Wednesday, November 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

radiotv10by radiotv10
22/09/2021
in MU RWANDA
0
RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali
Share on FacebookShare on Twitter

Guhera tariki 29 Nzeri 2021 RwandaAir izatangiza ingendo z’indege zabo zigana muri Repubulika Ihanaranira Demokarasi ya Congo aho izaba ijya mu mujyi wa Lubumbashi kimwe n’uko tariki 15 Ukwakira 2021 izatangiza ingendo zigera mu mujyi wa Goma uri mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru.

Mu buryo bwo kugura amatike, abagenzi bazaba bemerewe kuyagura baciye ku rubuga rwa RwandaAir kugira ngo babe bakora ingendo zigana mu mujyi wa Lubumbashi na Goma, ingendo zizajya zikorwa kabiri mu cyumweru.

Yvonne Manzi Makolo umuyobozi wa RwandaAir avuga ko izi ngendo zizorohereza abakiliya ba RwandaAir kubona uburyo bwo kujya no kuva mu mujyi wa Goma na Lubumbashi.

“Twizera tudashidikanya ko izi nzira ebyiri abakiliya ba RwandaAir bazazisangamo kandi bizazamura urwego rw’ubucuruzi n’imibanire y’ibihugu byombi” Yvonne Manzi Makolo

Image

RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

Muri Mata 2019 nibwo RwandaAir yatangiye ingendo zayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo).

Ingendo za Kigali-Lubumbashi zizajya zikorwa kuwa Mbere no kuwa Gatatu ahazajya hagenda ingende ya RwandaAir WB264 izajya ihaguruka saa yine n’iminota icumi z’igitondo (10:10’AM) igereyo saa sita n’iminota icumi (12:10’ AM).Iyi ndege ya WB265 izajya igaruka saa kumi n’imwe z’umugoroba (17h00’) igereye i Kigali saa moya z’umugoroba (19h00’).

Ingendo za Kigali-Goma zizajya zikorwa kuwa Mbere no kuwa Gatatu. Indege WB266 izajya ihaguruka saa sita n’iminota 40 (12h40’) igere i Goma saa saba n’iminota 20 (13h20’). Saa saba n’iminota 50, indege WB267 izajya ihaguruka i Goma saa saba n’iminota 50 z’amanywa (13h50’) igereye i Kanombe saa munani n’igice (14h30’).

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 4 =

Previous Post

WOMEN-FOOTBALL U20: U Rwanda ruzacakirana na Ethiopia mu mpera z’iki Cyumeru

Next Post

Mu ngamba nshya zo kwirinda COVID-19 hazamuwe amasaha, utubari tuzafungura mu byiciro

Related Posts

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

by radiotv10
26/11/2025
0

Umugore wo mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, akurikiranyweho kwica umwana we...

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

by radiotv10
25/11/2025
0

Itsinda ry’abahoze mu gisirikare cya Israel (IDF/Israel Defense Forces) barimo abamugariye ku rugamba, bageze mu Rwanda aho baje mu ruzinduko...

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

by radiotv10
25/11/2025
0

Umusore w’imyaka 23 wabaga mu Mujyi wa Kigali ariko ukomoka mu Karere ka Rwamagana, bamusanze yapfuye amanitse mu mugozi iwabo...

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Eng.-Former Israeli soldiers including war veterans, arrive in Rwanda for a week-long visit

by radiotv10
25/11/2025
0

A group of former soldiers from the Israel Defense Forces (IDF), including those who were injured in combat, have arrived...

Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

by radiotv10
25/11/2025
0

Abanyeshuri bo mu Rwunge rw’Amashuri rwa Paysannat LE, ryigamo impunzi mu Murenge wa Mahama mu Karere ka Kirehe, bavuga ko...

IZIHERUKA

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi
MU RWANDA

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

by radiotv10
26/11/2025
0

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

26/11/2025
Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

25/11/2025
Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

25/11/2025
Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Eng.-Former Israeli soldiers including war veterans, arrive in Rwanda for a week-long visit

25/11/2025
Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

25/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mu ngamba nshya zo kwirinda COVID-19 hazamuwe amasaha, utubari tuzafungura mu byiciro

Mu ngamba nshya zo kwirinda COVID-19 hazamuwe amasaha, utubari tuzafungura mu byiciro

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.