• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umuhanzi nyarwanda wari wahuye n’isanganya ubu aramwenyura

radiotv10by radiotv10
19/04/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Umuhanzi nyarwanda wari wahuye n’isanganya ubu aramwenyura
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Nemeye Platini P, wari umaze igihe mu gahinda ko kuba umurongo we wa YouTube warabuze, ubu ari mu byishimo nyuma yuko ugarutse, ndetse akaba yahise ageza ku bakunzi be inkuru nziza.

Channel ya YouTube ya Platini yabuze kuva tariki 04 Mata 2023 ubwo yari akimara gushyira hanze indirimbo ye nshya yise ‘Mbega byiza’.

Nyuma y’ibyumweru bibiri, iyi Channel yarabuze ku murongo, yagarutse ndetse biramunezeza dore ko ari yo iriho indirimbo ze zose.

lyi shene ya YouTube ya Platini yari imaze iminsi itagaragara ku muyoboro wa YouTube ku buryo nta ndirimbo n’imwe wabashaga kubona.

Kuri iyi nshuro nk’uko yari yatangaje ko ikipe ye igiye kuyigarura, yamaze kubikora iragaruka, ndese nn’ibihangano bye byose biragarukana.

Kuva ku wa 04 Mata 2023, nibwo iyi shene yabuze ku rubuga rwa YouTube ijyana n’indirimbo ze zose zirimo Shumuleta, mbega byizi n’izindi zitandukanye.

Platini P aherutse gutangariza Abanyarwanda uburyo bwo kugura imiziki unyuze kuri Eastflix ndetse nyuma y’uko shene ye igarutse yahise ateguza indirimbo yise Icupa yakozwe na Element.

Blandine UWIKUNDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen − 16 =

Previous Post

Museveni yongeye gushimagiza u Burusiya kubera kajugujugu ya Gisirikare idasanzwe

Next Post

Itoroka ry’uwabaye muyobozi ukomeye i Burundi ryatanzweho amakuru mashya

Related Posts

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

by radiotv10
02/06/2026
0

Umuhanzikazi France Mpundu uherutse kwambikwa impeta n’umusore wo muri Niger, Moctar bahuriye mu kiganiro ‘The Secret Story’ cyamamaye, yatangaje ko...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Next Post
Itoroka ry’uwabaye muyobozi ukomeye i Burundi ryatanzweho amakuru mashya

Itoroka ry’uwabaye muyobozi ukomeye i Burundi ryatanzweho amakuru mashya

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.