Wednesday, December 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Rwarutabura wakoze impanuka abamugezeho bwa mbere ni abafana ba APR

radiotv10by radiotv10
18/05/2022
in MU RWANDA, SIPORO
2
Rwarutabura wakoze impanuka abamugezeho bwa mbere ni abafana ba APR
Share on FacebookShare on Twitter

Umwe mu bafana bakomeye b’Ikipe ya Rayon Sports, Ngenzahimana Bosco uzwi nka Rwarutabura yakoze impanuka ajyanwa kwa muganga, agerwaho bwa mbere n’abafana ba APR isanzwe ari mucyeba w’ikipe ye.

Rwarutabura yagize ibi byago kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Gicurasi 2022 ubwo yari agiye kureba imyitozi y’ikipe yihebeye mu Nzove aho iri kwitegura umukino w’ishiraniro uzayihuza na mucyeba wayo APR FC kuri uyu wa Kane.

Uyu mufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports, yakomerekeye muri iyi mpanuka, ahita ajyanwa kwa muganga.

Amakuru agera kuri RADIOTV10, yemeza ko Rwarutabura ubu amerewe neza nyuma y’uko ageze kwa muganga akitabwaho n’abaganga.

Aba mbere bamugezeho, barimo abafana ba APR FC isanzwe ari mucyeba wa Rayon Sports zinitegura uyu mukino ukomeye wa 1/2 mu gikombe cy’amahoro.

Muri aba bafana ba APR basuye Rwarutabura, barimo Rugiro na we usanzwe ari umufana ukomeye wa APR FC ndetse bakunze kugaragara bahanganye iyo aya makipe yabo yahuye.

Kuba aba bafana ba APR basuye Rwarutabura, byakoze benshi ku mutima aho bamwe mu Banyamakuru bakora ibiganiro bya Siporo bongeye kugaruka ku ihame rya siporo ry’ubworohererane hagati y’abasiporutifu.

Yakomeretse
Basanzwe bagaragara bahanganye iyo bari gufana amakipe yabo ariko ubusanzwe ni inshuti magara
Bamusuye banamugenera ubufasha bwo kubasha kwitabwaho
Iyo bari gufana baba ari mbirimbiri

RADIOTV10

Comments 2

  1. Kaka says:
    4 years ago

    Erega ubjndi usibye itangaza makuru riteranya ananti ariko ntakibazo abafana ba APR na Rayon bafitanye nuko usanga a afite microfine ibintu babigize intambara

    Reply
  2. Gasore says:
    4 years ago

    Disi biteye emotions

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × one =

Previous Post

Ishyirahamwe ry’Umupira muri Tanzania ryakubise akanyafu Masudi Juma kubera kurwana

Next Post

Demokarasi ni kositimu yatubera twese igihe yaba yadozwe hagendewe ku ngano yacu- Louise Mushikiwabo

Related Posts

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

For many young adults in Kigali and across Rwanda, living with parents after university or in the early years of...

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

by radiotv10
24/12/2025
0

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira...

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

by radiotv10
24/12/2025
0

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Mozambique, yasuye inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Mocímboa da Praia,...

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

by radiotv10
23/12/2025
0

Umunyamakuru Gakuru Emmanuel wamenyekanye nka Muzehe Gakuru uri mu bamaze igihe bakora itangazamakuru mu Rwanda, yatawe muri yombi akurikiranyweho gutanga...

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

by radiotv10
23/12/2025
0

Nyuma y’imyaka igera kuri ibiri, abaturage bo mu Karere ka Rutsiro na Rubavu batabaje kubera ikibazo cy’umugezi wa Bihongora ugabanya...

IZIHERUKA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules
MU RWANDA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

24/12/2025
Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

24/12/2025
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

24/12/2025
Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

23/12/2025
Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

23/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Demokarasi ni kositimu yatubera twese igihe yaba yadozwe hagendewe ku ngano yacu- Louise Mushikiwabo

Demokarasi ni kositimu yatubera twese igihe yaba yadozwe hagendewe ku ngano yacu- Louise Mushikiwabo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.