• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Senderi wavuzweho gutunga imodoka y’irangi ryo mu nzu yaguze inshya y’urwererane

radiotv10by radiotv10
30/12/2021
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
Senderi wavuzweho gutunga imodoka y’irangi ryo mu nzu yaguze inshya y’urwererane
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Nzaramba Eric uzwi nka Senderi yagaragaje imodoka nshya agiye kwinjirana muri 2022 y’urwererane mu gihe yavuzweho gutunga imodoka yasigishaga amarangi atamenyerewe ku modoka.

Uyu muhanzi uzwiho uturungo tw’imyidagaduro, yari amaze imyaka ine adatunze imodoka kuko iyo yari afite yakoze impanuka ntahite agura indi ndetse ko yigeze kwitangariza ko asigaye atega abamotari.

Senderi International Hit yatunguranye agaragaza imodoka y’ivatiri y’agatangaza avuga ko agiye kuyinjirana mu mwaka wa 2022.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze asa nk’umurika iki kinyabiziga cye gishya, yagiye agaragaza amafoto y’iyi modoka.

Amafoto yashyize kuri Instagram agiye aherekejwe n’ubutumwa butandukanye bugaragaza ko ashimira Imana nk’aho yagize ati “Urakoze Nyagasani.” Ahandi agira ati “Shimwa Nyagasani.”

Uyu muhanzi umaze igihe muri muzika nyarwanda, kandi yaboneyeho gutangaza irindi zina ryiyongera ku yandi menshi afite ndetse anahishura ko afite indirimbo nshya.

Yongeye agira ati “Izina rishya # Ligend Hit#Imodoka nshya Umwaka Mushya 2022 Indirimbo nshya.”

Ubu yibitseho imodoka igezweho

Imodoka yatunze hambere yavuzweho kuba isize irangi ridasanzwe

 

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − 10 =

Previous Post

Perezida Nyusi yasuye ingabo i Cabo Delgado yongera gushimira Kagame n’Abanyarwanda bose

Next Post

Kigali: Ahantu hatanu hazaraswa ibishashi bisoza 2021…Abanyakigali basabwe kutazahungabana

Related Posts

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

by radiotv10
02/06/2026
0

Mu rubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, Ubushinjacyaha bwagaragaje impamvu zikomeye bumusabira gufungwa by’agateganyo, zirimo urumogi ruri ku...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

by radiotv10
02/06/2026
0

Umuhanzikazi France Mpundu uherutse kwambikwa impeta n’umusore wo muri Niger, Moctar bahuriye mu kiganiro ‘The Secret Story’ cyamamaye, yatangaje ko...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Next Post
Kigali: Ahantu hatanu hazaraswa ibishashi bisoza 2021…Abanyakigali basabwe kutazahungabana

Kigali: Ahantu hatanu hazaraswa ibishashi bisoza 2021…Abanyakigali basabwe kutazahungabana

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.