Saturday, November 8, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho

radiotv10by radiotv10
17/08/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho
Share on FacebookShare on Twitter

Shamipiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze gutangira, nyuma y’uko amakipe akoze iyo bwabaga akiyubaka agura abakinnyi bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino. Turebere hamwe abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda barimo abasanzwe bafite amazina azwi muri ruhago Nyarwanda.

Hashize umunsi umwe gusa Shampiyona y’umupira w’Amaguru mu Rwanda y’umwaka wa 2024-2025 itangiye, aho amakipe yose yaguze abakinnyi bazayafasha.

Muri uyi nkuru tugiye kugaruka ku bakinnyi bashya b’abanyamahanga baguzwe n’amakipe atandukanye, aho bose bakomoka mu Bihugu 13, ari byo, Mauritania, Centrafrique, Mali, Nigeria, Gambia, Cameroun, Ghana, Gabon, Burundi, Uganda, DR Congo, Senegal na Congo Brazaville. Dore abo bakinnyi n’amakipe yabaguze:

 

APR FC

  • Aliou Souane (Senegal)
  • Richmond Lamptey (Ghana)
  • Seidu Yussif Dauda (Ghana)
  • Mamadou Sy (Mauritania)
  • Lamine Bah (Mali)
  • Godwin Odibo (Nigeria)
  • Chidiebere Johnson Nwobodo (Nigeria)

Rayon sport

  • Ndikuriyo Patient (Burundi)
  • Omar Gning (Senegal)
  • Ndayishimiye Richard (Burundi)
  • Elanga Kanga Junior (Congo Brazaville)
  • Fall Ngagne (Senegal)
  • Aziz Bassane Koulagna (Cameroun)
  • Adama Bagayogo (Mali)

Police FC

  • Ani Elijah (Nigeria)
  • Ssenjobe Eric (Uganda)
  • Msanga Henry (Burundi)
  • David Joseph Chimezie (Nigeria)
  • Allan Kateregga (Uganda)
  • Yakubu Issah (Ghana)
  • Richard Kilongozi (Burundi)
  • Joackiam Ojera (Uganda)

Kiyovu Sports

  • Hamiss Cedric (Burundi)
  • Nshimirimana Jospin (Burundi)
  • Gabriel (Gabon)

As Kigali

  • Franklin Chukwuebuka Onyeabor (Nigeria)
  • Armel Ghislain (Cameroun)
  • Junior (DR Congo)
  • Emmanuel Okwi (Uganda)

Mukura VS

  • Abdoul Jalilu (Ghana)
  • Agyenim Boateng Mensah (GHANA)
  • Alonso Betchoka (Cameroon)
  • Jordan Dimbumba (DR Congo)
  • Fred Niyonizeye (Burundi)
  • Vicent Adams (Ghana)
  • Mende Sunzu Bonheur (DR Congo)

Gasogi United

  • Ousmane Doumbia Manian (Mali)
  • Zico Cyntrik Bouloukoulou (Congo Brazaville)
  • Kokoete Udo Ibiok (Nigeria)
  • Ndikumana Danny (Burundi)
  • Muhindo Collins (Burundi)
  • Christian Theodor Yawanendji Malipangou (Centrafrique)

Bugesera

  • Ciza Jean Paul (Burundi)
  • Arakaza MacArthur (Burundi)
  • Ndayogeje Gérard (Burundi)

Marine FC

  • Vally Irambona (Burundi)
  • Bigirimana Alfan (Burundi)
  • Menaame Ndombe Vingile (DR Congo)
  • Sanda Sulley (Cameroun)
  • Mukore Confiance (DR Congo)

Amagaju

  • Useni Kiza Seraphin (DR Congo)
  • Iragire Saidi (Burundi)
  • Gloire SHABANI Salomon (DR Congo)
  • Kambale Kilo Dieume (DR Congo)
  • Rachid Mapoli (DR Congo)

Gorilla FC

  • Moussa Omar (Burundi)
  • Karenzo Alexis (Burundi)

