Thursday, January 8, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Muhire Kevin yasubukuye imyitozo muri Rayon Sports ahahurira na Youssef & Ayoub

radiotv10by radiotv10
28/09/2021
in SIPORO
0
Muhire Kevin yasubukuye imyitozo muri Rayon Sports ahahurira na Youssef & Ayoub
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gitondo cy’uyu wa kabiri ku kibuga cyo mu Nzove aho Rayon Sports isanzwe ikorera imyitozo nibwo Muhire Kevin umaze iminsi atumvikana neza n’iyi kipe muri gahunda yo kongera amasezerano, yagaragaye akorana n’abandi imyitozo muri gahunda yo kwitegura imikino ya gicuti, urugendo rugana mu kwitegura shampiyona y’umwaka w’imikino 2021-2022.

Muhire Kevin ukina hagati mu kibuga ndetse unashobora gukina asatira izamu ava mu mpande, yasoje amasezerano y’umwaka umwe yari yasinyiye Rayon Sports ariko bigeze ku murongo wo kuba yasinya andi masezerano hazamo kuba iyi kipe itari kubona amafaranga umukinnyi abasaba mu myaka ibiri bamwifuza nk’umukino wabo.Image

Image

Muhire Kevin mu myitozo ya Rayon Sports y’uyu wa kabiri

Kuri uyu wa kabiri rero, amakuru ahari n’uko impande zombi zaba zigeze aheza mu kumvikana icyakorwa kugira ngo akomeze akinire iyi kipe iheruka igikombe cya  shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Uretse Muhire Kevin watumye abafana ba Rayon Sports bongera kwishima ko ikipe iri mu nzira iboneye yo kwiyubaka, imyitozo ya Rayon Sports kandi yagaragayemo abakinnyi babiri batijwe na Raja Casablanca biciye muri gahunda y’amasezerano y’ubufatanye ari hagati y’amakipe yombi.

Ait Lahssaine Ayoub umunya-Morocco w’imyaka 21 wakuriye muri Raja Casablanca ikina icyiciro cya mbere muri muri iki gihugu, azakinira ikipe ya Rayon Sports mu mwaka w’imikino 2021-2022. Akaba akina hagati mu kibuga.

Undi mukinnyi uzava muri Raja atizwa muri Rayon Sports ni rutahizamu, Rharb Youssef  w’imyaka 21 nawe uzaba ari undi mukinnyi uzafasha mu gushaka ibitego.

ImageRharb Youssef  w’imyaka 21 intizanyo ya Raja muri Rayon Sports

Imageit Lahssaine Ayoub umunya-Morocco w’imyaka 21 ni indi ntizanyo ya Raja muri Rayon Sports

Kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Nzeri 2021 nibwo ikipe ya Rayon Sports izakina na Gorilla FC mu mukino wa gicuti uzakinirwa ku kibuga cya Kicukiro guhera saa yine z’igitondo (10h00′). Rayon Sports yatangiye imikino ya gicuti itsinda Musanze FC igitego 1-0 mbere yo gutsinda AS Muhanga ibitego 3-1 ku cyumweru.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seven + 3 =

Previous Post

OFFICIAL: Souleymane Sanogo wari umaze iminsi ageragezwa muri Rayon Sports byarangiye ayisinyiye

Next Post

Imikino ya gicuti irarimbanyije: AS Kigali yanyagiye Musanze FC, Rayon Sports iracakirana na Gorilla FC

Related Posts

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

by radiotv10
08/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru muri Algeria ryasabye imbabazi Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y’ikimenyetso cyakozwe n’umwe mu bakinnyi b’ikipe...

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

by radiotv10
08/01/2026
0

Michel Kuka Mboladinga, umufana wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika ubwo yafanaga ikipe y’Igihugu ya DRC mu buryo bwihariye yigaragaza...

Hamenyekanye igikorwa cya mbere kizakorwa na nimero ya mbere ku Isi ku mbuga nkoranyambaga akigera mu Rwanda

Hamenyekanye igikorwa cya mbere kizakorwa na nimero ya mbere ku Isi ku mbuga nkoranyambaga akigera mu Rwanda

by radiotv10
08/01/2026
0

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr., uzwi cyane ku mbuga za YouTube na Twitch ku izina rya iShowSpeed, ategerejwe mu Rwanda...

Dore ubutumwa bwose umukinnyi wakiniye amakipe akomeye mu Rwanda yakoresheje asezera burundu ruhago

Dore ubutumwa bwose umukinnyi wakiniye amakipe akomeye mu Rwanda yakoresheje asezera burundu ruhago

by radiotv10
08/01/2026
0

Rutanga Eric wakiniye amakipe arimo akomeye mu Rwanda nka Rayon Sports na APR FC, yatangaje ko yasezeye gukina nk’uwabigize umwuga,...

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

by radiotv10
07/01/2026
0

Michel Kuka Mboladinga wamamaye mu gikombe cya Afurika nka Lumumba kubera kwigaragaza nk’uyu munyapolitiki, warebaga imikino y’Ikipe y’Igihugu ya DRC...

IZIHERUKA

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko
IBYAMAMARE

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

by radiotv10
08/01/2026
0

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

08/01/2026
AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

08/01/2026
Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

08/01/2026
RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

08/01/2026
FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

08/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Imikino ya gicuti irarimbanyije: AS Kigali yanyagiye Musanze FC, Rayon Sports iracakirana na Gorilla FC

Imikino ya gicuti irarimbanyije: AS Kigali yanyagiye Musanze FC, Rayon Sports iracakirana na Gorilla FC

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.