• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Kigali: Coaster yari yuzuyemo abanyeshuri yakoze impanuka haba akaboko k’Imana

radiotv10by radiotv10
17/12/2021
in Uncategorized
0
Kigali: Coaster yari yuzuyemo abanyeshuri yakoze impanuka haba akaboko k’Imana
Share on FacebookShare on Twitter

Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ukuboza 2021, imodoka yo bwoko bwa Toyota Coaster isanzwe itwara abanyeshuri yakoze impanuka igonga ikamyo yari ihagaze ariko Imana ikinga akaboko ntihagira uyigwamo.

Umushoferi wari utwaye iyi coaster ni we wari mu makosa kuko ari we wagonze ikamyo nini yari ihagaze ubwo yashakaga kuyinyuraho ariko agahita ayigongesha ku rubavu rw’iburyo.

Ubwo uyu mushoferi yagonganga iyi modoka nini yari ihagaze ku muhanda ahazwi nko kuri ‘Poids Lourds’ ahanywesherezwa ibikomoka kuri Peteroli, yahise yiruka.

Ubwo yakoraga iyi mpanuka, abanyeshuri bo ku ishuri rya ‘Path to Success’ riherereye ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo, gusa ntawagize ikibazo gikomeye gusa imodoka yangiritse cyane ndetse abana bahita bakurwamo bahita bashakirwa aho bugama kuko imvura yariho igwa.

Uwageze ahabereye iyi mpanuka ikimara kuba, avuga ko umwana umwe ari we wakomeretse mu gihe abandi bose bagiye baza gucyurwa n’ababyeyi babo.

Muri iyi minsi ibiri hagaragaye impanuka z’amayobera zitandukanye zirimo iyi y’uyu munsi n’indi yabaye kuri uyu wa Kane tariki 16 Ukuboza 2021 ku nyubako ikoreramo ubucuruzi izwi nka CHIC yaje yiruka ikaruhukira mu nyubako.

Iyi Coaster yagonze ikamyo

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 4 =

Previous Post

Mu mukino w’abana kwa Cristiano bahishuye ibitsina by’impanga bitegura kwibaruka

Next Post

AMAFOTO: Dore imodoka y’umuzinga izahabwa umusore uzahiga abandi muri Mister Rwanda

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
AMAFOTO: Dore imodoka y’umuzinga izahabwa umusore uzahiga abandi muri Mister Rwanda

AMAFOTO: Dore imodoka y’umuzinga izahabwa umusore uzahiga abandi muri Mister Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.