Thursday, May 7, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umuhanzikazi Marina yasangije abantu ikimero cye mu mashusho y’inzongamubiri

radiotv10by radiotv10
21/07/2025
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
1
Umuhanzikazi Marina yasangije abantu ikimero cye mu mashusho y’inzongamubiri
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzikazi Marina yasangije abantu amashusho ye agaragaza ikimero cye, aho aba yambaye imyenda yenda kugaragaza imyanya y’ibanga nk’umukondo.

Ni amashusho Marinda Deborah yanyujije kuri Instagram, ahatambutswa ubutumwa bumara amasaha 24 (stories) aho uyu mukobwa aba agaragara azamura akenda ko hejuru na ko kaba ari kagufi.

Mu kuzamura ako kenda ko hejuru, biba bigaragara ko yambaye akenda k’imbere k’udushumi, ubundi agasa nk’uwizunguza, aho aba ubundi igice cye cyo hasi kikagaragara, akanazamura udushimi tw’akenda k’imbere ko hasi.

Aya mashusho bigaragara ko yafatiwe mu cyumba, yanashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram n’umunyamakuru Emmanuel Nsengiyumva, yatanzweho ibitekerezo na bamwe, bavuga ibitandukanye kuri uyu muhanzikazi.

Bamwe mu batanze ibitekerezo kuri aya mashusho, bagaye uyu mukobwa, wigeze kuvugwaho kujya kwibagisha mu kongera ubwiza bw’imiterere ye, bavuga ko ashobora kuba afite ikibazo cyo kuba yaragaje aya mashusho.

Uwitwa Kantevava yagize ati “Umuco mu bakobwa b’Abanyarwandakazi bakomeje guta umuco!”

Uwitwa Ndayishimiye na we ati “Ibi ni ibike? Marina ashobora kuba acyeneye umuntu umuganiriza.”, Mukama Sammy na we ati “Ariko disi abantu bararwaye kabisa.”

RADIOTV10

Comments 1

  1. Edson NM says:
    10 months ago

    Ibi si ibintu
    Uku ni ukwiyandarika pe🤭🤭

    Reply

Leave a Reply to Edson NM Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × five =

Previous Post

From model to renowned fashion designer: Matteo’s journey through the fashion industry

Next Post

Eng.-Between the DRC Government and AFC/M23, who truly deserves to celebrate the recently signed principles?

Related Posts

Umunyemari Lugumi yagaragaje ikindi kimenyetso ntashidikanywaho ko ari mu rukundo na Alliah Cool

Umunyemari Lugumi yagaragaje ikindi kimenyetso ntashidikanywaho ko ari mu rukundo na Alliah Cool

by radiotv10
05/05/2026
0

Umuherwe w’Umunya-Tanzania Lugumi Saidi yongeye kugaragaza ko ari mu rukundo na Alliah Cool uzwi muri sinema no mu bindi bikorwa...

Menya agaciro k’isakoshi Miss Jolly yagaragaye afite

Menya agaciro k’isakoshi Miss Jolly yagaragaye afite

by radiotv10
04/05/2026
0

Miss Mutesi Jolly yagaragaye afite isakoshi yo mu bwoko ‘Hermès Kelly Bag’ igura abarirwa hagati ya $11,400–$14,500, ni ukuvuga ari...

Umwe mu baregwa hamwe n’umunyamakuru ‘Djihad’ yabuze mu Rukiko

Umwe mu baregwa hamwe n’umunyamakuru ‘Djihad’ yabuze mu Rukiko

by radiotv10
04/05/2026
0

Mu rubanza rw’ubujurire ruregwamo umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be bahamijwe icyaha cyo gukwirakwiza amashusho y'urukozasoni, umwe...

Hamenyekanye andi makuru arambuye yerecyeye igikorwa gitegerejwemo ikirangirire Lamar mu Rwanda

Amakuru mashya: Dj Toxxyk yafatiwe icyemezo n’Urukiko gituma ahita afungurwa

by radiotv10
05/05/2026
0

Umuvangamiziki Shema Arnold de Bosscher wamamaye nka Dj Toxxyk wari ukurikiranyweho ibyaha birimo ibishingiye ku mpanuka yatwaye ubuzima bw'Umupolisi, yabihamijwe...

Hamenyekanye igihano cyasabiwe umunyamakuru uzwi mu myidagaduro ukurikiranyweho kurwanira mu kabari

Amakuru mpamo ku yari yatangiye kuvugwa ku isezera ry’umunyamakuru w’imyidagaduro uzwi mu Rwanda

by radiotv10
01/05/2026
0

Umunyamakuru Rugemana Amena uzwi nka Babu mu biganiro by'imyidagaduro, yemeje ko yasezeye mu kiganiro yakoraga ku Isibo TV, ndetse no...

IZIHERUKA

Amakuru mashya ku bayobozi bakomeye ba Nyanza na Gisagara bari baherutse gufungurwa
MU RWANDA

Bane barimo uwayobora ishuri ry’imyuga bakurikiranywe muri dosiye ivugwamo miliyoni 226Frw

by radiotv10
07/05/2026
0

Perezida Kagame yakiriwe ku meza na mugenzi we wa Botswana mu musangiro wishimiwe (Amafoto)

Perezida Kagame yakiriwe ku meza na mugenzi we wa Botswana mu musangiro wishimiwe (Amafoto)

07/05/2026
Hafashwe icyemezo gitesha agaciro umwanzuro wari wafashwe wo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga

Hafashwe icyemezo gitesha agaciro umwanzuro wari wafashwe wo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga

06/05/2026
Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida Kagame yageze muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

06/05/2026
Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

Icyemezo Trump yafashe cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihita bigabanuka ku gipimo cyiza

06/05/2026
Polisi ya Uganda yafashe abarimo Abanya-Nigeria bakekwaho ibyaha bikomeye inafata intwaro n’imyambaro ya gisirikare

Polisi ya Uganda yafashe abarimo Abanya-Nigeria bakekwaho ibyaha bikomeye inafata intwaro n’imyambaro ya gisirikare

06/05/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
BREAKING: Haratangazwa ibyasinywe hagati ya AFC/M23 n’ubutegetsi bwa Congo n’ibimaze kugerwaho mu biganiro

Eng.-Between the DRC Government and AFC/M23, who truly deserves to celebrate the recently signed principles?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Bane barimo uwayobora ishuri ry’imyuga bakurikiranywe muri dosiye ivugwamo miliyoni 226Frw

Perezida Kagame yakiriwe ku meza na mugenzi we wa Botswana mu musangiro wishimiwe (Amafoto)

Hafashwe icyemezo gitesha agaciro umwanzuro wari wafashwe wo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.