Monday, May 4, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Menya agaciro k’isakoshi Miss Jolly yagaragaye afite

radiotv10by radiotv10
04/05/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Menya agaciro k’isakoshi Miss Jolly yagaragaye afite
Share on FacebookShare on Twitter

Miss Mutesi Jolly yagaragaye afite isakoshi yo mu bwoko ‘Hermès Kelly Bag’ igura abarirwa hagati ya $11,400–$14,500, ni ukuvuga ari hejuru ya miliyoni 10 Frw.

Ni mu mafoto Miss Jolly yasangije abantu kuri iki Cyumweru tariki 03 Gicurasi 2026, aho yari yambaye n’imyenda yihagazeho, nk’ikanzu ikorwa n’uruganda rwa Gucci ruzwiho gukora ibikoresho bigurwa n’abifite.

Miss Jolly wagaragaje inganda zikora ibikoresho byose yari afite, yanerekanye ko inkweto yambaye zo zikorwa n’uruganda ruzwi nka Amina Muaddi.

Ni uruganda rutunganya nkweto na zo zishobora kugurwa n’abafite uko bahaze ku mufuka, zambawe n’ibyamamare bizwi ku Isi nka Kim Kardashian, Rihanna, na Bella Hadid.

Jolly kandi yagaragaje ko isakoshi yari afite, yo ari iyo mu bwoko bwa

Hermès Kelly Bag, iri mu masakoshi na yo ahenze ku Isi, akorwa n’uruganda rwa Hermès rwo mu Gihugu cy’u Bufaransa. Ni isakoshi yitiriwe umukinnyikazi wa filimi wo muri Leta Zunze Ubumwe za America witwa Grace Kelly.

Nk’uko bigaragazwa n’imbuga zinyuranye, iyi sakoshi, igura hagati $11,400–$14,500, ni ukuvuga ari hejuru ya miliyoni 15 Frw.

Abakurikiranira hafi iby’imideri, bavuga ko iyi sakoshi idapfa kugurwa na buri wese, kuko idakunze kuboneka mu maduka anyuranye, ahubwo ko uyishaka, bimusaba kuvugana n’uruganda rukayimutunganyiriza.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

ten − 8 =

Previous Post

Nyuma y’umunsi umwe Perezida Kagame agiriye uruzinduko muri Tanzania, Ruto wa Kenya nawe yerecyejeyo

Related Posts

Umwe mu baregwa hamwe n’umunyamakuru ‘Djihad’ yabuze mu Rukiko

Umwe mu baregwa hamwe n’umunyamakuru ‘Djihad’ yabuze mu Rukiko

by radiotv10
04/05/2026
0

Mu rubanza rw’ubujurire ruregwamo umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be bahamijwe icyaha cyo gukwirakwiza amashusho y'urukozasoni, umwe...

Hamenyekanye igihano cyasabiwe umunyamakuru uzwi mu myidagaduro ukurikiranyweho kurwanira mu kabari

Amakuru mpamo ku yari yatangiye kuvugwa ku isezera ry’umunyamakuru w’imyidagaduro uzwi mu Rwanda

by radiotv10
01/05/2026
0

Umunyamakuru Rugemana Amena uzwi nka Babu mu biganiro by'imyidagaduro, yemeje ko yasezeye mu kiganiro yakoraga ku Isibo TV, ndetse no...

Amakuru mashya: Umunyamakuru DC Clement yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Amakuru mashya: Umunyamakuru DC Clement yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

by radiotv10
30/04/2026
0

Umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement ukurikiranyweho ibyaha birimo icyo gukoza isoni abayobozi b’Igihugu n’abashinzwe imirimo rusange, yafatiwe icyemezo...

Hamenyekanye igihe Umunyamakuru Djihad n’abo baregwa hamwe bazasubirira imbere y’Urukiko

Hamenyekanye igihe Umunyamakuru Djihad n’abo baregwa hamwe bazasubirira imbere y’Urukiko

by radiotv10
30/04/2026
0

Umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be baregwa hamwe mu rubanza rw’abashinjwa ibifitanye isano no guzakaza amashusho y’urukozasoni...

The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

by radiotv10
30/04/2026
0

Scroll through your phone for just a few minutes and you’ll quickly get the feeling that everyone is doing well....

IZIHERUKA

Menya agaciro k’isakoshi Miss Jolly yagaragaye afite
IBYAMAMARE

Menya agaciro k’isakoshi Miss Jolly yagaragaye afite

by radiotv10
04/05/2026
0

Nyuma y’umunsi umwe Perezida Kagame agiriye uruzinduko muri Tanzania, Ruto wa Kenya nawe yerecyejeyo

Nyuma y’umunsi umwe Perezida Kagame agiriye uruzinduko muri Tanzania, Ruto wa Kenya nawe yerecyejeyo

04/05/2026
Umwe mu baregwa hamwe n’umunyamakuru ‘Djihad’ yabuze mu Rukiko

Umwe mu baregwa hamwe n’umunyamakuru ‘Djihad’ yabuze mu Rukiko

04/05/2026
Amakuru mashya: Inyubako ikoreramo RDB yafunzwe by’agateganyo

Amakuru mashya: Inyubako ikoreramo RDB yafunzwe by’agateganyo

04/05/2026
Ikipe ya Mukura yatanze ikirego nyuma yuko umukinnyi wayo akubitiwe mu kibuga n’umusifuzi

Ikipe ya Mukura yatanze ikirego nyuma yuko umukinnyi wayo akubitiwe mu kibuga n’umusifuzi

04/05/2026
AFC/M23 yagaragaje ubugome bwakozwe n’uruhande bahanganye

AFC/M23 yagaragaje ubugome bwakozwe n’uruhande bahanganye

04/05/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Menya agaciro k’isakoshi Miss Jolly yagaragaye afite

Nyuma y’umunsi umwe Perezida Kagame agiriye uruzinduko muri Tanzania, Ruto wa Kenya nawe yerecyejeyo

Umwe mu baregwa hamwe n’umunyamakuru ‘Djihad’ yabuze mu Rukiko

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.