Wednesday, January 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho

radiotv10by radiotv10
17/08/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho
Share on FacebookShare on Twitter

Shamipiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze gutangira, nyuma y’uko amakipe akoze iyo bwabaga akiyubaka agura abakinnyi bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino. Turebere hamwe abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda barimo abasanzwe bafite amazina azwi muri ruhago Nyarwanda.

Hashize umunsi umwe gusa Shampiyona y’umupira w’Amaguru mu Rwanda y’umwaka wa 2024-2025 itangiye, aho amakipe yose yaguze abakinnyi bazayafasha.

Muri uyi nkuru tugiye kugaruka ku bakinnyi bashya b’abanyamahanga baguzwe n’amakipe atandukanye, aho bose bakomoka mu Bihugu 13, ari byo, Mauritania, Centrafrique, Mali, Nigeria, Gambia, Cameroun, Ghana, Gabon, Burundi, Uganda, DR Congo, Senegal na Congo Brazaville. Dore abo bakinnyi n’amakipe yabaguze:

 

APR FC

  • Aliou Souane (Senegal)
  • Richmond Lamptey (Ghana)
  • Seidu Yussif Dauda (Ghana)
  • Mamadou Sy (Mauritania)
  • Lamine Bah (Mali)
  • Godwin Odibo (Nigeria)
  • Chidiebere Johnson Nwobodo (Nigeria)

Rayon sport

  • Ndikuriyo Patient (Burundi)
  • Omar Gning (Senegal)
  • Ndayishimiye Richard (Burundi)
  • Elanga Kanga Junior (Congo Brazaville)
  • Fall Ngagne (Senegal)
  • Aziz Bassane Koulagna (Cameroun)
  • Adama Bagayogo (Mali)

Police FC

  • Ani Elijah (Nigeria)
  • Ssenjobe Eric (Uganda)
  • Msanga Henry (Burundi)
  • David Joseph Chimezie (Nigeria)
  • Allan Kateregga (Uganda)
  • Yakubu Issah (Ghana)
  • Richard Kilongozi (Burundi)
  • Joackiam Ojera (Uganda)

Kiyovu Sports

  • Hamiss Cedric (Burundi)
  • Nshimirimana Jospin (Burundi)
  • Gabriel (Gabon)

As Kigali

  • Franklin Chukwuebuka Onyeabor (Nigeria)
  • Armel Ghislain (Cameroun)
  • Junior (DR Congo)
  • Emmanuel Okwi (Uganda)

Mukura VS

  • Abdoul Jalilu (Ghana)
  • Agyenim Boateng Mensah (GHANA)
  • Alonso Betchoka (Cameroon)
  • Jordan Dimbumba (DR Congo)
  • Fred Niyonizeye (Burundi)
  • Vicent Adams (Ghana)
  • Mende Sunzu Bonheur (DR Congo)

Gasogi United

  • Ousmane Doumbia Manian (Mali)
  • Zico Cyntrik Bouloukoulou (Congo Brazaville)
  • Kokoete Udo Ibiok (Nigeria)
  • Ndikumana Danny (Burundi)
  • Muhindo Collins (Burundi)
  • Christian Theodor Yawanendji Malipangou (Centrafrique)

Bugesera

  • Ciza Jean Paul (Burundi)
  • Arakaza MacArthur (Burundi)
  • Ndayogeje Gérard (Burundi)

Marine FC

  • Vally Irambona (Burundi)
  • Bigirimana Alfan (Burundi)
  • Menaame Ndombe Vingile (DR Congo)
  • Sanda Sulley (Cameroun)
  • Mukore Confiance (DR Congo)

Amagaju

  • Useni Kiza Seraphin (DR Congo)
  • Iragire Saidi (Burundi)
  • Gloire SHABANI Salomon (DR Congo)
  • Kambale Kilo Dieume (DR Congo)
  • Rachid Mapoli (DR Congo)

Gorilla FC

  • Moussa Omar (Burundi)
  • Karenzo Alexis (Burundi)

Muhazi United

  • Nziengui Koumba Nicodeme Russell (Gabon)
  • Ramazani Patient (DR Congo)
  • ISSA Elie (DR Congo)
  • Babuwa Samson (Nigeria)
  • Kagaba Nicholas (Uganda)

Musanze FC

  • Hydra Buba (Gambia)
  • Nkofor Ngafei (Cameroun)

Rutsiro FC

  • Matumele Arnaud (DR Congo)
  • Mbandu Olivier (DRC)
  • Kabura jean (DRC)
  • Mumbere Mbusa Jeremie (DRC)
  • Ndabitezimana Lazard (Burundi)
  • Ndikumana tresor (Burundi)
  • Mambuma ngunza thithi (DRC)

Vision FC

  • Lutaaya Micheal (Uganda)
  • Bonney Stephen (Ghana)
  • Misago Jules (Burundi)
  • Faustin Edgar (Burundi)
  • James Bienvenu Desire Djaoyang (Cameroun)

Biteganyijwe ko isoko ry’igura n’igurisha rizafunga mu mpera z’uku kwezi kwa Kanama, ku buryo hashobora kugira abandi bakinnyi b’abanyamahanga bakwinjira mu makipe yo mu Rwanda.

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen − fifteen =

Previous Post

BREAKING: Hatangajwe abagize Guverinoma nshya y’u Rwanda itajemo impinduka nyinshi ku yari isanzweho

Next Post

Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Related Posts

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

by radiotv10
26/01/2026
0

Rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, uheruka gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, yerekeje mu ikipe ya AS Kigali, aho yasinye amasezerano y’amezi...

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

by radiotv10
25/01/2026
0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yerekeje amaso ku gikombe kiswe 'President Cup' mu mikino y'Igikombe cya Afurika, itangira itsinda...

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

by radiotv10
23/01/2026
0

Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, wari umwe mu bakinnyi bafatwaga nk’ahazaza ha Gikundiro, nyuma y’imyaka...

IZIHERUKA

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police
FOOTBALL

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

28/01/2026
AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

28/01/2026
Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

28/01/2026
Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

28/01/2026
Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

28/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Ibibazo by'ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.