• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Thursday, June 4, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

TOKYO 2020: Salima Mukansanga yatoranyijwe mu bazasifura imikino Olempike ya ¼ mu bagore

radiotv10by radiotv10
29/07/2021
in SIPORO
0
TOKYO 2020: Salima Mukansanga yatoranyijwe mu bazasifura imikino Olempike ya ¼ mu bagore
Share on FacebookShare on Twitter

Abasifuzi batanu barimo umunyarwandakazi Mukansanga Salima Radia, nibo batoranyijwe mu basifuzi bazasifura imikino ya ¼ ya Olempike mu bagore

Tariki ya 30 Nyakanga 2021, ni bwo haza kuba hakomeza imikino ya ¼ mu bagore, mu mikino Olempike ikomeje kubera mu mujyi wa Tokyo mu Buyapani.

Mu mukino wa ¼ uzahuza U Bwongereza na Australia guhera i Saa tanu z’amanywa, uzasifurwa n’abasifuzi bose bakomoka ku mugabane wa Afurika, bikaba ari ubwa mbere mu mateka y’imikino olempike aho abasifuzi b’abagore bose bakomoka muri Afurika bazasifura umukino umwe.

Image

Mukansanga Salima Radia (Uwa gatatu uva imbere cyangwa inyuma) azasifura imikino ya 1/4 cy’irangiza

Abasifuzi batanu b’abagore bazasifura uyu mukino:

Salima Rhadia Mukansanga (Rwanda)
Mary Njoroge (Kenya)
Patience Ndidi Madu Nigeria (Nigeria)
Bernadettar Kwimbira (Malawi )
Maria Packuita Cynquela (Mauritius)

Inkuru ya Jean Paul Mugabe/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 5 =

Previous Post

Colorado: Umupolisi yafunzwe nyuma yo gukangisha kurasa ucyekwaho icyaha ubwo yamufataga

Next Post

Express SC yafashe urugendo igana muri Tanzania gukina CECAFA Kagame Cup 2021

Related Posts

Kwinjiza abafana ku buntu ni inyungu ku Mavubi cyangwa ni ukubamenyereza nabi?

Amakuru mashya: Bitunguranye imikino u Rwanda rwari kuzakinira muri Maroc ntikibaye

by radiotv10
04/06/2026
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko imikino ya gicuti Ikipe y’Igihugu Amavubi yari kuzakinira muri Maroc, yasubitswe nyuma...

Haravugwa iki muri Kiyovu Sports nyuma yo gucutswa n’Umujyi wa Kigali

Haravugwa iki muri Kiyovu Sports nyuma yo gucutswa n’Umujyi wa Kigali

by radiotv10
04/06/2026
0

Ikipe ya Kiyovu Sports ikomeje urugendo rwo kwiyubaka nubwo iherutse kumenyeshwa n'Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali, ko batazakomezanya mu mikoranire yajyaga...

Ubutumwa APR yageneye abakinnyi bayo yemeje ku mugaragaro yo batandukanye

Ubutumwa APR yageneye abakinnyi bayo yemeje ku mugaragaro yo batandukanye

by radiotv10
03/06/2026
0

Ubuyobozi bwa APR FC bwemeje ko bwasezereye abakinnyi batatu bose b’abanyamahanga, bunabagenera ubutumwa bwo kubashimira ubwitange, umurava n’ubunyamwuga byabaranze, bunabifuriza...

Dore abakinnyi babaye aba mbere batandukanye na APR FC umwaka w’imikino ukirangira

Dore abakinnyi babaye aba mbere batandukanye na APR FC umwaka w’imikino ukirangira

by radiotv10
02/06/2026
0

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yahaye abakinnyi batatu amabaruwa yo gutandukana na bo mu buryo bw’ubwumvikane, barimo rutahizamu w’Umunya-Senegal,...

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

Next Post
Express SC yafashe urugendo igana muri Tanzania gukina CECAFA Kagame Cup 2021

Express SC yafashe urugendo igana muri Tanzania gukina CECAFA Kagame Cup 2021

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Somalia: Urasaku rw’amasasu rwumvikanye hafi y’umunyapolitiki wabaye mu nzego nkuru rwazamuye ubwoba

Abagera muri miliyoni 4,4 bamaze kwifotoza mu Rwanda ngo bazahabwe Indangamuntu Koranabunga

Ibitero by’indege z’intambara mu rugamba hagati ya AFC/M23 na FARDC byakajije umurego

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.