Friday, November 21, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Kariakoo: Ibrahim Ajibu yatorotse umwiherero mbere y’uko Yanga SC icakirana na Simba SC

radiotv10by radiotv10
02/07/2021
in SIPORO
0
Kariakoo: Ibrahim Ajibu yatorotse umwiherero mbere y’uko Yanga SC icakirana na Simba SC
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Nyakanga 2021 guhera saa kumi n’imwe zuzuye ku masaha y’i Dar Es Slaam (17h00’) bizaba ari saa kumi ku masaha y’i Kigali (16h00’), ruraba rwambikanye hagati ya Simba SC na Yanga SC mu isibaniro ry’ibigugu. Ibrahim Ajibu Migomba yabuze mu mwiherero wa Simba SC.

Ku ruhande rwa Simba SC kuri ubu biravugwa ko abakinnyi barimo Jonas Gerald Mkude na Ibrahim Ajibu Migomba batazaboneka muri uyu mukino.

Jonas Mkude ari mu bihano by’igihe kitazwi mu gihe amakuru ava i Dar Es Slaam ahamya ko Ibrahim Ajibu Migomba yaburiwe irengero kuko yasohotse mu mwiherero akajya ahantu ahantu hataramenyekana.

Undi mukinnyi wa Simba SC utari mu mwiherero ni Perfect Chikwende wagiye mu butumire bw’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe kwitegura imikino ya COSAFA 2021.

See the source image

Ibrahim Ajibu Migomba yatorotse umwiherero wa Simba SC mbere y’uko bahura na Yanga SC

Ku ruhande rwa Yanga SC ntabwo bafite Balama Mapinduzi utarakira neza imvune yagize mu 2020 kimwe n’umunyezamu Boniface Metacha Mnata uri mu bihano.

Ni umukino uzakinwa mbere y’uko n’ubundi aya makipe azahurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu (Azam Sports Federation Cup 2021), umukino uzakinwa tariki 25 Nyakanga 2021.

Ni umukino ikipe ya Simba SC izakina iri imbere ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona 2020-2021 n’amanota 73 mu mikino 29 mu gihe Yanga SC ari iya kabiri n’amanota 67 mu mikino 31. Azam FC ni iya gatatu n’amanota 64 mu mikino 32 imaze gukina.

See the source image

Rally Bwalya wa Simba SC hagati ya Bakary Super Nondo Mwamnyeto (3) na Farid Moussa Mallick (17)

Abakinnyi 11 bashobora kubanza mu kibuga:

Simba SC:

Aishi Salum Manula (GK)

2.Shomari Salim Kapombe

3.Mohammed Hussein Zimbwe Jr

4.Joash Onyango Auchieng

5.Serge Pascal Wawa

6.Taddeo Lwanga

7.Mzamiru Yassin Said

8.Clatous Chota Chama

9.Bernard Morrison

10.Jose Luis Miquissone

11.John Raphael Bocco (C)

Yanga SC:

1.Farouk Shikalo (GK)

2.Kibwana Ally Shomari

3.Abdallah Shaib Ninja

4.Bakary Nondo Mwamnyeto

5.Yassin Mustafa

6.Mukoko Tonombe

7.Feisal Salum Abdallah “Fei Toto”

8.Saido Ntibazonkiza

9.Tuisila Ossien Kisinda

10.Deus David Kaseke

11.Yacouba Sogne.

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four + 20 =

Previous Post

COVID-19: Mu kwezi kumwe abarwariye mu bitaro bikubye inshuro esheshatu, umwuka bahabwa urushaho

Next Post

Iranzi Jean Claude na bagenzi be bazamuye Pharco FC mu cyiciro cya mbere

Related Posts

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

by radiotv10
21/11/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC) ku nshuro ya mbere mu mateka yashyize hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu...

Kwinjiza abafana ku buntu ni inyungu ku Mavubi cyangwa ni ukubamenyereza nabi?

Menya umwanya Amavubi yajeho ku Isi ku rutonde ngarukakwezi

by radiotv10
20/11/2025
0

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda mu mupira w'amaguru, Amavubi yagumye ku mwanya wa 131 ku rutonde ngarukakwezi rw'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku...

Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo by’abahize abandi mu mupira w’amaguru muri Afurika

Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo by’abahize abandi mu mupira w’amaguru muri Afurika

by radiotv10
20/11/2025
0

Ibihembo by'abahize abandi mu mupira w'Amaguru ku Mugabane wa Afurika (CAF Awards 2025) byaranze n'ubwiganze bw’Abanya-Morocco bigukanyemo byinshi dore ko...

23 bahagarariye u Rwanda baratangira gukina Shampiyona Nyafurika y’Amagare

23 bahagarariye u Rwanda baratangira gukina Shampiyona Nyafurika y’Amagare

by radiotv10
20/11/2025
0

Mu gihugu cya Kenya haratangira Shampiyona Nyafurika y’umukino w’amagare, aho u Rwanda ruhagarariwe n’abakinnyi 23 bari mu byiciro umunani. Abakinnyi...

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

by radiotv10
18/11/2025
0

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura RMC rwongeye kwibutsa abanamakuru bakora ibiganiro bya siporo ko ibitangazamakuru bakorera atari imiyoboro yo gutambukirizamo ubutumwa bwo...

IZIHERUKA

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika
SIPORO

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

by radiotv10
21/11/2025
0

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

21/11/2025
Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

21/11/2025
Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

21/11/2025
U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

21/11/2025
Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

21/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Iranzi Jean Claude na bagenzi be bazamuye Pharco FC mu cyiciro cya mbere

Iranzi Jean Claude na bagenzi be bazamuye Pharco FC mu cyiciro cya mbere

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.