Sunday, November 9, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Muhire Kevin yasubukuye imyitozo muri Rayon Sports ahahurira na Youssef & Ayoub

radiotv10by radiotv10
28/09/2021
in SIPORO
0
Muhire Kevin yasubukuye imyitozo muri Rayon Sports ahahurira na Youssef & Ayoub
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gitondo cy’uyu wa kabiri ku kibuga cyo mu Nzove aho Rayon Sports isanzwe ikorera imyitozo nibwo Muhire Kevin umaze iminsi atumvikana neza n’iyi kipe muri gahunda yo kongera amasezerano, yagaragaye akorana n’abandi imyitozo muri gahunda yo kwitegura imikino ya gicuti, urugendo rugana mu kwitegura shampiyona y’umwaka w’imikino 2021-2022.

Muhire Kevin ukina hagati mu kibuga ndetse unashobora gukina asatira izamu ava mu mpande, yasoje amasezerano y’umwaka umwe yari yasinyiye Rayon Sports ariko bigeze ku murongo wo kuba yasinya andi masezerano hazamo kuba iyi kipe itari kubona amafaranga umukinnyi abasaba mu myaka ibiri bamwifuza nk’umukino wabo.Image

Image

Muhire Kevin mu myitozo ya Rayon Sports y’uyu wa kabiri

Kuri uyu wa kabiri rero, amakuru ahari n’uko impande zombi zaba zigeze aheza mu kumvikana icyakorwa kugira ngo akomeze akinire iyi kipe iheruka igikombe cya  shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Uretse Muhire Kevin watumye abafana ba Rayon Sports bongera kwishima ko ikipe iri mu nzira iboneye yo kwiyubaka, imyitozo ya Rayon Sports kandi yagaragayemo abakinnyi babiri batijwe na Raja Casablanca biciye muri gahunda y’amasezerano y’ubufatanye ari hagati y’amakipe yombi.

Ait Lahssaine Ayoub umunya-Morocco w’imyaka 21 wakuriye muri Raja Casablanca ikina icyiciro cya mbere muri muri iki gihugu, azakinira ikipe ya Rayon Sports mu mwaka w’imikino 2021-2022. Akaba akina hagati mu kibuga.

Undi mukinnyi uzava muri Raja atizwa muri Rayon Sports ni rutahizamu, Rharb Youssef  w’imyaka 21 nawe uzaba ari undi mukinnyi uzafasha mu gushaka ibitego.

ImageRharb Youssef  w’imyaka 21 intizanyo ya Raja muri Rayon Sports

Imageit Lahssaine Ayoub umunya-Morocco w’imyaka 21 ni indi ntizanyo ya Raja muri Rayon Sports

Kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Nzeri 2021 nibwo ikipe ya Rayon Sports izakina na Gorilla FC mu mukino wa gicuti uzakinirwa ku kibuga cya Kicukiro guhera saa yine z’igitondo (10h00′). Rayon Sports yatangiye imikino ya gicuti itsinda Musanze FC igitego 1-0 mbere yo gutsinda AS Muhanga ibitego 3-1 ku cyumweru.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × one =

Previous Post

OFFICIAL: Souleymane Sanogo wari umaze iminsi ageragezwa muri Rayon Sports byarangiye ayisinyiye

Next Post

Imikino ya gicuti irarimbanyije: AS Kigali yanyagiye Musanze FC, Rayon Sports iracakirana na Gorilla FC

Related Posts

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

by radiotv10
07/11/2025
0

Shampiyona ya volleyball irakomeza ku munsi wayo wa kane, imikino ibera muri Gymnase nshya iri muri Sainte Famille mu mujyi...

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

by radiotv10
07/11/2025
0

Umunyamakuru Isaac Rabbin Imani uzwi mu biganiro bya siporo mu Rwanda, wamaze gusezera igitangazamakuru yakoreraga yari amazeho imyaka ine, hamenyekanye...

Ibitunguranye ku mukino w’ishiraniro uzahuza APR na Rayon utegerejwe na benshi

Ibitunguranye ku mukino w’ishiraniro uzahuza APR na Rayon utegerejwe na benshi

by radiotv10
06/11/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryagennye umusifuzi ukiri muto utaranasifura imikino myinshi, kuzayobora umukino wa Derby y’u Rwanda, uzahuza...

Umusifuzi watumye abakunzi ba APR bavana agahinda i Rubavu yafatiwe icyemezo

Umusifuzi watumye abakunzi ba APR bavana agahinda i Rubavu yafatiwe icyemezo

by radiotv10
06/11/2025
0

Umusifuzi Karangwa Justin wanze igitego APR FC yari yatsinze Rutsiro FC mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona, avuga ko...

Uwatoje APR yagarutse mu Rwanda azanye na Al Merreikh yo muri Sudan yasesekaye i Kigali

Uwatoje APR yagarutse mu Rwanda azanye na Al Merreikh yo muri Sudan yasesekaye i Kigali

by radiotv10
06/11/2025
0

Ikipe ya El Merreikh yo muri Sudan iri kumwe n’umutoza wayo Darko Novic watozaga APR FC umwaka w'imikino ushize, yageze...

IZIHERUKA

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri
MU RWANDA

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri

by radiotv10
08/11/2025
0

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

08/11/2025
Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

08/11/2025
Five lifestyle habits every young woman in Kigali should adopt for 2026

Five lifestyle habits every young woman in Kigali should adopt for 2026

08/11/2025
Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

07/11/2025
Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

07/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Imikino ya gicuti irarimbanyije: AS Kigali yanyagiye Musanze FC, Rayon Sports iracakirana na Gorilla FC

Imikino ya gicuti irarimbanyije: AS Kigali yanyagiye Musanze FC, Rayon Sports iracakirana na Gorilla FC

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.