Saturday, December 6, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

KIGALI: Abakora ubuzunguzayi bakomeje kwibaza ikigenderwaho iyo habonetse inkunga yo kubafasha

radiotv10by radiotv10
18/10/2021
in MU RWANDA
0
KIGALI: Abakora ubuzunguzayi bakomeje kwibaza ikigenderwaho iyo habonetse inkunga yo kubafasha
Share on FacebookShare on Twitter

Hari abakora ubuzunguzayi bakomeje kwibaza impamvu iyo habonetse amafanga yo kubafasha hafatwa bamwe abandi bakaburiramo arko ngo  igikomeye cyane bibaza ni uko abafashywa batoranywa aho ngo basanga hari ubwo habamo amanyanga  ,Kuruhande rw’ubuyobozi bw’umujyi wa kigali buvuga ko  Haherwa ku bakorera hamwe kuko aribo biba byoroshye kumenya neza ibibazo buri umumwe afite binyuze mubo bakorana.

Iyo uganira n’abakora ubuzunguzayi  muri Kigali  baba bihisha abashinzwe umutekano kuko ubucuruzi bakora butemewe n’amategeko by’umwihariko umujyi wa Kigali.

Umwe muri bo yagize ati «Duhora twibaza ikigenderwaho ngo bamwe muri bagenzi bacu bahabwe igishoro. Hari igihe tuba twicaranye wajya kubona umwe bramuhamagaye ngo ejo uzajye ku murenge ubwo uwo agahabwa amafanga, none wowe ugasigara wibaza ngo ese hagenderwa kuki ? »

Mugenzi we nawe ukora ubuzunguzayi avuga ko abatoranya abahabwa igishoro bakwiye gushyira ahagaragara ibigenderwaho.

«Njyewe maze igihe ncuruza mu kajagari ariko sindabona amafaranga ariko njya kubona nkabona hari bagenzi banjye bahaye ayo mafaranga kandi akenshi baba banifashije kundusha mbona harimo ikimenyane, igishoro bagiha n’ubundi abasanzwe bagifite rwose”Umuzunguzayi

Abakora ubuzunguzayi bifuza ko hashyirwaho ibgenderwaho kugira ngo  bahitemmo ubona amafaranga yigishora aho kugirango bajye baza batoranyemo bamwe abandi basigare

Kuri icyi kibazo ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buvuga ko gutanga ubufasha bahera mu bibumbiye hamwe.

Umuyobozi mukuru, Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Jean Rubangutsangabo yaguze ati « Mu gufasha abasanzwe bari mu masoko, dukorana n’ubuyobozi bw’amasoko bakoreramo ariko nabwo bigaterwa n’ingano y’amafaranga yabonetse kuko hari igihe inkunga yabonetse iba itabakwira bose. Icyo gihe hafashwa bamwe abandi bakazahabwa ikindi gihe.

Yongeye agira ati “Haherwa ku bakorera hamwe (cooperatives, ibimina, etc) kuko aribo biba byoroshye kumenya neza ibibazo buri umwe afite binyuze mu bo bakorana”

Kuva 2016 hagiye hashyirwaho ingamba n’amabwiriza  bitandukanye byo kurwanya no guca abazunguzayi muri Kigali ariko birasa n’aho byananiranye kuko muri Kigali ahakorerwa ubucuruzi utarenga umutaru utabonye abakora ubu bucuruzi kuko bigeze naho ababukora bajyana ibicuruzwa mu ngo z’abantu.

Inkuru ya Juventine Muragijemariya/Radio&Tv10

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 3 =

Previous Post

Imyaka 14 irashije Lucky Phillip Dube ufatwa nk’umwami wa Reggae apfuye

Next Post

Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United

Related Posts

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

by radiotv10
06/12/2025
0

Imiryango 214 itishoboye y'abahinzi ba Kawa yo mu Mirenge ya Rwinkwavu na Kabarondo yatangiye guhabwa ibiti bya Kawa ibihumbi 80,...

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

by radiotv10
05/12/2025
0

I Washington D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za America, ahari hahanzwe amaso n’Isi yose, haraye habereye umuhango wo gusinya amasezerano...

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahozi mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahozi mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

by radiotv10
05/12/2025
0

Impinduka mu buyobozi bw’umujyi wa Kigali hari abo zahiriye abandi ntizabahira , Hashize imyaka itanu manda ya mbere irangiye kuva...

Abasirikarekazi b’u Rwanda beretse abagore bo muri Sudani y’Epfo uko bakwirwanaho igihe hari ubahohoteye

Abasirikarekazi b’u Rwanda beretse abagore bo muri Sudani y’Epfo uko bakwirwanaho igihe hari ubahohoteye

by radiotv10
05/12/2025
0

Abagore bo mu Ngabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, bagaragarije abagore n’abakobwa bo muri iki Gihugu...

Imirwano muri Congo ikomeje guca ibintu, Abanyekongo benshi bari gukiza amagara bahungira mu Rwanda

Imirwano muri Congo ikomeje guca ibintu, Abanyekongo benshi bari gukiza amagara bahungira mu Rwanda

by radiotv10
05/12/2025
0

Abanyekongo biganjemo abagore n’abana bakomeje guhungira mu Rwanda nyuma yuko imirwano ikomeje gukara mu bice bimwe mu byo muri Kivu...

IZIHERUKA

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe
AMAHANGA

AFC/M23 yageneye ubutumwa u Burundi bwakajije imbaraga mu bufasha buha ubutegetsi bwa Congo

by radiotv10
06/12/2025
0

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

06/12/2025
U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

06/12/2025
Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

06/12/2025
Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

05/12/2025
Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

05/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United

Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yageneye ubutumwa u Burundi bwakajije imbaraga mu bufasha buha ubutegetsi bwa Congo

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.