• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Rayon birongeye biranze inganya na Espoir yihagazeho ikayikuraho inota

radiotv10by radiotv10
01/12/2021
in Uncategorized
0
Rayon birongeye biranze inganya na Espoir yihagazeho ikayikuraho inota
Share on FacebookShare on Twitter

Mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona, Ikipe ya Rayon Sports yari yasuye Espoir i Rusizi, ibuze amanota atatu nyuma yo kunganya 2-2.

Rayon Sports iherutse gutsindwa na mucyeba wayo APR FC, uyu munsi yari yaramutse yerecyeza i Rusizi muri uyu mukino wa Espoir yo muri aka Karere.

Rayon Sports yabanje igitego cyatsinzwe n’Umunya- Cameroon Onana ukomeje kwigaragaza muri shampiyona gusa ikipe ya Espoir yabaye nk’ihumuka kuko yahise yotsa igitutu Rayon Sports ikaza no kuyobonamo ibitego bibiri mu gice cya mbere cy’umukino.

Ikipe ya Rayon Sports na yo ntiyacitse intege kuko mu gice cya kabiri yatangiye gusatira ishaka kwishyura biza kurangira Niyigena Clement ayiboneye igitego cyo kwishyura ku mupira yahawe na Nizigiyimana Karim uzwi nka Mackenzie.

Ikipe ya Rayon Sports iri mu makipe atangira shampiyona ahabwa amahirwe, ubu yagize amanota 11 mu mikino itandatu imaze gukina ikaba iri ku mwanya wa gatatu ku rutonde rw’agateganyo ikaba irusha amanota abiri APR FC ifite imikino itatu y’ikirarane.

 

Uko indi mikino yagenze:

  • Police FC 1-0 FC Marines
  • Etoile de l’Est 1-0 Gasogi United
  • Gicumbi FC 1-2 AS Kigali
  • Etincelles FC 0-2 Kiyovu SC
  • Bugesera FC 0-0 Rutsiro FC

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 − nine =

Previous Post

Gicumbi: Umupadiri ukurikiranyweho gusambanya umwana yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Next Post

Komisiyo y’misifurire muri FERWAFA yahagaritse abasifuzi bane  n’abakomiseri babiri kubera imyitwarire mibi

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
Komisiyo y’misifurire muri FERWAFA yahagaritse abasifuzi bane  n’abakomiseri babiri kubera imyitwarire mibi

Komisiyo y’misifurire muri FERWAFA yahagaritse abasifuzi bane  n'abakomiseri babiri kubera imyitwarire mibi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.