Wednesday, May 6, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yarebye imbonankubone umukino w’amakipe yombi yamamaza VisitRwanda arimo iyo asanzwe akunda

radiotv10by radiotv10
30/04/2026
in MU RWANDA
0
Perezida Kagame yarebye imbonankubone umukino w’amakipe yombi yamamaza VisitRwanda arimo iyo asanzwe akunda

Perezida Kagame, mu cyumweru gishize yarebye umukino ubanza wahuje Arsenal na Atlético de Madrid

Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa 1/2 cya UEFA Champions League wahuje amakipe abiri yo ku Mugabane w’u Burayi, yombi yamamaza Visit Rwanda, Atlético Madrid na Arsenal asanzwe akunda.

Uyu mukino ubanza wa 1/2 cy’irangiza cy’iri rushanwa rikurikirwa na benshi, wabaye mu ijoro ryacyeye, kuri Riyadh Air Metropolitano Stadium i Madrid muri Espagne.

Nk’uko byatangajwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda “Muri iri joro kuri Riyadh Air Metropolitano Stadium i Madrid, Perezida Kagame yitabiriye umukino ubanza wa kimwe cya kabiri cya UEFA Champions League hagati y’amakipe abiri y’abafatanyabikorwa ba Visit Rwanda Arsenal Football Club na Atlético Madrid Football Club warangiye amakipe yombi anganyije 1-1.”

Uretse kuba aya makipe yombi ahuriye ku kuba yamamaza Visit Rwanda, akaba yanagabanye amanota, ibi bitego byayo byombi byabonetse kuri penaliti, zatsinzwe na Viktor Gyokeres ku ruhande rwa Arsenal na Julian Alvarez ku ruhande rwa Atlético Madrid.

Perezida Kagame yarebye uyu mukino wabereye muri Espagne nyuma y’amasaha 24 anarebye undi mukino wahujze andi makipe abiri na yo akorana n’u Rwanda wabereye i Paris mu Bufaransa, wahuje ikipe ya Paris Saint Germain na Bayern Munich.

Uyu mukino na wo ubanza wa 1/2 cya UEFA Champions League, wo warumbutsemo ibitego kuko wabonetsemo ibitego 9 birimo 5 bya PSG kuri 4 bya Bayern Munich.

 

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + eight =

Previous Post

The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

Next Post

Hategerejwe umwanzuro mu rubanza rw’uwavuzwe cyane

Related Posts

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

by radiotv10
06/05/2026
0

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ku butumire bwa mugenzi we Duma Gideon Boko,...

MTN RWANDA AND INFINIX LAUNCH SMART 20, EXPANDING ACCESS TO RELIABLE SMARTPHONES ACROSS THE COUNTRY

MTN RWANDA AND INFINIX LAUNCH SMART 20, EXPANDING ACCESS TO RELIABLE SMARTPHONES ACROSS THE COUNTRY

by radiotv10
06/05/2026
0

MTN Rwanda, in partnership with Infinix, has officially launched the SMART 20 smartphone, bringing a new level of performance, durability,...

Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

Hon.Gatabazi yahaye ikaze bamwe mu bahoze ari abarwanyi ba FDLR batahutse

by radiotv10
06/05/2026
0

Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney, Komiseri muri Komisiyo y'Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima busanzwe Abari Abasirikare, yatangaje ko...

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye imurikabikorwa rikomeye ry’intwaro muri Türkiye

by radiotv10
06/05/2026
0

General Mubarakh Muganga ari Istanbul muri Türkiye ahari kubera imurika mpuzamahanga ry’intwaro, akaba yanaganiriye na migenzi we w’iki Gihugu General...

Umukozi w’Umurenge ukurikiranyweho kunyereza miliyoni 1,5Frw akoresheje amayeri ngo yashakaga gukemura akabazo

Umukozi w’Umurenge ukurikiranyweho kunyereza miliyoni 1,5Frw akoresheje amayeri ngo yashakaga gukemura akabazo

by radiotv10
06/05/2026
0

Umukozi ushinzwe ibururamari mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rumukurikiranyeho kunyereza...

IZIHERUKA

Amakipe y’u Rwanda muri Handball yageze muri 1/2 mu mikino y’akarere
SIPORO

Amakipe y’u Rwanda muri Handball yageze muri 1/2 mu mikino y’akarere

by radiotv10
06/05/2026
0

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

06/05/2026
Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

06/05/2026
MTN RWANDA AND INFINIX LAUNCH SMART 20, EXPANDING ACCESS TO RELIABLE SMARTPHONES ACROSS THE COUNTRY

MTN RWANDA AND INFINIX LAUNCH SMART 20, EXPANDING ACCESS TO RELIABLE SMARTPHONES ACROSS THE COUNTRY

06/05/2026
Polisi ya Uganda yafashe abarimo Abanya-Nigeria bakekwaho ibyaha bikomeye inafata intwaro n’imyambaro ya gisirikare

Polisi ya Uganda yafashe abarimo Abanya-Nigeria bakekwaho ibyaha bikomeye inafata intwaro n’imyambaro ya gisirikare

06/05/2026
Umunyeshuri utwite wo muri Kaminuza muri Uganda yapfukamishijwe imbere kubera kwiba telefone

Umunyeshuri utwite wo muri Kaminuza muri Uganda yapfukamishijwe imbere kubera kwiba telefone

06/05/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Hategerejwe umwanzuro mu rubanza rw’uwavuzwe cyane

Hategerejwe umwanzuro mu rubanza rw'uwavuzwe cyane

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakipe y’u Rwanda muri Handball yageze muri 1/2 mu mikino y’akarere

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.