Thursday, November 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

radiotv10by radiotv10
22/09/2021
in MU RWANDA
0
RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali
Share on FacebookShare on Twitter

Guhera tariki 29 Nzeri 2021 RwandaAir izatangiza ingendo z’indege zabo zigana muri Repubulika Ihanaranira Demokarasi ya Congo aho izaba ijya mu mujyi wa Lubumbashi kimwe n’uko tariki 15 Ukwakira 2021 izatangiza ingendo zigera mu mujyi wa Goma uri mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru.

Mu buryo bwo kugura amatike, abagenzi bazaba bemerewe kuyagura baciye ku rubuga rwa RwandaAir kugira ngo babe bakora ingendo zigana mu mujyi wa Lubumbashi na Goma, ingendo zizajya zikorwa kabiri mu cyumweru.

Yvonne Manzi Makolo umuyobozi wa RwandaAir avuga ko izi ngendo zizorohereza abakiliya ba RwandaAir kubona uburyo bwo kujya no kuva mu mujyi wa Goma na Lubumbashi.

“Twizera tudashidikanya ko izi nzira ebyiri abakiliya ba RwandaAir bazazisangamo kandi bizazamura urwego rw’ubucuruzi n’imibanire y’ibihugu byombi” Yvonne Manzi Makolo

Image

RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

Muri Mata 2019 nibwo RwandaAir yatangiye ingendo zayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo).

Ingendo za Kigali-Lubumbashi zizajya zikorwa kuwa Mbere no kuwa Gatatu ahazajya hagenda ingende ya RwandaAir WB264 izajya ihaguruka saa yine n’iminota icumi z’igitondo (10:10’AM) igereyo saa sita n’iminota icumi (12:10’ AM).Iyi ndege ya WB265 izajya igaruka saa kumi n’imwe z’umugoroba (17h00’) igereye i Kigali saa moya z’umugoroba (19h00’).

Ingendo za Kigali-Goma zizajya zikorwa kuwa Mbere no kuwa Gatatu. Indege WB266 izajya ihaguruka saa sita n’iminota 40 (12h40’) igere i Goma saa saba n’iminota 20 (13h20’). Saa saba n’iminota 50, indege WB267 izajya ihaguruka i Goma saa saba n’iminota 50 z’amanywa (13h50’) igereye i Kanombe saa munani n’igice (14h30’).

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 + seven =

Previous Post

WOMEN-FOOTBALL U20: U Rwanda ruzacakirana na Ethiopia mu mpera z’iki Cyumeru

Next Post

Mu ngamba nshya zo kwirinda COVID-19 hazamuwe amasaha, utubari tuzafungura mu byiciro

Related Posts

Min.Nduhungirehe yavuze ku nama yari guhuriramo Perezida Kagame na Tshisekedi yasubitswe ku munota wa nyuma

Min.Nduhungirehe yavuze ku nama yari guhuriramo Perezida Kagame na Tshisekedi yasubitswe ku munota wa nyuma

by radiotv10
12/11/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko inama Perezida Paul Kagame yari guhuriramo na Felix Tshisekedi i Washington...

Ibibazo bivugwa kuri moto za Sosiyete icuruza iz’amashanyarazi byinjiwemo n’inzego Nkuru mu Rwanda

Ibibazo bivugwa kuri moto za Sosiyete icuruza iz’amashanyarazi byinjiwemo n’inzego Nkuru mu Rwanda

by radiotv10
12/11/2025
0

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko yamaze kwakira ibibazo by’abakiliya ba Sosiyete ya Spiro icuruza moto zikoresha amashanyarazi, bavuga ko zifite...

Ibisobanuro ku kibazo cya Interineti cyagaragaye mu Rwanda byagaragaje aho cyaturutse

Ibisobanuro ku kibazo cya Interineti cyagaragaye mu Rwanda byagaragaje aho cyaturutse

by radiotv10
12/11/2025
0

Urwego Ngenzuramikorere RURA, rwatangaje ko ruri gukurikirana ikibazo cya Interineti y'umurongo wa MTN Rwanda nyuma yuko isobanuye ko cyatewe n'ibibazo...

Karongi: Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana no kumugira umugore

Ibyamenyekanye ku byaha bishinjwa umwarimu wo muri Kaminuza y’u Rwanda

by radiotv10
12/11/2025
0

Umwarimu wigisha muri Kaminuza y’u Rwanda uregwa kwakira indonke y’arenga Miliyoni 1 Frw, yafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo n’Urukiko rw’Ibanze...

Inkuru nziza ku banywa ikawa: Ubushakashatsi bwagaragaje ibikwiye kumenya na benshi

Inkuru nziza ku banywa ikawa: Ubushakashatsi bwagaragaje ibikwiye kumenya na benshi

by radiotv10
12/11/2025
0

Ubushakashatsi bwagaragaje ko kunywa igikombe kimwe cy’ikawa buri munsi, bigabanya 39% by’ibibazo by’ihindagurika ryo gutera k’umutima, ugereranyije n’abatanywa iki kinyobwa....

IZIHERUKA

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20
AMAHANGA

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

by radiotv10
12/11/2025
0

Yampano arashyize avuga byose iby’ariya mashusho n’icyo yakoze nyuma yuko asakajwe

Yampano arashyize avuga byose iby’ariya mashusho n’icyo yakoze nyuma yuko asakajwe

12/11/2025
Min.Nduhungirehe yavuze ku nama yari guhuriramo Perezida Kagame na Tshisekedi yasubitswe ku munota wa nyuma

Min.Nduhungirehe yavuze ku nama yari guhuriramo Perezida Kagame na Tshisekedi yasubitswe ku munota wa nyuma

12/11/2025
Iby’uko FARDC hari aho yisubuje, ibanga bakoresheje nyuma yo gufata Goma-Col.Willy Ngoma wa M23 yasobanuye byinshyi

Iby’uko FARDC hari aho yisubuje, ibanga bakoresheje nyuma yo gufata Goma-Col.Willy Ngoma wa M23 yasobanuye byinshyi

12/11/2025
Ibibazo bivugwa kuri moto za Sosiyete icuruza iz’amashanyarazi byinjiwemo n’inzego Nkuru mu Rwanda

Ibibazo bivugwa kuri moto za Sosiyete icuruza iz’amashanyarazi byinjiwemo n’inzego Nkuru mu Rwanda

12/11/2025
Umuhanzi Yampano nyuma y’ibyabaye we yikomereje akazi noneho yisunze abazwi mu myidagaduro

Umuhanzi Yampano nyuma y’ibyabaye we yikomereje akazi noneho yisunze abazwi mu myidagaduro

12/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mu ngamba nshya zo kwirinda COVID-19 hazamuwe amasaha, utubari tuzafungura mu byiciro

Mu ngamba nshya zo kwirinda COVID-19 hazamuwe amasaha, utubari tuzafungura mu byiciro

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Yampano arashyize avuga byose iby’ariya mashusho n’icyo yakoze nyuma yuko asakajwe

Min.Nduhungirehe yavuze ku nama yari guhuriramo Perezida Kagame na Tshisekedi yasubitswe ku munota wa nyuma

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.