanga 2021 guhera saa kumi n’imwe zuzuye ku masaha y’i Dar Es Slaam (17h00’) bizaba ari saa kumi ku masaha y’i Kigali (16h00’), ruraba rwambikanye hagati ya Simba SC na Yanga SC mu isibaniro ry’ibigugu. Ibrahim Ajibu Migomba yabuze mu mwiherero wa Simba SC.

Ku ruhande rwa Simba SC kuri ubu biravugwa ko abakinnyi barimo Jonas Gerald Mkude na Ibrahim Ajibu Migomba batazaboneka muri uyu mukino.

Jonas Mkude ari mu bihano by’igihe kitazwi mu gihe amakuru ava i Dar Es Slaam ahamya ko Ibrahim Ajibu Migomba yaburiwe irengero kuko yasohotse mu mwiherero akajya ahantu ahantu hataramenyekana.

Undi mukinnyi wa Simba SC utari mu mwiherero ni Perfect Chikwende wagiye mu butumire bw’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe kwitegura imikino ya COSAFA 2021.

See the source image

Ibrahim Ajibu Migomba yatorotse umwiherero wa Simba SC mbere y’uko bahura na Yanga SC

Ku ruhande rwa Yanga SC ntabwo bafite Balama Mapinduzi utarakira neza imvune yagize mu 2020 kimwe n’umunyezamu Boniface Metacha Mnata uri mu bihano.

Ni umukino uzakinwa mbere y’uko n’ubundi aya makipe azahurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu (Azam Sports Federation Cup 2021), umukino uzakinwa tariki 25 Nyakanga 2021.

Ni umukino ikipe ya Simba SC izakina iri imbere ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona 2020-2021 n’amanota 73 mu mikino 29 mu gihe Yanga SC ari iya kabiri n’amanota 67 mu mikino 31. Azam FC ni iya gatatu n’amanota 64 mu mikino 32 imaze gukina.

See the source image

Rally Bwalya wa Simba SC hagati ya Bakary Super Nondo Mwamnyeto (3) na Farid Moussa Mallick (17)

Abakinnyi 11 bashobora kubanza mu kibuga:

Simba SC:

Aishi Salum Manula (GK)

2.Shomari Salim Kapombe

3.Mohammed Hussein Zimbwe Jr

4.Joash Onyango Auchieng

5.Serge Pascal Wawa

6.Taddeo Lwanga

7.Mzamiru Yassin Said

8.Clatous Chota Chama

9.Bernard Morrison

10.Jose Luis Miquissone

11.John Raphael Bocco (C)

Yanga SC:

1.Farouk Shikalo (GK)

2.Kibwana Ally Shomari

3.Abdallah Shaib Ninja

4.Bakary Nondo Mwamnyeto

5.Yassin Mustafa

6.Mukoko Tonombe

7.Feisal Salum Abdallah “Fei Toto”

8.Saido Ntibazonkiza

9.Tuisila Ossien Kisinda

10.Deus David Kaseke

11.Yacouba Sogne.

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × two =

Previous Post

COVID-19: Mu kwezi kumwe abarwariye mu bitaro bikubye inshuro esheshatu, umwuka bahabwa urushaho

Next Post

Iranzi Jean Claude na bagenzi be bazamuye Pharco FC mu cyiciro cya mbere

Related Posts

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ubuyobozi bw'Ikipe y'Amgaju FC, bwirukanye abatoza bose bayitozaga, ibashinja umusaruro mubi, harimo no kuba banyagiwe ibitego 8-0 na Al Hilal,...

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

by radiotv10
12/01/2026
0

Munyakazi Sadate wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yavuze ko ubwo iyi kipe yatsindwaga na mucyeba wayo ibitego 4-1 ku...

Barcelona yongeye gutwara Igikombe kiruta ibindi muri Espagne ibabaje mukeba wayo

Barcelona yongeye gutwara Igikombe kiruta ibindi muri Espagne ibabaje mukeba wayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ikipe ya FC Barcelona yatwaye igikombe kiruta ibindi muri Spain (Spanish Super Cup cyangwa Supercopa de España) nyuma yo gutsinda...

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

by radiotv10
10/01/2026
0

In a world full of intense workout trends and gym culture, walking is often overlooked. Many people believe that if...

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

by radiotv10
09/01/2026
0

Nyuma y’imyitozo ya nyuma bitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cya Super Cup, umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko...

IZIHERUKA

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23
AMAHANGA

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

by radiotv10
13/01/2026
0

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

13/01/2026
Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

13/01/2026
Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

13/01/2026
Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho kongera kohereza abasirikare benshi muri Congo mu ibanga

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho kongera kohereza abasirikare benshi muri Congo mu ibanga

13/01/2026
Perezida wa America yateguje igisa n’igihano Ibihugu bizakomeza gukorana ubucuruzi na Iran

Perezida wa America yateguje igisa n’igihano Ibihugu bizakomeza gukorana ubucuruzi na Iran

13/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Iranzi Jean Claude na bagenzi be bazamuye Pharco FC mu cyiciro cya mbere

Iranzi Jean Claude na bagenzi be bazamuye Pharco FC mu cyiciro cya mbere

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.