Monday, January 12, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kayonza: Hari aho batagipfa kunyura kubera abantu bataramenyekana

radiotv10by radiotv10
02/10/2025
in MU RWANDA
0
Kayonza: Hari aho batagipfa kunyura kubera abantu bataramenyekana
Share on FacebookShare on Twitter

Abatuye mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko mu ishyamba riri mu Kagari ka Kinzovu hafi y’umuhanda wa kaburimbo, hari abantu bahategera abantu n’imodoka, bakabiba ku buryo nta bagipfa kuhanyura mu masaha y’umugoroba.

Havugimana Samuel avuga ko yakubitiwe amabuye n’abantu bataramenyekana bakunze kwihisha muri iri shyamba riri kuri Kaburimbo mu Mudugudu w’Akinyenyeri mu Kagari ka Kinzovu ubwo yatabazwga n’abashinzwe irondo ngo bajye gutabara umushoferi na we wari uri gutabaza.

Ati “Tugiye dusanga batwiteguye n’amabuye baratwirukana, nibwo twirukanse hariya mu nturusi, nibwo bankubise ibuye ahangaha n’uriya twarikumwe ntiyakomeretse cyane ni jye wakomeretse.”

Bamwe mu baturage ndetse n’abashinzwe irondo muri muri aka gace iri shyamba ry’inturusu riherereyemo, barumvikana ko ari itsinda ry’abantu b’ibihazi bikinga muri iri shyamba bagamijwe kwiba ku modoka.

Haragirimana Ezechiel ati “Bitwaza ririya shyamba ntahandi wakwihisha, hacaho ikamyo bakayipanda bagaca imigozi. Twarahuruye bari batwishe bafite ibyuma icyo batari bafite n’imbunda.”

Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza, Nyemazi John Bosco avuga ko bagiye gukurikirana iki kibazo bakareba uko cyafatirwa ingamba.

Ati “Niba ari case yabayeho rimwe ntabwo twayemeza nk’aho ari ikintu kihahora. Icyo twakora ni uko twakurikirana aho byaba byaraturutse tugafata n’ingamba zo gukomeza kubikumbira.”

Abahaturiye bemeza ko nyuma ya saa mbiri z’ijoro nta muturage uhacaracara ngo ahanyure, ndetse ko n’ibinyabiziga bikurura biba bikuye ibicuruzwa hanze y’u Rwanda, bihanyura bigenda buhoro, byibwa ibyo biba bipakiye.

Bavuga ko abantu bataramenyekana bihisha mu ishyamba bakabagirira nabi
Uyu avuga ko aherutse kuhakubitirwa

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − 1 =

Previous Post

How to restart your life when you feel left behind

Next Post

Nyanza: Abagabo babiri bari mu bikorwa bitemewe bahuye n’uruva gusenya umwe ahasiga ubuzima

Related Posts

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

by radiotv10
12/01/2026
0

Bamwe mu batuye mu Kagari ka Kirambi mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza, baravuga ko babaruje ubutaka bwabo...

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Many people struggle with money not because they earn too little, but because they confuse needs with wants. Understanding the...

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

by radiotv10
10/01/2026
0

Bamwe mu bakecuru batishoboye bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, bibumbiye mu itsinda ryo kwikura mu bukene,...

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

by radiotv10
09/01/2026
0

Road safety remains a major public concern in Rwanda, especially as the number of vehicles continues to increase. In response...

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

by radiotv10
09/01/2026
0

Abatwara amagare na bo bari mu barebwa n’ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu muhanda. Ni ubutumwa abantu bakwiye gukura mu...

IZIHERUKA

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo
MU RWANDA

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

by radiotv10
12/01/2026
0

Barcelona yongeye gutwara Igikombe kiruta ibindi muri Espagne ibabaje mukeba wayo

Barcelona yongeye gutwara Igikombe kiruta ibindi muri Espagne ibabaje mukeba wayo

12/01/2026
Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

10/01/2026
Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

10/01/2026
Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

10/01/2026
Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Kigali: Uwafatiwe iwe kubera gukora ibitemewe yahishuye amayeri yakoreshaga

Nyanza: Abagabo babiri bari mu bikorwa bitemewe bahuye n’uruva gusenya umwe ahasiga ubuzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

Barcelona yongeye gutwara Igikombe kiruta ibindi muri Espagne ibabaje mukeba wayo

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.