• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umuhanzi Eddy Kenzo yashyize hanze ukuri ku ifoto ye n’umugore we yavuzweho cyane

radiotv10by radiotv10
13/05/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Umuhanzi Eddy Kenzo yashyize hanze ukuri ku ifoto ye n’umugore we yavuzweho cyane
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Edrisah Kenzo Musuuzah uzwi nka Eddy Kenzo yavuze ko ifoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, imugaragaza ahagurutswa mu myanya y’icyubahiro yari yicaranyemo n’umugore we uri muri Guverinoma ya Uganda, ari iyacuzwe hifashishijwe ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano.

Ni nyuma yuko kuri uyu wa Kabiri ubwo Perezida Yoweri Kaguta Museveni yarahiriraga gukomeza kuyobora Uganda, hakwirakwiye ifoto y’uyu muhanzi ari guhagurutswa mu myanya yari yicaranyemo n’umugore we Phiona Nyamutoro.

Bamwe mu bashyize iyi foto ku mbuga nkoranyambaga, bavugaga ko Eddy Kenzo yahagurukijwe muri iyo myanya kuko atari umunyacyubahiro nk’umugore we usanzwe ari muri Guverinoma ya Uganda.

Anyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze, Eddy Kenzo yahakanye ibi byavugwaga, avuga ko iriya foto ari iyacuzwe hakoreshejwe ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano, AI (Artificial intelligence).

Eddy Kenzo kandi yifashishije amashusho yafashwe ubwo we n’umugore we bahabwaga ibyicaro, yagize ati “Ntimuhe agaciro amafoto yakozwe hifashishwe AI agakwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga!”

Uyu muhanzi yakomeje avuga ko we n’umugore we bari bicaye neza batekanye mu byicaro bagenewe n’abari bashinzwe gutanga ibyicaro muri ibi birori by’irahira rya Museveni.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 + thirteen =

Previous Post

Here are the major projects set to receive Rwf 7.7 trillion in Rwanda’s 2026/27 budget

Next Post

Gen.Mamadi Doumbouya wa Guinea yabaye Umukuru w’Igihugu wa mbere ugeze mu Rwanda mu bahategerejwe

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Gen.Mamadi Doumbouya wa Guinea yabaye Umukuru w’Igihugu wa mbere ugeze mu Rwanda mu bahategerejwe

Gen.Mamadi Doumbouya wa Guinea yabaye Umukuru w’Igihugu wa mbere ugeze mu Rwanda mu bahategerejwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.