Thursday, April 30, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Mu butumwa avugamo u Rwanda Gen.Muhoozi yeruye ko abana be batagomba kumuzanira abakwe n’abakazana bagufi

radiotv10by radiotv10
30/04/2026
in AMAHANGA
0
Mu butumwa avugamo u Rwanda Gen.Muhoozi yeruye ko abana be batagomba kumuzanira abakwe n’abakazana bagufi
Share on FacebookShare on Twitter

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba; yavuze ko yabwiye abana be ko nibaramuka bashakanye n’abantu bagufi, ubukwe bwabo buzahura n’akaga.

General Muhoozi, umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, akaba ari na we mfura ye, yatangaje ibi mu butumw ayanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X, akunze kwisanzuraho agatanga ibitekerezo binyuranye rimwe na rimwe ntibinavugweho rumwe.

Yatangaje ibi abanje

Ni ubutumwa yatangije avugamo u Rwanda, aho yavuze ko ari “ubutanga bw’ABachwezi banini. Ibyo kandi ni kimwe natwe Bachewezi. Mu mateka y’ahahise Abatutsi babaga ari barebare basumba Bahima ariko ku bw’Imana tugenda tureshya na bo.”

General Muhoozi yakomeje agira ati “Nabwiye abana banjye ko nibaramuka banzaniye abantu bagufi ngo tubabashyingire, nzagaba ibitero mu bukwe bwabo. Hazaba hari amasasu.”

Muhoozi Kainerugaba we n’umugore we Charlotte Kutesa bashyingiranywe mu 1999, bafitanye abana batatu, umukobwa umwe n’abahungu babiri barimo Ruhamya Kainerugaba uherutse kwinjira mu gisirikare cya Uganda.

Muhoozi atangaje ibi, nyuma y’iminsi micye Umwishywa we Sasi Karugire akaba umwana wa mushi we Natasha Museveni ndetse Karugire na Edwin Karugire, akorewe imihango ibanziriza iy’ubukwe.

Iyi mihango izwi nka ‘Kuhingira’ yanitabiriwe na Perezida Museveni wanagaragaje nyuma ibyishimo byo kuba agiye kubona ubukwe bw’umwuzukuru we.

Muhoozi muri 2022 yari yagaragaje ifoto yafashwe mu myaka 17 yari ishize, ari kumwe n’abana be

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 + 16 =

Previous Post

Umupfumu ‘Salongo’ wari umaze igihe afunze yamaze gusubira mu muryango we

Next Post

The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

Related Posts

Mu Burundi haravugwa iraswa ry’abantu babiri bari bafashwe bashinjwa kwambutsa mu Rwanda ikawa

Mu Burundi haravugwa iraswa ry’abantu babiri bari bafashwe bashinjwa kwambutsa mu Rwanda ikawa

by radiotv10
30/04/2026
0

Abantu babiri barashwe n'igipolisi cy’u Burundi nyuma yo gufatwa bashinjwa kugerageza kwinjiza mu Rwanda ikawa mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho...

Umwuka uri gututuma muri Mali watumye Bufaransa busaba abaturage babwo bariyo kuhava byihuse

Umwuka uri gututuma muri Mali watumye Bufaransa busaba abaturage babwo bariyo kuhava byihuse

by radiotv10
29/04/2026
0

U Bufaransa bwasabye abaturage babwo bari mu Gihugu cya Mali kuhava vuba na bwangu nyuma y'ibitero byagabwe mu bice binyuranye...

Perezida Nguesso umaze igihe gito arahiriye gukomeza kuyobora Congo yakiriwe na Putin mu Burusiya

Perezida Nguesso umaze igihe gito arahiriye gukomeza kuyobora Congo yakiriwe na Putin mu Burusiya

by radiotv10
29/04/2026
0

Perezida Denis Sassou Nguesso wa Repubulika ya Congo, uri mu ruzinduko mu Burusiya, yahuye na mugenzi we w’iki Gihugu, Vladimir...

Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

by radiotv10
29/04/2026
0

Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga muri Leta Zunze Ubumwe za America, yatangaje ko iki Gihugu kigiye gutanga pasiporo zigaragaramo ifoto ya Perezida...

Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

US to Issue Passports Featuring Trump’s Image for 250th Independence Anniversary

by radiotv10
29/04/2026
0

The United States is preparing to introduce a limited number of specially designed passports featuring the image of President Donald...

IZIHERUKA

Abakozi ba Leta n’abikorera mu Rwanda bahawe konji ebyiri
MU RWANDA

Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruhuko kugira ngo hizihizwe uw’umurimo

by radiotv10
30/04/2026
0

Mu Burundi haravugwa iraswa ry’abantu babiri bari bafashwe bashinjwa kwambutsa mu Rwanda ikawa

Mu Burundi haravugwa iraswa ry’abantu babiri bari bafashwe bashinjwa kwambutsa mu Rwanda ikawa

30/04/2026
Perezida Kagame ategerejwe muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida Kagame ategerejwe muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

30/04/2026
Perezida Kagame yarebye imbonankubone umukino w’amakipe yombi yamamaza VisitRwanda arimo iyo asanzwe akunda

Perezida Kagame yarebye imbonankubone umukino w’amakipe yombi yamamaza VisitRwanda arimo iyo asanzwe akunda

30/04/2026
The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

30/04/2026
Mu butumwa avugamo u Rwanda Gen.Muhoozi yeruye ko abana be batagomba kumuzanira abakwe n’abakazana bagufi

Mu butumwa avugamo u Rwanda Gen.Muhoozi yeruye ko abana be batagomba kumuzanira abakwe n’abakazana bagufi

30/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruhuko kugira ngo hizihizwe uw’umurimo

Mu Burundi haravugwa iraswa ry’abantu babiri bari bafashwe bashinjwa kwambutsa mu Rwanda ikawa

Perezida Kagame ategerejwe muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.