Friday, January 30, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

PHOTOS: Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

radiotv10by radiotv10
05/08/2021
in MU RWANDA, POLITIKI
0
PHOTOS: Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine
Share on FacebookShare on Twitter

Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique yasesekaye mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine azagirira ku butaka bw’u Rwanda, uruzinduko rubimburirwa n’ibiganiro by’iherereye abanza kugirana na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame muri Village Urugwiro kuri iki gicamunsi.

Muri ibi biganiro bibera mu muhezo birahuza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame arakira mugenzi we uyobora Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra kongeraho abayobozi mu nzego za hafiz a buri ruhange.

Biteganyijwe ko ubwo hari bube hasojwe ibiganiro by’aba bayobozi hahita habaho igikorwa cyo gusiganyana amasezerano hagati y’ibihugu byombi mbere y’uko hakorwa ikiganiro n’itangazamakuru (Press Conference).

Nyuma, Perezida Touadéra arahita asura ingoro y’amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu iri mu nzu y’inteko ishingamategeko.

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 6 Kanama 2021, Perezida Touadéra azasura umudugudu w’ikitegererezo uri mu karere ka Musanze (Kinigi IDP Model Village) ahatujwe imiryango 144, umudugudu watashywe ku mugaragaro tariki ya 4 Nyakanga 2021.

Kinigi IDP Model Village ni umudugudu mugari urimo ikigo cy’amashuri yisumbuye n’amashuri y’incuke, ikigo nderabuzima n’ibindi abatuye muri uyu mudugudu bakwifashisha mu buzima bwa buri munsi.

Nyuma yo gusura Kinigi IDP Model Village, Perezida Touadéra azatambagizwa bimwe mu bigize amateka n’ubukerarugendo bw’u Rwanda mbere y’uko asoza uruzinduko ku Cyumweru tariki ya 8 Kanama 2021.

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra (Iburyo) yakirwa na Dr.Vincent Biruta (ibumsoo) Minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Indege ya FIBA AIR ubwo yari igeze ku butaka bw’u Rwanda

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yururuka indege agera mu Rwanda

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra (Ibumoso) na Dr.Vincent Biruta (Iburyo)

Image

Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique agera mu mbuga ya Village Urugwiro

Image

Image

Faustin-Archange Touadéra (Ibumoso)  uyobora Repubulique Centre Afrique na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame (Iburyo)

Image

Image

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique uri mu ruzinduko rw’iminsi ine

PHOTOS: Kigali Today

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fourteen − five =

Previous Post

CYCLING: Nimero ya mbere mu Rwanda, Mugisha Moïse yasinye muri ProTouch

Next Post

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Related Posts

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

by radiotv10
30/01/2026
0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru...

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

by radiotv10
29/01/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ruhango, yafashe umugabo w’imyaka 43 ukekwaho gucuruza ku rwego rwo hejuru, gukwirakwiza no...

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

by radiotv10
29/01/2026
0

Uwera Jean Maurice wari usanzwe ari umunyamakuru, akaba yahawe inshingano zo kuba Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yavuze ko...

Hatanzwe umucyo ku cyari kigamijwe haba inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

by radiotv10
29/01/2026
0

Minister Olivier Nduhungirehe has reacted after the European Parliament once again involved itself in the case of politician Victoire Ingabire,...

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

by radiotv10
29/01/2026
0

Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga uherutse gushyiraho ubutumwa bwafashwe na bamwe nk’ubwishongozi, yasabye imbabazi ku bo bwakomerekeje, avuga ko yari...

IZIHERUKA

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda
MU RWANDA

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

by radiotv10
30/01/2026
0

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

29/01/2026
Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

29/01/2026
Hatanzwe umucyo ku cyari kigamijwe haba inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

29/01/2026
Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

29/01/2026
Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

29/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.