Monday, September 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Kirehe: Hari Abajyanama b’Ubuzima bari mu rujijo rw’icyo batangiye Miliyoni 17Frw

radiotv10by radiotv10
01/09/2025
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Kirehe: Hari Abajyanama b’Ubuzima bari mu rujijo rw’icyo batangiye Miliyoni 17Frw
Share on FacebookShare on Twitter

Abajyanama b’Ubuzima bo mu Murenge wa Mushikiri, bavuga ko hashize myaka ibiri batanze Miliyoni 17 Frw nk’umugabane mu mushinga wo kubaka isoko rya Nyakarambi, ariko bakaba batazi iherezo ry’icyo bayatangiye.

Imyaka ibaye ibiri Koperative y’Abajyanama b’Ubuzima bo mu Murenge wa Mushikiri batanza Miliyoni 17 kugira ngo ajye mu ivuriro ry’abazagira imigabane mu mushinga wo kubaka isoko rya Nyakarambi muri uyu mujyi wa Kirehe.

Vestine Mukashirimpaka agira ati “Twatanza amafaranga bayakuye kuri konti barayazamura ngo mu ishuriro kubaka iryo soko, ariko kano kanya twaherutse batubwira ko bazijyanye (Miliyoni 17), ntibatubwiye ngo isoko ryaratangiye, ntibatubwiye niba ibyo bateganyaga niba bitakibaye. Muri make ntituzi ngo amafaranga yakoze iki.”

Rukundo na we yagize ati “Dusaba ko iryo soko ryaboneka bityo tukabasha kubona ko ibyo twakoze byagize umusaruro.”

Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe, Rangira Bruno, avuga ko umushinga ugikomeje ndetse ko hari ibyabanje gukorwa birimo gushaka uko bahabwa ubutaka bwa Leta kandi bitarenze impera z’uyu mwaka isoko rizaba ryatangiye kubakwa.

Ati “Biracyari mu buryo bwo gushakisha ubutaka bwa Leta byaciye muri Minisitiri ifite ubutaka mu nshingano, Minisiteri y’Ibidukikije na RDB. Amatsinda ya Minisiteri hamwe na RDB barasuye bareba n’imishinga biri hafi gusozwa kugira ngo ubutaka buboneke batangire kubaka nyirizina.”

Kugeza ubu hamaze gukusanywa Miliyoni zirengaho 400 Frw kandi ubukangurambaga bugikomeje kugira ngo iri soko rya Nyakarambi rizubakwe. Ni isoko rimaze hafi Imyaka itatu abaricururizamo bavuga ko babangamirwa nuko ritubakiye kandi ari ryo mu mujyi wa Kirehe.

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − twelve =

Previous Post

Eng.-President Paul Kagame in Senegal

Next Post

Rusizi: Baranenga World Vision gutererana umwana wagonzwe n’imodoka yayo akabura uwamukurikirana

Related Posts

Hagaragajwe igipimo cy’imvura iteganyijwe mu Rwanda mu kwa 09 hanatangwa ubujyanama

Hagaragajwe igipimo cy’imvura iteganyijwe mu Rwanda mu kwa 09 hanatangwa ubujyanama

by radiotv10
01/09/2025
0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere ‘Meteo Rwanda’ cyatangaje ko imvura iteganyijwe mu kwezi kwa Nzeri uyu mwaka, iri hejuru y’ikigero...

Rusizi: Baranenga World Vision gutererana umwana wagonzwe n’imodoka yayo akabura uwamukurikirana

Rusizi: Baranenga World Vision gutererana umwana wagonzwe n’imodoka yayo akabura uwamukurikirana

by radiotv10
01/09/2025
0

Abaturage bo mu Kagari ka Gakoni mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi baratabariza umwana w’imyaka 9 umaze imyaka...

Eng.-President Paul Kagame in Senegal

Eng.-President Paul Kagame in Senegal

by radiotv10
01/09/2025
0

President Paul Kagame has arrived in Dakar, Senegal, where he is attending the Africa Food Systems Forum, a summit focused...

Perezida Kagame ari muri Senegal

Perezida Kagame ari muri Senegal

by radiotv10
01/09/2025
0

Perezida Paul Kagame yageze i Dakar muri Senegal, aho yitabiriye Inama y’Ihuriro Nyafurika “Africa Food Systems Forum’ yiga ku guteza...

Rusizi: Umwuka mubi uvugwa hagati ya Gifitu na SEDO wageze aho bafatana mu mashati, mudugudu arahagoboka

Rusizi: Umwuka mubi uvugwa hagati ya Gifitu na SEDO wageze aho bafatana mu mashati, mudugudu arahagoboka

by radiotv10
30/08/2025
0

Umwuka mubi uvugwa hagati y’abayobozi mu Kagari ka Burunga mu Murenge wa Gihundwe, wageze aho Umunyamananga Nshingwabikorwa w’Akagari n’ushinzwe Imibereho...

IZIHERUKA

Hagaragajwe igipimo cy’imvura iteganyijwe mu Rwanda mu kwa 09 hanatangwa ubujyanama
MU RWANDA

Hagaragajwe igipimo cy’imvura iteganyijwe mu Rwanda mu kwa 09 hanatangwa ubujyanama

by radiotv10
01/09/2025
0

Rusizi: Baranenga World Vision gutererana umwana wagonzwe n’imodoka yayo akabura uwamukurikirana

Rusizi: Baranenga World Vision gutererana umwana wagonzwe n’imodoka yayo akabura uwamukurikirana

01/09/2025
Kirehe: Hari Abajyanama b’Ubuzima bari mu rujijo rw’icyo batangiye Miliyoni 17Frw

Kirehe: Hari Abajyanama b’Ubuzima bari mu rujijo rw’icyo batangiye Miliyoni 17Frw

01/09/2025
Eng.-President Paul Kagame in Senegal

Eng.-President Paul Kagame in Senegal

01/09/2025
Perezida Kagame ari muri Senegal

Perezida Kagame ari muri Senegal

01/09/2025
Rusizi: Umwuka mubi uvugwa hagati ya Gifitu na SEDO wageze aho bafatana mu mashati, mudugudu arahagoboka

Rusizi: Umwuka mubi uvugwa hagati ya Gifitu na SEDO wageze aho bafatana mu mashati, mudugudu arahagoboka

30/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Rusizi: Baranenga World Vision gutererana umwana wagonzwe n’imodoka yayo akabura uwamukurikirana

Rusizi: Baranenga World Vision gutererana umwana wagonzwe n’imodoka yayo akabura uwamukurikirana

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hagaragajwe igipimo cy’imvura iteganyijwe mu Rwanda mu kwa 09 hanatangwa ubujyanama

Rusizi: Baranenga World Vision gutererana umwana wagonzwe n’imodoka yayo akabura uwamukurikirana

Kirehe: Hari Abajyanama b’Ubuzima bari mu rujijo rw’icyo batangiye Miliyoni 17Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.