Muhazi United

  • Nziengui Koumba Nicodeme Russell (Gabon)
  • Ramazani Patient (DR Congo)
  • ISSA Elie (DR Congo)
  • Babuwa Samson (Nigeria)
  • Kagaba Nicholas (Uganda)

Musanze FC

  • Hydra Buba (Gambia)
  • Nkofor Ngafei (Cameroun)

Rutsiro FC

  • Matumele Arnaud (DR Congo)
  • Mbandu Olivier (DRC)
  • Kabura jean (DRC)
  • Mumbere Mbusa Jeremie (DRC)
  • Ndabitezimana Lazard (Burundi)
  • Ndikumana tresor (Burundi)
  • Mambuma ngunza thithi (DRC)

Vision FC

  • Lutaaya Micheal (Uganda)
  • Bonney Stephen (Ghana)
  • Misago Jules (Burundi)
  • Faustin Edgar (Burundi)
  • James Bienvenu Desire Djaoyang (Cameroun)

Biteganyijwe ko isoko ry’igura n’igurisha rizafunga mu mpera z’uku kwezi kwa Kanama, ku buryo hashobora kugira abandi bakinnyi b’abanyamahanga bakwinjira mu makipe yo mu Rwanda.

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 − 1 =

Previous Post

BREAKING: Hatangajwe abagize Guverinoma nshya y’u Rwanda itajemo impinduka nyinshi ku yari isanzweho

Next Post

Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Related Posts

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

by radiotv10
07/11/2025
0

Shampiyona ya volleyball irakomeza ku munsi wayo wa kane, imikino ibera muri Gymnase nshya iri muri Sainte Famille mu mujyi...

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

by radiotv10
07/11/2025
0

Umunyamakuru Isaac Rabbin Imani uzwi mu biganiro bya siporo mu Rwanda, wamaze gusezera igitangazamakuru yakoreraga yari amazeho imyaka ine, hamenyekanye...

Ibitunguranye ku mukino w’ishiraniro uzahuza APR na Rayon utegerejwe na benshi

Ibitunguranye ku mukino w’ishiraniro uzahuza APR na Rayon utegerejwe na benshi

by radiotv10
06/11/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryagennye umusifuzi ukiri muto utaranasifura imikino myinshi, kuzayobora umukino wa Derby y’u Rwanda, uzahuza...

Umusifuzi watumye abakunzi ba APR bavana agahinda i Rubavu yafatiwe icyemezo

Umusifuzi watumye abakunzi ba APR bavana agahinda i Rubavu yafatiwe icyemezo

by radiotv10
06/11/2025
0

Umusifuzi Karangwa Justin wanze igitego APR FC yari yatsinze Rutsiro FC mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona, avuga ko...

Uwatoje APR yagarutse mu Rwanda azanye na Al Merreikh yo muri Sudan yasesekaye i Kigali

Uwatoje APR yagarutse mu Rwanda azanye na Al Merreikh yo muri Sudan yasesekaye i Kigali

by radiotv10
06/11/2025
0

Ikipe ya El Merreikh yo muri Sudan iri kumwe n’umutoza wayo Darko Novic watozaga APR FC umwaka w'imikino ushize, yageze...

IZIHERUKA

Style on a Budget: How to Build a Chic Wardrobe in Kigali Without Breaking the Bank
IMYIDAGADURO

Style on a Budget: How to Build a Chic Wardrobe in Kigali Without Breaking the Bank

by radiotv10
07/11/2025
0

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

07/11/2025
Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

07/11/2025
Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

07/11/2025
AFC/M23 yongeye kugaragariza amahanga amarorerwa akorwa n’uruhande bahanganye inayerurira icyo yiyemeje

AFC/M23 yongeye kugaragariza amahanga amarorerwa akorwa n’uruhande bahanganye inayerurira icyo yiyemeje

07/11/2025
Abasirikare barimo Aba-Colonel mu gisirikare cya Congo bakurikiranyweho kunyereza kawunga, umuceri n’amata

Abasirikare barimo Aba-Colonel mu gisirikare cya Congo bakurikiranyweho kunyereza kawunga, umuceri n’amata

07/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Ibibazo by'ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Style on a Budget: How to Build a Chic Wardrobe in Kigali Without Breaking the Bank

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.