Friday, December 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Rwarutabura wakoze impanuka abamugezeho bwa mbere ni abafana ba APR

radiotv10by radiotv10
18/05/2022
in MU RWANDA, SIPORO
2
Rwarutabura wakoze impanuka abamugezeho bwa mbere ni abafana ba APR
Share on FacebookShare on Twitter

Umwe mu bafana bakomeye b’Ikipe ya Rayon Sports, Ngenzahimana Bosco uzwi nka Rwarutabura yakoze impanuka ajyanwa kwa muganga, agerwaho bwa mbere n’abafana ba APR isanzwe ari mucyeba w’ikipe ye.

Rwarutabura yagize ibi byago kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Gicurasi 2022 ubwo yari agiye kureba imyitozi y’ikipe yihebeye mu Nzove aho iri kwitegura umukino w’ishiraniro uzayihuza na mucyeba wayo APR FC kuri uyu wa Kane.

Uyu mufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports, yakomerekeye muri iyi mpanuka, ahita ajyanwa kwa muganga.

Amakuru agera kuri RADIOTV10, yemeza ko Rwarutabura ubu amerewe neza nyuma y’uko ageze kwa muganga akitabwaho n’abaganga.

Aba mbere bamugezeho, barimo abafana ba APR FC isanzwe ari mucyeba wa Rayon Sports zinitegura uyu mukino ukomeye wa 1/2 mu gikombe cy’amahoro.

Muri aba bafana ba APR basuye Rwarutabura, barimo Rugiro na we usanzwe ari umufana ukomeye wa APR FC ndetse bakunze kugaragara bahanganye iyo aya makipe yabo yahuye.

Kuba aba bafana ba APR basuye Rwarutabura, byakoze benshi ku mutima aho bamwe mu Banyamakuru bakora ibiganiro bya Siporo bongeye kugaruka ku ihame rya siporo ry’ubworohererane hagati y’abasiporutifu.

Yakomeretse
Basanzwe bagaragara bahanganye iyo bari gufana amakipe yabo ariko ubusanzwe ni inshuti magara
Bamusuye banamugenera ubufasha bwo kubasha kwitabwaho
Iyo bari gufana baba ari mbirimbiri

RADIOTV10

Comments 2

  1. Kaka says:
    4 years ago

    Erega ubjndi usibye itangaza makuru riteranya ananti ariko ntakibazo abafana ba APR na Rayon bafitanye nuko usanga a afite microfine ibintu babigize intambara

    Reply
  2. Gasore says:
    4 years ago

    Disi biteye emotions

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × two =

Previous Post

Ishyirahamwe ry’Umupira muri Tanzania ryakubise akanyafu Masudi Juma kubera kurwana

Next Post

Demokarasi ni kositimu yatubera twese igihe yaba yadozwe hagendewe ku ngano yacu- Louise Mushikiwabo

Related Posts

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

by radiotv10
25/12/2025
0

Mushinzimana Stanislas warutuye mu kagari ka Murambi mu murenge wa Nyakarenzo wari warezwe n’umugore batari babanye neza yasanzwe mu cyumba...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

by radiotv10
25/12/2025
0

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abagabo babiri bari barashinze uruganda rukora inzoga zitujuje ubuziranenge, izwi nka ‘Muriture’, bari...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

by radiotv10
24/12/2025
0

Every year in December, something powerful happens across the world. Airports fill up, buses travel overnight, roads become crowded, and...

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

by radiotv10
24/12/2025
0

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira...

IZIHERUKA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya
AMAHANGA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

by radiotv10
25/12/2025
0

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

25/12/2025
Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

25/12/2025
Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

24/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Demokarasi ni kositimu yatubera twese igihe yaba yadozwe hagendewe ku ngano yacu- Louise Mushikiwabo

Demokarasi ni kositimu yatubera twese igihe yaba yadozwe hagendewe ku ngano yacu- Louise Mushikiwabo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.