Wednesday, July 30, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho

radiotv10by radiotv10
17/08/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho
Share on FacebookShare on Twitter

Shamipiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze gutangira, nyuma y’uko amakipe akoze iyo bwabaga akiyubaka agura abakinnyi bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino. Turebere hamwe abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda barimo abasanzwe bafite amazina azwi muri ruhago Nyarwanda.

Hashize umunsi umwe gusa Shampiyona y’umupira w’Amaguru mu Rwanda y’umwaka wa 2024-2025 itangiye, aho amakipe yose yaguze abakinnyi bazayafasha.

Muri uyi nkuru tugiye kugaruka ku bakinnyi bashya b’abanyamahanga baguzwe n’amakipe atandukanye, aho bose bakomoka mu Bihugu 13, ari byo, Mauritania, Centrafrique, Mali, Nigeria, Gambia, Cameroun, Ghana, Gabon, Burundi, Uganda, DR Congo, Senegal na Congo Brazaville. Dore abo bakinnyi n’amakipe yabaguze:

 

APR FC

  • Aliou Souane (Senegal)
  • Richmond Lamptey (Ghana)
  • Seidu Yussif Dauda (Ghana)
  • Mamadou Sy (Mauritania)
  • Lamine Bah (Mali)
  • Godwin Odibo (Nigeria)
  • Chidiebere Johnson Nwobodo (Nigeria)

Rayon sport

  • Ndikuriyo Patient (Burundi)
  • Omar Gning (Senegal)
  • Ndayishimiye Richard (Burundi)
  • Elanga Kanga Junior (Congo Brazaville)
  • Fall Ngagne (Senegal)
  • Aziz Bassane Koulagna (Cameroun)
  • Adama Bagayogo (Mali)

Police FC

  • Ani Elijah (Nigeria)
  • Ssenjobe Eric (Uganda)
  • Msanga Henry (Burundi)
  • David Joseph Chimezie (Nigeria)
  • Allan Kateregga (Uganda)
  • Yakubu Issah (Ghana)
  • Richard Kilongozi (Burundi)
  • Joackiam Ojera (Uganda)

Kiyovu Sports

  • Hamiss Cedric (Burundi)
  • Nshimirimana Jospin (Burundi)
  • Gabriel (Gabon)

As Kigali

  • Franklin Chukwuebuka Onyeabor (Nigeria)
  • Armel Ghislain (Cameroun)
  • Junior (DR Congo)
  • Emmanuel Okwi (Uganda)

Mukura VS

  • Abdoul Jalilu (Ghana)
  • Agyenim Boateng Mensah (GHANA)
  • Alonso Betchoka (Cameroon)
  • Jordan Dimbumba (DR Congo)
  • Fred Niyonizeye (Burundi)
  • Vicent Adams (Ghana)
  • Mende Sunzu Bonheur (DR Congo)

Gasogi United

  • Ousmane Doumbia Manian (Mali)
  • Zico Cyntrik Bouloukoulou (Congo Brazaville)
  • Kokoete Udo Ibiok (Nigeria)
  • Ndikumana Danny (Burundi)
  • Muhindo Collins (Burundi)
  • Christian Theodor Yawanendji Malipangou (Centrafrique)

Bugesera

  • Ciza Jean Paul (Burundi)
  • Arakaza MacArthur (Burundi)
  • Ndayogeje Gérard (Burundi)

Marine FC

  • Vally Irambona (Burundi)
  • Bigirimana Alfan (Burundi)
  • Menaame Ndombe Vingile (DR Congo)
  • Sanda Sulley (Cameroun)
  • Mukore Confiance (DR Congo)

Amagaju

  • Useni Kiza Seraphin (DR Congo)
  • Iragire Saidi (Burundi)
  • Gloire SHABANI Salomon (DR Congo)
  • Kambale Kilo Dieume (DR Congo)
  • Rachid Mapoli (DR Congo)

