• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Menya agaciro k’isakoshi Miss Jolly yagaragaye afite

radiotv10by radiotv10
04/05/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Menya agaciro k’isakoshi Miss Jolly yagaragaye afite
Share on FacebookShare on Twitter

Miss Mutesi Jolly yagaragaye afite isakoshi yo mu bwoko ‘Hermès Kelly Bag’ igura abarirwa hagati ya $11,400–$14,500, ni ukuvuga ari hejuru ya miliyoni 10 Frw.

Ni mu mafoto Miss Jolly yasangije abantu kuri iki Cyumweru tariki 03 Gicurasi 2026, aho yari yambaye n’imyenda yihagazeho, nk’ikanzu ikorwa n’uruganda rwa Gucci ruzwiho gukora ibikoresho bigurwa n’abifite.

Miss Jolly wagaragaje inganda zikora ibikoresho byose yari afite, yanerekanye ko inkweto yambaye zo zikorwa n’uruganda ruzwi nka Amina Muaddi.

Ni uruganda rutunganya nkweto na zo zishobora kugurwa n’abafite uko bahaze ku mufuka, zambawe n’ibyamamare bizwi ku Isi nka Kim Kardashian, Rihanna, na Bella Hadid.

Jolly kandi yagaragaje ko isakoshi yari afite, yo ari iyo mu bwoko bwa

Hermès Kelly Bag, iri mu masakoshi na yo ahenze ku Isi, akorwa n’uruganda rwa Hermès rwo mu Gihugu cy’u Bufaransa. Ni isakoshi yitiriwe umukinnyikazi wa filimi wo muri Leta Zunze Ubumwe za America witwa Grace Kelly.

Nk’uko bigaragazwa n’imbuga zinyuranye, iyi sakoshi, igura hagati $11,400–$14,500, ni ukuvuga ari hejuru ya miliyoni 15 Frw.

Abakurikiranira hafi iby’imideri, bavuga ko iyi sakoshi idapfa kugurwa na buri wese, kuko idakunze kuboneka mu maduka anyuranye, ahubwo ko uyishaka, bimusaba kuvugana n’uruganda rukayimutunganyiriza.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen + eighteen =

Previous Post

Nyuma y’umunsi umwe Perezida Kagame agiriye uruzinduko muri Tanzania, Ruto wa Kenya nawe yerecyejeyo

Next Post

Mu Rwanda hashobora gutangira gahunda ishobora gutuma imodoka zose zihindurwa iz’amashanyarazi cyangwa Gaze

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Mu Rwanda hashobora gutangira gahunda ishobora gutuma imodoka zose zihindurwa iz’amashanyarazi cyangwa Gaze

Mu Rwanda hashobora gutangira gahunda ishobora gutuma imodoka zose zihindurwa iz’amashanyarazi cyangwa Gaze

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.