• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umuhanzikazi Marina yasangije abantu ikimero cye mu mashusho y’inzongamubiri

radiotv10by radiotv10
21/07/2025
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
1
Umuhanzikazi Marina yasangije abantu ikimero cye mu mashusho y’inzongamubiri
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzikazi Marina yasangije abantu amashusho ye agaragaza ikimero cye, aho aba yambaye imyenda yenda kugaragaza imyanya y’ibanga nk’umukondo.

Ni amashusho Marinda Deborah yanyujije kuri Instagram, ahatambutswa ubutumwa bumara amasaha 24 (stories) aho uyu mukobwa aba agaragara azamura akenda ko hejuru na ko kaba ari kagufi.

Mu kuzamura ako kenda ko hejuru, biba bigaragara ko yambaye akenda k’imbere k’udushumi, ubundi agasa nk’uwizunguza, aho aba ubundi igice cye cyo hasi kikagaragara, akanazamura udushimi tw’akenda k’imbere ko hasi.

Aya mashusho bigaragara ko yafatiwe mu cyumba, yanashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram n’umunyamakuru Emmanuel Nsengiyumva, yatanzweho ibitekerezo na bamwe, bavuga ibitandukanye kuri uyu muhanzikazi.

Bamwe mu batanze ibitekerezo kuri aya mashusho, bagaye uyu mukobwa, wigeze kuvugwaho kujya kwibagisha mu kongera ubwiza bw’imiterere ye, bavuga ko ashobora kuba afite ikibazo cyo kuba yaragaje aya mashusho.

Uwitwa Kantevava yagize ati “Umuco mu bakobwa b’Abanyarwandakazi bakomeje guta umuco!”

Uwitwa Ndayishimiye na we ati “Ibi ni ibike? Marina ashobora kuba acyeneye umuntu umuganiriza.”, Mukama Sammy na we ati “Ariko disi abantu bararwaye kabisa.”

RADIOTV10

Comments 1

  1. Edson NM says:
    11 months ago

    Ibi si ibintu
    Uku ni ukwiyandarika pe🤭🤭

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen − 8 =

Previous Post

From model to renowned fashion designer: Matteo’s journey through the fashion industry

Next Post

Eng.-Between the DRC Government and AFC/M23, who truly deserves to celebrate the recently signed principles?

Related Posts

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

by radiotv10
02/06/2026
0

Mu rubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, Ubushinjacyaha bwagaragaje impamvu zikomeye bumusabira gufungwa by’agateganyo, zirimo urumogi ruri ku...

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

by radiotv10
02/06/2026
0

Umuhanzikazi France Mpundu uherutse kwambikwa impeta n’umusore wo muri Niger, Moctar bahuriye mu kiganiro ‘The Secret Story’ cyamamaye, yatangaje ko...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Next Post
BREAKING: Haratangazwa ibyasinywe hagati ya AFC/M23 n’ubutegetsi bwa Congo n’ibimaze kugerwaho mu biganiro

Eng.-Between the DRC Government and AFC/M23, who truly deserves to celebrate the recently signed principles?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.