Wednesday, December 3, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Muhanga: Bahawe Telephone babwirwa ko ari inkunga none barasabwa kwishyura akayabo

radiotv10by radiotv10
30/08/2021
in MU RWANDA
0
Muhanga: Bahawe Telephone babwirwa ko ari inkunga none barasabwa kwishyura akayabo
Share on FacebookShare on Twitter

Abanyamuryango ba koperative Kiaberi ikorera ubuhinzi bw’umuceri n’ibigori mu gishanga cya Rugeramigozi giherereye mu karere ka Muhanga, binubira Telefoni bahawe babwirwa ko ari ubuntu ariko ngo nyuma bakaza kubwirwa ko bazajya bazishyura buri kwezi.

Ubwo umunyamakuru wa Radio&Tv10 yageraga muri Rugeramigozi, aba bahinzi bamubwiye uko byagenze bajya kuzihabwa.

Uwera Angelique yagize ati” Twari turimo guhinga bisanzwe baratubwira ngo nitwitwaze indangamuntu batuzaniye telefoni z’ubuntu”.

Image

Abahinzi bo mu gishanga cya Rugeramigozi ntibumva neza gahunda ya telefoni bahawe

Naho Yankurije Epiphanie we yagize ati” bari batubwiye ngo ni inkunga barangije baratubwira ngo tuzajya twishyura amafaranga”

Aba bahinzi bavuga ko babwiwe ko Telephone nini ubundi babona yagakwiye kwishyurwa nk’ibihumbi 40rwf abahinzi bazajya bayishyura ibihumbi 120 naho intoya z’udutushi bo bavuga ko zikwiye kwishyurwa atarenze ibihumbi 12 ngo zizajya zishyurwa amafaranga ibihumbi 72.

Aba bahinzi babwirwa ko impamvu bazishyura menshi ngo ari uko bazajya bahabwa ama inite ya 3000 cg 5000 bya buri kwezi mu gihe cy’ingana n’imyaka ibiri bitewe n’ubwoko bwa telrphone umuhinzi yafashe. Gusa abahinzi ntibabikozwa .

Hitumukiza Joseph umuyobozi wa Cooperative Kiaberi  yemereye umunyamakuru wa RadioTv0 ko koko bajya gutanga izo telephone batigeze babiteguza abanyamuryango kuko ngo zaje bari muri guma mu rugo. Gusa yemera ko nk’uko abahinzi babivuga biriya biciro bihanitse bityo ngo basabye sosiyete y’itumanaho yatanze izo telephone kuza ikiyumvikanira n’abanyamuryango.

Image

Image

Igishanga cya Rugeramigozi gihingwamo umuceri n’ibigori

Twagerageje kuvugisha umuyobozi wa Sosiyete y’itumanaho yatanze izi telephone ariko ntiyitaba telephone.

Ubwo aba banyamuryango bazaba bumvikanye na Companyi y’itumanaho yabahaye aya materephone ari nayo ibagurisha ama inite bayakoreshamo , tuzongere tubegere tubabaze niba ibiciro bihanitse binubiraga hari icyo byahindutseho.

Inkuru ya Sindiheba Yussuf/RadioTV10

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × one =

Previous Post

TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

Next Post

KIREHE: Barasaba ko umuturanyi wabo yabona ubutabera

Related Posts

AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame na we yageze muri America gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Congo

AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame na we yageze muri America gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Congo

by radiotv10
03/12/2025
0

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame; na we yageze i Washington D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za America, yitabiriye isinywa ry'amasezerano...

Min.Nduhungirehe yavuze ibyo yamenye kuri Gen.(Rtd) Kabarebe atari amuziho mbere yuko bakorana

Min.Nduhungirehe yavuze ibyo yamenye kuri Gen.(Rtd) Kabarebe atari amuziho mbere yuko bakorana

by radiotv10
03/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko mbere yuko akorana na General (Rtd) James Kabarebe hari byinshi byiza...

Amakuru mashya: Abapolisi b’u Rwanda 74 barimo babiri bo ku rwego rwo hejuru bashyizwe mu kiruhuko

Amakuru mashya: Abapolisi b’u Rwanda 74 barimo babiri bo ku rwego rwo hejuru bashyizwe mu kiruhuko

by radiotv10
03/12/2025
0

Abapolisi 74 ba Polisi y'u Rwanda barimo babiri bafite ipeti rya ACP, nka ACP Sam Rumanzi na ACP Francis Muheto...

Hatanzwe umucyo ku cyateye ibura ry’amashanyarazi ryageze hafi mu Rwanda hose

Hategujwe ibura ry’umuriro mu bice bimwe byo muri Kigali mu gihe cy’amasaha atatu

by radiotv10
03/12/2025
0

Sosiyete y'u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG), yatangaje ko mu bice bimwe by'Imirenge ya Kacyiru na Kinyinya mu Karere ka Gasabo,...

Hatangajwe amagambo y’ingengabitekerezo yavuzwe n’uyikurikiranyweho wanigeze kuvuga andi nkayo mu cyunamo

Hatangajwe amagambo y’ingengabitekerezo yavuzwe n’uyikurikiranyweho wanigeze kuvuga andi nkayo mu cyunamo

by radiotv10
03/12/2025
0

Umugabo w’imyaka 35 wo mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, ari mu maboko ya RIB akurikiranyweho ingengabitekerezo ya...

IZIHERUKA

ADEPR yashyize hanze umucyo ku byavugwaga ko yanze gusezeranya umuririmbyi Vestine
IBYAMAMARE

ADEPR yashyize hanze umucyo ku byavugwaga ko yanze gusezeranya umuririmbyi Vestine

by radiotv10
03/12/2025
0

Umuhanzi Yampano umaze iminsi agarukwaho biravugwa ko atari kubarizwa mu Rwanda

Umuhanzi Yampano umaze iminsi agarukwaho biravugwa ko atari kubarizwa mu Rwanda

03/12/2025
Kurasana hagati y’igisirikare cya Congo n’icya Uganda kwasize uruhande rumwe rupfushije abasirikare bamwe

Kurasana hagati y’igisirikare cya Congo n’icya Uganda kwasize uruhande rumwe rupfushije abasirikare bamwe

03/12/2025
AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame na we yageze muri America gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Congo

AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame na we yageze muri America gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Congo

03/12/2025
Min.Nduhungirehe yavuze ibyo yamenye kuri Gen.(Rtd) Kabarebe atari amuziho mbere yuko bakorana

Min.Nduhungirehe yavuze ibyo yamenye kuri Gen.(Rtd) Kabarebe atari amuziho mbere yuko bakorana

03/12/2025
Amakuru mashya: Abapolisi b’u Rwanda 74 barimo babiri bo ku rwego rwo hejuru bashyizwe mu kiruhuko

Amakuru mashya: Abapolisi b’u Rwanda 74 barimo babiri bo ku rwego rwo hejuru bashyizwe mu kiruhuko

03/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
KIREHE: Barasaba ko umuturanyi wabo yabona ubutabera

KIREHE: Barasaba ko umuturanyi wabo yabona ubutabera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

ADEPR yashyize hanze umucyo ku byavugwaga ko yanze gusezeranya umuririmbyi Vestine

Umuhanzi Yampano umaze iminsi agarukwaho biravugwa ko atari kubarizwa mu Rwanda

Kurasana hagati y’igisirikare cya Congo n’icya Uganda kwasize uruhande rumwe rupfushije abasirikare bamwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.