Thursday, December 25, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

radiotv10by radiotv10
02/11/2021
in MU RWANDA
0
Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe u Rwanda rwavuguruye amasezerano, rufitanye n’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (AU) ndetse n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) yo kwakira impunzi n’abandi bantu bari mu kaga muri Libya umuvugizi wa UNHCR yabwiye radio tv10 ko mugihe  haboneka impunzi  zitabona by’uburayi bizakira,burundu u Rwanda ruzabafata rukabakira  nkuko impunzi zaruhungiyemo zifatwa.

 

Ni amasezerano basinye muri 2019  kuva ubwo urwanda rutangira kwakira izo mpunzi zikajyanwa munkambi ya gashora ho mukarere ka Bugesera aho rumaze kwakira abagera muri  648 zaje mu byiciro bisaga bitandatu, impunzi zigera kuri 442 zamaze gufashwa kujya mu bindi bihugu birimo ibyo mu burayi, bivuz eko hari abagera kuri  215 batarabona ibihugu bibakira RadioTV10 twabajije umuvugizi wa UNHCH Villechalane, Elise icyo bazafasha ababuze ibihugu by’uburayi bibakira maze asobanura ko aba bazaguma murwnda ariko Leta y’urwanda ikabafata nkizindi mpunzi zose.

 

Ati : ‘‘Nibyo hari abamaze kubona ibihugu bibakira by’iburi  ariko abatazabibona bazafashwa na Leta y’u Rwanda gutura nkizindi mpunzi zahahungiye banafashwe kuhaba  ikindi gikubiye mu masezerano Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye amasezerano ifitanye n’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (AU) ndetse n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) yo kwakira impunzi  ni uko ubu  urwanda rwongerewe umubare wabo rugomba kwakira munkambi ya y’agateganyo ya Gashora mu Bugesera igomba kwakira wavanywe kuri 500 ugezwa kuri 700.’’

Amasezerano yasinywe n’impande ishatu  mu 2019 yongeye kuvugururwa ku wa 14 Ukwakira 2021 akazageza mu Ukuboza 2023. kugeza ubu inkambi ya gashora  hamaze kuvukira  abana basaga 11.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 − 8 =

Previous Post

Abatuye mu murenge wa Cyanzarwe bahangayikishijwe n’isoko ryabo bamaze imyaka ine barikoreramo imvura ibanyagira

Next Post

Ngoma: Barinubira gusoreshwa inshuro ebyiri ku itungo rimwe

Related Posts

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

by radiotv10
25/12/2025
0

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abagabo babiri bari barashinze uruganda rukora inzoga zitujuje ubuziranenge, izwi nka ‘Muriture’, bari...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

by radiotv10
24/12/2025
0

Every year in December, something powerful happens across the world. Airports fill up, buses travel overnight, roads become crowded, and...

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

by radiotv10
24/12/2025
0

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira...

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

For many young adults in Kigali and across Rwanda, living with parents after university or in the early years of...

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

by radiotv10
24/12/2025
0

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Mozambique, yasuye inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Mocímboa da Praia,...

IZIHERUKA

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho
MU RWANDA

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

by radiotv10
25/12/2025
0

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

24/12/2025
Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

24/12/2025
Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

24/12/2025
Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

24/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ngoma: Barinubira gusoreshwa inshuro ebyiri ku itungo rimwe

Ngoma: Barinubira gusoreshwa inshuro ebyiri ku itungo rimwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.