Tuesday, November 4, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho

radiotv10by radiotv10
17/08/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda n’ayabibitseho
Share on FacebookShare on Twitter

Shamipiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze gutangira, nyuma y’uko amakipe akoze iyo bwabaga akiyubaka agura abakinnyi bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino. Turebere hamwe abakinnyi b’abanyamahanga binjiye mu makipe mashya mu Rwanda barimo abasanzwe bafite amazina azwi muri ruhago Nyarwanda.

Hashize umunsi umwe gusa Shampiyona y’umupira w’Amaguru mu Rwanda y’umwaka wa 2024-2025 itangiye, aho amakipe yose yaguze abakinnyi bazayafasha.

Muri uyi nkuru tugiye kugaruka ku bakinnyi bashya b’abanyamahanga baguzwe n’amakipe atandukanye, aho bose bakomoka mu Bihugu 13, ari byo, Mauritania, Centrafrique, Mali, Nigeria, Gambia, Cameroun, Ghana, Gabon, Burundi, Uganda, DR Congo, Senegal na Congo Brazaville. Dore abo bakinnyi n’amakipe yabaguze:

 

APR FC

  • Aliou Souane (Senegal)
  • Richmond Lamptey (Ghana)
  • Seidu Yussif Dauda (Ghana)
  • Mamadou Sy (Mauritania)
  • Lamine Bah (Mali)
  • Godwin Odibo (Nigeria)
  • Chidiebere Johnson Nwobodo (Nigeria)

Rayon sport

  • Ndikuriyo Patient (Burundi)
  • Omar Gning (Senegal)
  • Ndayishimiye Richard (Burundi)
  • Elanga Kanga Junior (Congo Brazaville)
  • Fall Ngagne (Senegal)
  • Aziz Bassane Koulagna (Cameroun)
  • Adama Bagayogo (Mali)

Police FC

  • Ani Elijah (Nigeria)
  • Ssenjobe Eric (Uganda)
  • Msanga Henry (Burundi)
  • David Joseph Chimezie (Nigeria)
  • Allan Kateregga (Uganda)
  • Yakubu Issah (Ghana)
  • Richard Kilongozi (Burundi)
  • Joackiam Ojera (Uganda)

Kiyovu Sports

  • Hamiss Cedric (Burundi)
  • Nshimirimana Jospin (Burundi)
  • Gabriel (Gabon)

As Kigali

  • Franklin Chukwuebuka Onyeabor (Nigeria)
  • Armel Ghislain (Cameroun)
  • Junior (DR Congo)
  • Emmanuel Okwi (Uganda)

Mukura VS

  • Abdoul Jalilu (Ghana)
  • Agyenim Boateng Mensah (GHANA)
  • Alonso Betchoka (Cameroon)
  • Jordan Dimbumba (DR Congo)
  • Fred Niyonizeye (Burundi)
  • Vicent Adams (Ghana)
  • Mende Sunzu Bonheur (DR Congo)

Gasogi United

  • Ousmane Doumbia Manian (Mali)
  • Zico Cyntrik Bouloukoulou (Congo Brazaville)
  • Kokoete Udo Ibiok (Nigeria)
  • Ndikumana Danny (Burundi)
  • Muhindo Collins (Burundi)
  • Christian Theodor Yawanendji Malipangou (Centrafrique)

Bugesera

  • Ciza Jean Paul (Burundi)
  • Arakaza MacArthur (Burundi)
  • Ndayogeje Gérard (Burundi)

Marine FC

  • Vally Irambona (Burundi)
  • Bigirimana Alfan (Burundi)
  • Menaame Ndombe Vingile (DR Congo)
  • Sanda Sulley (Cameroun)
  • Mukore Confiance (DR Congo)

Amagaju

  • Useni Kiza Seraphin (DR Congo)
  • Iragire Saidi (Burundi)
  • Gloire SHABANI Salomon (DR Congo)
  • Kambale Kilo Dieume (DR Congo)
  • Rachid Mapoli (DR Congo)

Gorilla FC

  • Moussa Omar (Burundi)
  • Karenzo Alexis (Burundi)

Muhazi United

  • Nziengui Koumba Nicodeme Russell (Gabon)
  • Ramazani Patient (DR Congo)
  • ISSA Elie (DR Congo)
  • Babuwa Samson (Nigeria)
  • Kagaba Nicholas (Uganda)

Musanze FC

  • Hydra Buba (Gambia)
  • Nkofor Ngafei (Cameroun)

Rutsiro FC

  • Matumele Arnaud (DR Congo)
  • Mbandu Olivier (DRC)
  • Kabura jean (DRC)
  • Mumbere Mbusa Jeremie (DRC)
  • Ndabitezimana Lazard (Burundi)
  • Ndikumana tresor (Burundi)
  • Mambuma ngunza thithi (DRC)

Vision FC

  • Lutaaya Micheal (Uganda)
  • Bonney Stephen (Ghana)
  • Misago Jules (Burundi)
  • Faustin Edgar (Burundi)
  • James Bienvenu Desire Djaoyang (Cameroun)

Biteganyijwe ko isoko ry’igura n’igurisha rizafunga mu mpera z’uku kwezi kwa Kanama, ku buryo hashobora kugira abandi bakinnyi b’abanyamahanga bakwinjira mu makipe yo mu Rwanda.

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × one =

Previous Post

BREAKING: Hatangajwe abagize Guverinoma nshya y’u Rwanda itajemo impinduka nyinshi ku yari isanzweho

Next Post

Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Related Posts

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya APR FC izakira umukino uzayihuza na mucyeba wayo Rayon Sports, yatangaje ibiciro byo kuwinjiramo, aho itike ya macye...

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

by radiotv10
31/10/2025
0

Abakinnyi b’ikipe ya Manchester United bagaragaye bambaye barimbye mu myambaro inogeye ijisho, ubwo bari bitabiriye imyitozo bitegura umukino bafite muri...

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

by radiotv10
31/10/2025
0

Cristiano Ronaldo Junior, imfura ya rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yerekanye imodoka ye ya mbere atunze ku myaka 15...

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abakinnyi 2 ba APR bagaragaje imyitwarire igayitse hanashyirwa hanze ibyo bakoze

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abakinnyi b’ingenzi ba APR bakorwagaho iperereza ku myitwarire idahwitse bagaragaje

by radiotv10
31/10/2025
0

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko iperereza ryakorwaga ku bakinnyi b'iyi kipe, Dauda Yussif na Sy Mamadou ku myitwarire idahwite...

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
30/10/2025
0

Ikipe ya El Hilal iri mu ziherutse kwemererwa kuzakina Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yafashe urugendo iza muri iki Gihugu,...

IZIHERUKA

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu
IBYAMAMARE

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

by radiotv10
04/11/2025
0

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

04/11/2025
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

04/11/2025
Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

04/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Eng.-Emotions of the first Rwandans taking part in Digital ID identity verification and photo registration

04/11/2025
Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

04/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibibazo by’ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Ibibazo by'ingenzi bikomeye umuntu akwiye kwicara akibaza akiri muzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.