• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Ubusesenguzi bwa Kazungu nyuma y’isezererwa rya Rayon na APR mu mikino Nyafurika

radiotv10by radiotv10
01/10/2023
in FOOTBALL, MU RWANDA, SIPORO
1
Ubusesenguzi bwa Kazungu nyuma y'isezererwa rya Rayon na APR mu mikino ya Afurika

Umunyamakuru Kazungu Clever

Share on FacebookShare on Twitter
Ikipe zari zihagarariye u Rwanda zose ziviriyemo rimwe mu marushanwa ya CAF. Icyagoye abafana ba APR FC ni kwakira gutsindwa ibitego 6-1, byaherukaga muri 2002, imyaka 21 ishize ubwo yatsindirwaga mu Misiri na Zamalek ibitego 6-0.
Icyagoye abafana ba Rayon Sports nabo ni ukwakira gukurwamo mu marushanwa ya  CAFCC kandi yakiniye imikino yombi 2 mu Rwanda. Impungenge nagize mbere zo korohereza ikipe ya Al Ahly Benghazi gukina umukino wo kwishyura wakiriwe na Rayon nijoro mu mafu guhera saa kumi nebyiri! Sinzi impamvu Rayon Sports yemeye kugwa mu mutego wo kwemera gukina nijoro, kandi bizwi ko Abarabu bagorwa cyane no gukina kuzuba rya Saa cyenda ku manywa ku bwatsi bwubukorano. Mu mibare yoroshye Rayon Sports ihombye miliyoni 700 FRW yari kuzabona igiye mu matsinda ya CAF CC. Yari kuzahabwa ibihumbi 400 $ bishobora kuvunjwamo hafi agera kuri Miliyoni 500 FRW Imikino itatu yo mu matsinda buri mukino yashoboraga kuzinjiza Miliyoni 70 FRW kuko bivugwa ko ariyo yinjiye ku mukino wa Al Ahly Benghazi, bisobanuye ko muri iyi mikino yari kuzabona byibura Miliyoni 200 FRW Abatoza babiri Thierry Froger wa APR FC, Yamen Zelfani wa Rayon Sports. Abakunzi ba Ruhago mu Rwanda mubona aba batoza bombi bakwiriye gukomeza gutoza aya amakipe makuru?
KAZUNGU CLAVER | RADIOTV10RWANDA 

Comments 1

  1. Mune says:
    3 years ago

    Uyu c we nawe. byaramuyobeye ibaze uburyo yifata kuri micron ati ntayindi kipe Azongera kuvuga uretse amakipe 2 gusa ngo ntumubwire ibya KIYOVU narumiwe peee

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − twelve =

Previous Post

Undi uzwi mu myidagaduro mu Rwanda yahaye impano y’imodoka umuntu w’ingenzi kuri we

Next Post

RBC yatanze Moto 46, kugira ngo hafashwe abana batarakingirwa COVID19   

Related Posts

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

Next Post
RBC yatanze Moto 46, kugira ngo hafashwe abana batarakingirwa COVID19   

RBC yatanze Moto 46, kugira ngo hafashwe abana batarakingirwa COVID19   

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.