Gorilla FC

  • Moussa Omar (Burundi)
  • Karenzo Alexis (Burundi)

Muhazi United

  • Nziengui Koumba Nicodeme Russell (Gabon)
  • Ramazani Patient (DR Congo)
  • ISSA Elie (DR Congo)
  • Babuwa Samson (Nigeria)
  • Kagaba Nicholas (Uganda)

Musanze FC

  • Hydra Buba (Gambia)
  • Nkofor Ngafei (Cameroun)

Rutsiro FC

  • Matumele Arnaud (DR Congo)
  • Mbandu Olivier (DRC)
  • Kabura jean (DRC)
  • Mumbere Mbusa Jeremie (DRC)
  • Ndabitezimana Lazard (Burundi)
  • Ndikumana tresor (Burundi)
  • Mambuma ngunza thithi (DRC)

Vision FC

  • Lutaaya Micheal (Uganda)
  • Bonney Stephen (Ghana)
  • Misago Jules (Burundi)
  • Faustin Edgar (Burundi)
  • James Bienvenu Desire Djaoyang (Cameroun)

Biteganyijwe ko isoko ry’igura n’igurisha rizafunga mu mpera z’uku kwezi kwa Kanama, ku buryo hashobora kugira abandi bakinnyi b’abanyamahanga bakwinjira mu makipe yo mu Rwanda.

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five + 4 =

Previous Post

BREAKING: Hatangajwe abagize Guverinoma nshya y’u Rwanda itajemo impinduka nyinshi ku yari isanzweho

Next Post

Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Related Posts

Ari gusaba kugaruka- Perezida wa Rayon yatanze umucyo ku byavuzwe kuri myugariro Aimable

Ari gusaba kugaruka- Perezida wa Rayon yatanze umucyo ku byavuzwe kuri myugariro Aimable

by radiotv10
29/07/2025
0

Perezida w'ikipe ya Rayon Sports, Thadée Twagirayezu, yahamije ko Aimable Nsabimana yamwandikiye amusaba kugaruka mu kazi, ariko ko atamwerera ngo...

Umucyo ku makuru yacicikanye yavugaga ko amatora yo muri FERWAFA yahagaritswe

Umucyo ku makuru yacicikanye yavugaga ko amatora yo muri FERWAFA yahagaritswe

by radiotv10
29/07/2025
0

Minisiteri ya Siporo n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, bamaganye amakuru y’Ibuhuha yavugaga ko amatora ya Komite Nyobozi y’iri Shyirahamwe...

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

by radiotv10
25/07/2025
0

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Mavubi, Nshuti Innocent, yerekanywe nk’umukinnyi mushya wa ES Zarzis yo mu Cyiciro cya Mbere muri Tunisia. Nshuti...

Haravugwa akayabo k’ashobora gutangwa kuri Kapiteni wa APR wifuzwa n’ikipe ifite izina rikomeye

Haravugwa akayabo k’ashobora gutangwa kuri Kapiteni wa APR wifuzwa n’ikipe ifite izina rikomeye

by radiotv10
24/07/2025
0

Claude Niyomugabo, myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi na APR FC anabereye kapiteni, ari mu biganiro na Simba Sports Club yo muri...

Amakuru ategerejwe muri Rayon: Harerekanwa umukinnyi mushya

Amakuru ategerejwe muri Rayon: Harerekanwa umukinnyi mushya

by radiotv10
24/07/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwiyubaka yitegura igaruka rya Shampiyona ndetse no kuzahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup, irerekana...

IZIHERUKA

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage
MU RWANDA

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage

by radiotv10
30/07/2025
0

Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 iravugwaho gukaza imbaraga za gisirikare mu gace kamwe i Walikare

30/07/2025
Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

30/07/2025
Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

30/07/2025
Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

30/07/2025
Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

30/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Ibibazo by'ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage

AFC/M23 iravugwaho gukaza imbaraga za gisirikare mu gace kamwe i Walikare

Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.