Sunday, July 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Nujya kubyuka banza ubaze umugabo wawe niba ‘adashaka ibintu’-Inama ikomeje gushimwa na benshi

radiotv10by radiotv10
26/11/2021
in MU RWANDA
0
Nujya kubyuka banza ubaze umugabo wawe niba ‘adashaka ibintu’-Inama ikomeje gushimwa na benshi
Share on FacebookShare on Twitter

Ku mbuga nkoranyambaga z’abantu batandukanye, hakomeje kugaragara amashusho y’umugore wari mu kiganiro, atanga inama ku bagore bubatse, ababwira ko mbere yo kubyuka bagomba kubanza kubaza abagabo babo niba ‘Babishaka’ [gutera akabariro].

Mu kiganiro uyu mugore witwa Liliane yagiranye na YouTube Channel, agaruka ku bibazo biba mu ngo birimo n’ibishobora gutuma abashakanye batandukana, avuga ko urugo rutegurwa kare na mbere y’uko abantu bashakana.

Liliane avuga ko mu rugo habamo byinshi ku buryo ubundi rukwiye gufatwa nk’ishuri kandi ko abashakanye babishatse bashobora kurigira ryiza.

Mu kiganiro yagiranye na Rose TV Show

Ati “Yego ntabwo bivuze ko buri munsi hahora ari ku Cyumweru ariko ni yo habayeho utwo tubazo, dutuma ukura ukamenya n’ibindi byinshi utari uzi.”

Muri iki kiganiro kimaze igihe gitambutse, Liliane agaruka ku myitwarire iba ikwiye kuranga abashakanye ndetse n’ibyo bagomba gukorerana kugira ngo bya bibazo bitabone icyuho.

Avuga ko inama abagore bagirwa mbere yo gushaka zidakwiye kuba ihame ahubwo ko aba akwiye kureba ibyo umugabo we akunda.

Ati “Wenda ushobora gusanga n’icyo cyayi adakunda kukinywa mu gitondo wenda azakwaka…umugore w’umunyabwenge mu gitondo mbere y’uko abyuka arabanza akabaza umutware ati ‘ese mbyuke njye kugutera icyayi?’ ushobora kuzabyuka icyo cyayi atagishaka, wenda ntashaka ko umusiga. Ushobora kuzabyuka saa kumi n’imwe wenda urusenye.”

Aka gace ko muri kiriya kiganiro ni ko gakomeje gushyirwa ku mbuga nkoranyambaga z’abantu batandukanye bavuga ko ziriya nama ari ingenzi ku mugore ufite umugabo we kuko mbere y’uko abyuka ngo asige umugabo mu buriri aba akwiye kubanza kumenya niba umugabo adashaka ko bagera ku ngingo yo mu buriri.

Abagiye basangiza abantu ku mbuga nkoranyambaga zabo zirimo WhatsApp Status, instagram na Twitter, bose bahuriza ku kuba umugore wabaza umugabo we icyo ashaka mbere yo kubyuka, aba ari umunyabwenge.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × five =

Previous Post

AMAFOTO: Gen J.B Kazura yihereye ijisho imyitozo y’akataraboneka y’abasore n’inkumi ba RDF

Next Post

Rusizi: Umukozi wa RIB akurikiranyweho gusambanyiriza umugore kuri Kasho amwizeza kuzamufunguza

Related Posts

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

by radiotv10
26/07/2025
0

Nyuma yuko hasakaye ibaruwa bigaragara ko yanditswe n’Umuyobozi w’Ikio cya C.L Gashonga TSS cyo mu Karere ka Rusizi, agaya umukozi...

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

by radiotv10
26/07/2025
0

Mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayonza hari gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ ikomeje gufasha abaturage mu kwikemurira amakimbirane yo mu...

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

by radiotv10
25/07/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko abayobozi bakwiye kujya mu nshingano bazumva kandi bakazikorana ubushake n’imyumvire bibaturutsemo bibumvisha ko akazi barimo...

Impamvu abagore basigaye barusha abagabo ubutaka bubanditseho mu Rwanda

Impamvu abagore basigaye barusha abagabo ubutaka bubanditseho mu Rwanda

by radiotv10
25/07/2025
0

Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubutaka mu Rwanda kigaragaza ko ubutaka bwanditse ku bagore gusa bihariye badafite abo babuhuriyeho ari 18,88% mu...

Ubutumwa bwa bamwe mu bashyizwe muri Guverinoma nshya n’isezerano baha Perezida n’Abanyarwanda

Ubutumwa bwa bamwe mu bashyizwe muri Guverinoma nshya n’isezerano baha Perezida n’Abanyarwanda

by radiotv10
25/07/2025
0

“Kuyobora Abanyarwanda ntako bisa pe…” Ni bumwe mu butumwa Perezida Paul Kagame yavugiye i Kayonza ubwo yari mu bikorwa byo...

IZIHERUKA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’
MU RWANDA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

by radiotv10
26/07/2025
0

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

26/07/2025
Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

26/07/2025
Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

25/07/2025
Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

25/07/2025
General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

25/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Rusizi: Umukozi wa RIB akurikiranyweho gusambanyiriza umugore kuri Kasho amwizeza kuzamufunguza

Rusizi: Umukozi wa RIB akurikiranyweho gusambanyiriza umugore kuri Kasho amwizeza kuzamufunguza

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.