Tuesday, December 30, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho

radiotv10by radiotv10
17/08/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho
Share on FacebookShare on Twitter

Shamipiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze gutangira, nyuma y’uko amakipe akoze iyo bwabaga akiyubaka agura abakinnyi bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino. Turebere hamwe abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda barimo abasanzwe bafite amazina azwi muri ruhago Nyarwanda.

Hashize umunsi umwe gusa Shampiyona y’umupira w’Amaguru mu Rwanda y’umwaka wa 2024-2025 itangiye, aho amakipe yose yaguze abakinnyi bazayafasha.

Muri uyi nkuru tugiye kugaruka ku bakinnyi bashya b’abanyamahanga baguzwe n’amakipe atandukanye, aho bose bakomoka mu Bihugu 13, ari byo, Mauritania, Centrafrique, Mali, Nigeria, Gambia, Cameroun, Ghana, Gabon, Burundi, Uganda, DR Congo, Senegal na Congo Brazaville. Dore abo bakinnyi n’amakipe yabaguze:

 

APR FC

  • Aliou Souane (Senegal)
  • Richmond Lamptey (Ghana)
  • Seidu Yussif Dauda (Ghana)
  • Mamadou Sy (Mauritania)
  • Lamine Bah (Mali)
  • Godwin Odibo (Nigeria)
  • Chidiebere Johnson Nwobodo (Nigeria)

Rayon sport

  • Ndikuriyo Patient (Burundi)
  • Omar Gning (Senegal)
  • Ndayishimiye Richard (Burundi)
  • Elanga Kanga Junior (Congo Brazaville)
  • Fall Ngagne (Senegal)
  • Aziz Bassane Koulagna (Cameroun)
  • Adama Bagayogo (Mali)

Police FC

  • Ani Elijah (Nigeria)
  • Ssenjobe Eric (Uganda)
  • Msanga Henry (Burundi)
  • David Joseph Chimezie (Nigeria)
  • Allan Kateregga (Uganda)
  • Yakubu Issah (Ghana)
  • Richard Kilongozi (Burundi)
  • Joackiam Ojera (Uganda)

Kiyovu Sports

  • Hamiss Cedric (Burundi)
  • Nshimirimana Jospin (Burundi)
  • Gabriel (Gabon)

As Kigali

  • Franklin Chukwuebuka Onyeabor (Nigeria)
  • Armel Ghislain (Cameroun)
  • Junior (DR Congo)
  • Emmanuel Okwi (Uganda)

Mukura VS

  • Abdoul Jalilu (Ghana)
  • Agyenim Boateng Mensah (GHANA)
  • Alonso Betchoka (Cameroon)
  • Jordan Dimbumba (DR Congo)
  • Fred Niyonizeye (Burundi)
  • Vicent Adams (Ghana)
  • Mende Sunzu Bonheur (DR Congo)

Gasogi United

  • Ousmane Doumbia Manian (Mali)
  • Zico Cyntrik Bouloukoulou (Congo Brazaville)
  • Kokoete Udo Ibiok (Nigeria)
  • Ndikumana Danny (Burundi)
  • Muhindo Collins (Burundi)
  • Christian Theodor Yawanendji Malipangou (Centrafrique)

Bugesera

  • Ciza Jean Paul (Burundi)
  • Arakaza MacArthur (Burundi)
  • Ndayogeje Gérard (Burundi)

Marine FC

  • Vally Irambona (Burundi)
  • Bigirimana Alfan (Burundi)
  • Menaame Ndombe Vingile (DR Congo)
  • Sanda Sulley (Cameroun)
  • Mukore Confiance (DR Congo)

Amagaju

  • Useni Kiza Seraphin (DR Congo)
  • Iragire Saidi (Burundi)
  • Gloire SHABANI Salomon (DR Congo)
  • Kambale Kilo Dieume (DR Congo)
  • Rachid Mapoli (DR Congo)

Gorilla FC

  • Moussa Omar (Burundi)
  • Karenzo Alexis (Burundi)

Muhazi United

  • Nziengui Koumba Nicodeme Russell (Gabon)
  • Ramazani Patient (DR Congo)
  • ISSA Elie (DR Congo)
  • Babuwa Samson (Nigeria)
  • Kagaba Nicholas (Uganda)

Musanze FC

  • Hydra Buba (Gambia)
  • Nkofor Ngafei (Cameroun)

Rutsiro FC

  • Matumele Arnaud (DR Congo)
  • Mbandu Olivier (DRC)
  • Kabura jean (DRC)
  • Mumbere Mbusa Jeremie (DRC)
  • Ndabitezimana Lazard (Burundi)
  • Ndikumana tresor (Burundi)
  • Mambuma ngunza thithi (DRC)

Vision FC

  • Lutaaya Micheal (Uganda)
  • Bonney Stephen (Ghana)
  • Misago Jules (Burundi)
  • Faustin Edgar (Burundi)
  • James Bienvenu Desire Djaoyang (Cameroun)

Biteganyijwe ko isoko ry’igura n’igurisha rizafunga mu mpera z’uku kwezi kwa Kanama, ku buryo hashobora kugira abandi bakinnyi b’abanyamahanga bakwinjira mu makipe yo mu Rwanda.

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 3 =

Previous Post

BREAKING: Hatangajwe abagize Guverinoma nshya y’u Rwanda itajemo impinduka nyinshi ku yari isanzweho

Next Post

Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Related Posts

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

by radiotv10
28/12/2025
0

Tariki 25 Ugushyingo 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwasheshe inzego zose za Rayon Sports maze rushyiraho Komite y’inzibacyuho iyobowe na...

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
28/12/2025
0

Isi ya ruhago ikomeje kunamira uwari umutoza Jean-Louis Gasset witabye Imana ku myaka 72 y’amavuko, aho bamwe mu bafite amazina...

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

by radiotv10
26/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yaciye ikipe y’Igihugu ya Misiri amande angana na $5,000 (arenga Miliyoni 7 Frw) kubera...

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

IZIHERUKA

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano
MU RWANDA

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

by radiotv10
30/12/2025
0

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

30/12/2025
Icyo Igisirikare cya Congo kivuga ku magambo rutwitsi yatangajwe n’Umuvugizi wacyo n’icyemezo yafatiwe

Icyo Igisirikare cya Congo kivuga ku magambo rutwitsi yatangajwe n’Umuvugizi wacyo n’icyemezo yafatiwe

29/12/2025
Eng.-The Congolese Army has confirmed the suspension of its spokesperson

Eng.-The Congolese Army has confirmed the suspension of its spokesperson

29/12/2025
BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

29/12/2025
Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

29/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Ibibazo by'ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

Icyo Igisirikare cya Congo kivuga ku magambo rutwitsi yatangajwe n’Umuvugizi wacyo n’icyemezo yafatiwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.