Sunday, June 29, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Ubusesenguzi bwa Kazungu nyuma y’isezererwa rya Rayon na APR mu mikino Nyafurika

radiotv10by radiotv10
01/10/2023
in FOOTBALL, MU RWANDA, SIPORO
1
Ubusesenguzi bwa Kazungu nyuma y'isezererwa rya Rayon na APR mu mikino ya Afurika

Umunyamakuru Kazungu Clever

Share on FacebookShare on Twitter
Ikipe zari zihagarariye u Rwanda zose ziviriyemo rimwe mu marushanwa ya CAF. Icyagoye abafana ba APR FC ni kwakira gutsindwa ibitego 6-1, byaherukaga muri 2002, imyaka 21 ishize ubwo yatsindirwaga mu Misiri na Zamalek ibitego 6-0.
Icyagoye abafana ba Rayon Sports nabo ni ukwakira gukurwamo mu marushanwa ya  CAFCC kandi yakiniye imikino yombi 2 mu Rwanda. Impungenge nagize mbere zo korohereza ikipe ya Al Ahly Benghazi gukina umukino wo kwishyura wakiriwe na Rayon nijoro mu mafu guhera saa kumi nebyiri! Sinzi impamvu Rayon Sports yemeye kugwa mu mutego wo kwemera gukina nijoro, kandi bizwi ko Abarabu bagorwa cyane no gukina kuzuba rya Saa cyenda ku manywa ku bwatsi bwubukorano. Mu mibare yoroshye Rayon Sports ihombye miliyoni 700 FRW yari kuzabona igiye mu matsinda ya CAF CC. Yari kuzahabwa ibihumbi 400 $ bishobora kuvunjwamo hafi agera kuri Miliyoni 500 FRW Imikino itatu yo mu matsinda buri mukino yashoboraga kuzinjiza Miliyoni 70 FRW kuko bivugwa ko ariyo yinjiye ku mukino wa Al Ahly Benghazi, bisobanuye ko muri iyi mikino yari kuzabona byibura Miliyoni 200 FRW Abatoza babiri Thierry Froger wa APR FC, Yamen Zelfani wa Rayon Sports. Abakunzi ba Ruhago mu Rwanda mubona aba batoza bombi bakwiriye gukomeza gutoza aya amakipe makuru?
KAZUNGU CLAVER | RADIOTV10RWANDA 

Comments 1

  1. Mune says:
    2 years ago

    Uyu c we nawe. byaramuyobeye ibaze uburyo yifata kuri micron ati ntayindi kipe Azongera kuvuga uretse amakipe 2 gusa ngo ntumubwire ibya KIYOVU narumiwe peee

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − 13 =

Previous Post

Undi uzwi mu myidagaduro mu Rwanda yahaye impano y’imodoka umuntu w’ingenzi kuri we

Next Post

RBC yatanze Moto 46, kugira ngo hafashwe abana batarakingirwa COVID19   

Related Posts

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

by radiotv10
28/06/2025
0

Abatuye mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, baravuga ko hari abaremye itsinda ryiyise ‘Abanjongo’ baturuka mu Murenge wa...

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

by radiotv10
28/06/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zibifashijwemo n’iya Leta Zunze Ubumwe za America, zasinye amasezerano y’amahoro arimo...

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

by radiotv10
28/06/2025
0

Bamwe mu bakora akazi ko gusoroma icyayi mu mirima ya Pfunda mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, bavuga...

Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

by radiotv10
28/06/2025
0

The Government of Rwanda and the Democratic Republic of Congo, with the support of the United States of America, have...

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

by radiotv10
27/06/2025
0

Abasirikare babiri bafite ipeti rya Major mu Ngabo z’u Rwanda, barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kimaka muri...

IZIHERUKA

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye
IMIBEREHO MYIZA

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

by radiotv10
28/06/2025
0

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

28/06/2025
Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

28/06/2025
Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

28/06/2025
Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

27/06/2025
“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

27/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
RBC yatanze Moto 46, kugira ngo hafashwe abana batarakingirwa COVID19   

RBC yatanze Moto 46, kugira ngo hafashwe abana batarakingirwa COVID19   

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.