Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umukino wa APR na Rayon ugiye kwandika amateka

radiotv10by radiotv10
16/05/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA, SIPORO
0
Umukino wa APR na Rayon ugiye kwandika amateka
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bw’Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC, bwashyize hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino wo kwishyura wa ½ cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro. Itike ya macye ni 10,000 Frw.

Ni umukino uteganyijwe ku wa Kane tariki 19 uku kwezi kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Uyu mukino ibiciro byawo byatumbagijwe ku buryo benshi bibajijeho.

Nk’uko babitangaje babinyujije ku rubaga rwa bo [APR FC], kwinjira ahasanzwe [General] ni ibihumbi 10 Frw, ahatwikiriye [Regular] ni ibihumbi 20 Frw, mu cyubahiro [VIP] ni ibihumbi 30 Frw mu gihe mu cyubahiro handi [V.VIP] ari ibihumbi 50 Frw ariko abazishyura aya bakazaba bemerewe kwinjiza imodoka.

Ibi bisobanuye ko mu mateka y’umupira w’amaguru w’u Rwanda, ari byo biciro biri hejuru ugereranyije n’indi myaka yabanje. Ubwo Rayon Sports yakiraga umukino ubanza izi kipe zanganyijemo 0-0, amafaranga make yo kwinjira yari ibihumbi 5 Frw.

APR FC iheruka gutsindwa na Kiyovu SC mu mukino w’umunsi wa 27, wa shampiyona y’umupira w’Amaguru mu Rwanda irasabwa gutsinda mucyeba wayo w’ibihe byose Rayon Sports kugira ngo ikomeze muri ½ cy’irangiza cy’igikombe cy’amahoro mu gihe Rayon Sports isabwa gutsinda cg kunganya ariko habonetsemo ibitego.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen + three =

Previous Post

Gisagara Volleyball yakoreye amateka igera muri ½ cya Africa Club Championship 2022

Next Post

Mu kwezi kumwe mu Rwanda hapfuye Umunyamakuru wa gatatu

Related Posts

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

by radiotv10
18/12/2025
0

Kigali is quietly becoming one of Africa’s most attractive destinations for digital nomads. Known for its cleanliness, safety, strong internet...

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

by radiotv10
18/12/2025
1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi ziherutse guhurira mu biganiro nyuma...

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

by radiotv10
18/12/2025
0

From mobile money to online banking and QR-code payments, the world is rapidly moving toward a cashless society. In Rwanda,...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

by radiotv10
18/12/2025
0

Abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyunuzi bavuga ko umusaruro wabo utinda guhuza ibipimo bikenerwa kugira ngo ugurwe kuko batagira imashini...

IZIHERUKA

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?
IMIBEREHO MYIZA

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

by radiotv10
18/12/2025
0

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

18/12/2025
Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

18/12/2025
Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

18/12/2025
Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

18/12/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mu kwezi kumwe mu Rwanda hapfuye Umunyamakuru wa gatatu

Mu kwezi kumwe mu Rwanda hapfuye Umunyamakuru wa gatatu

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.