Sunday, June 29, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

PHOTOS: Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

radiotv10by radiotv10
05/08/2021
in MU RWANDA, POLITIKI
0
PHOTOS: Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine
Share on FacebookShare on Twitter

Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique yasesekaye mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine azagirira ku butaka bw’u Rwanda, uruzinduko rubimburirwa n’ibiganiro by’iherereye abanza kugirana na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame muri Village Urugwiro kuri iki gicamunsi.

Muri ibi biganiro bibera mu muhezo birahuza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame arakira mugenzi we uyobora Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra kongeraho abayobozi mu nzego za hafiz a buri ruhange.

Biteganyijwe ko ubwo hari bube hasojwe ibiganiro by’aba bayobozi hahita habaho igikorwa cyo gusiganyana amasezerano hagati y’ibihugu byombi mbere y’uko hakorwa ikiganiro n’itangazamakuru (Press Conference).

Nyuma, Perezida Touadéra arahita asura ingoro y’amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu iri mu nzu y’inteko ishingamategeko.

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 6 Kanama 2021, Perezida Touadéra azasura umudugudu w’ikitegererezo uri mu karere ka Musanze (Kinigi IDP Model Village) ahatujwe imiryango 144, umudugudu watashywe ku mugaragaro tariki ya 4 Nyakanga 2021.

Kinigi IDP Model Village ni umudugudu mugari urimo ikigo cy’amashuri yisumbuye n’amashuri y’incuke, ikigo nderabuzima n’ibindi abatuye muri uyu mudugudu bakwifashisha mu buzima bwa buri munsi.

Nyuma yo gusura Kinigi IDP Model Village, Perezida Touadéra azatambagizwa bimwe mu bigize amateka n’ubukerarugendo bw’u Rwanda mbere y’uko asoza uruzinduko ku Cyumweru tariki ya 8 Kanama 2021.

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra (Iburyo) yakirwa na Dr.Vincent Biruta (ibumsoo) Minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Indege ya FIBA AIR ubwo yari igeze ku butaka bw’u Rwanda

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yururuka indege agera mu Rwanda

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra (Ibumoso) na Dr.Vincent Biruta (Iburyo)

Image

Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique agera mu mbuga ya Village Urugwiro

Image

Image

Faustin-Archange Touadéra (Ibumoso)  uyobora Repubulique Centre Afrique na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame (Iburyo)

Image

Image

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique uri mu ruzinduko rw’iminsi ine

PHOTOS: Kigali Today

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 − 10 =

Previous Post

CYCLING: Nimero ya mbere mu Rwanda, Mugisha Moïse yasinye muri ProTouch

Next Post

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Related Posts

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

by radiotv10
28/06/2025
0

Abatuye mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, baravuga ko hari abaremye itsinda ryiyise ‘Abanjongo’ baturuka mu Murenge wa...

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

by radiotv10
28/06/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zibifashijwemo n’iya Leta Zunze Ubumwe za America, zasinye amasezerano y’amahoro arimo...

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

by radiotv10
28/06/2025
0

Bamwe mu bakora akazi ko gusoroma icyayi mu mirima ya Pfunda mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, bavuga...

Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

by radiotv10
28/06/2025
0

The Government of Rwanda and the Democratic Republic of Congo, with the support of the United States of America, have...

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

by radiotv10
27/06/2025
0

Abasirikare babiri bafite ipeti rya Major mu Ngabo z’u Rwanda, barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kimaka muri...

IZIHERUKA

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye
IMIBEREHO MYIZA

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

by radiotv10
28/06/2025
0

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

28/06/2025
Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

28/06/2025
Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

28/06/2025
Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

27/06/2025
“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

27/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.