Wednesday, December 10, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umukino wa APR na Rayon ugiye kwandika amateka

radiotv10by radiotv10
16/05/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA, SIPORO
0
Umukino wa APR na Rayon ugiye kwandika amateka
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bw’Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC, bwashyize hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino wo kwishyura wa ½ cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro. Itike ya macye ni 10,000 Frw.

Ni umukino uteganyijwe ku wa Kane tariki 19 uku kwezi kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Uyu mukino ibiciro byawo byatumbagijwe ku buryo benshi bibajijeho.

Nk’uko babitangaje babinyujije ku rubaga rwa bo [APR FC], kwinjira ahasanzwe [General] ni ibihumbi 10 Frw, ahatwikiriye [Regular] ni ibihumbi 20 Frw, mu cyubahiro [VIP] ni ibihumbi 30 Frw mu gihe mu cyubahiro handi [V.VIP] ari ibihumbi 50 Frw ariko abazishyura aya bakazaba bemerewe kwinjiza imodoka.

Ibi bisobanuye ko mu mateka y’umupira w’amaguru w’u Rwanda, ari byo biciro biri hejuru ugereranyije n’indi myaka yabanje. Ubwo Rayon Sports yakiraga umukino ubanza izi kipe zanganyijemo 0-0, amafaranga make yo kwinjira yari ibihumbi 5 Frw.

APR FC iheruka gutsindwa na Kiyovu SC mu mukino w’umunsi wa 27, wa shampiyona y’umupira w’Amaguru mu Rwanda irasabwa gutsinda mucyeba wayo w’ibihe byose Rayon Sports kugira ngo ikomeze muri ½ cy’irangiza cy’igikombe cy’amahoro mu gihe Rayon Sports isabwa gutsinda cg kunganya ariko habonetsemo ibitego.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen + eighteen =

Previous Post

Gisagara Volleyball yakoreye amateka igera muri ½ cya Africa Club Championship 2022

Next Post

Mu kwezi kumwe mu Rwanda hapfuye Umunyamakuru wa gatatu

Related Posts

U Rwanda rwagaragaje ibizagenerwa abimukira baturutse mu Bwongereza bazatangira kuza ejo

Eng.-Rwanda Government Spokesperson condemns the new false accusations raised by the DRC

by radiotv10
10/12/2025
0

Rwanda Government Spokesperson, Yolande Makolo, has said that it is time for the Democratic Republic of Congo (DRC) to stop...

BREAKING: U Rwanda rusohoye itangazo ruvuga ku bimaze iminsi muri Kivu y’Epfo runasubiza ku binyoma rwongeye kwegekwaho

BREAKING: U Rwanda rusohoye itangazo ruvuga ku bimaze iminsi muri Kivu y’Epfo runasubiza ku binyoma rwongeye kwegekwaho

by radiotv10
10/12/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iratangaza ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye kwegeka ku Rwanda ibikorwa byo kurenga ku gahenge, nyuma...

Ikibazo u Rwanda rwabajije Congo yakinnye ku mubyimba Abanyekongo baruhungiyemo

Ibi birahagije: Ubutumwa Umuvugizi w’u Rwanda yageneye uwa Congo nyuma yo kongera kuzamura ibinyoma

by radiotv10
10/12/2025
0

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko igihe kigeze ngo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihagarike ibinyoma byayo,...

Bagaragaje amakosa yabayeho batunga agatoki kuba ntandaro yo gushyira ubuzima bwabo mu kaga

Bagaragaje amakosa yabayeho batunga agatoki kuba ntandaro yo gushyira ubuzima bwabo mu kaga

by radiotv10
10/12/2025
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, bavuga ko umuhanda utagira rigore utuma amazi awuturukamo aruhukira...

Volunteering, Activism and Youth Engagement in Rwanda: Who’s Involved and Why

Volunteering, Activism and Youth Engagement in Rwanda: Who’s Involved and Why

by radiotv10
10/12/2025
0

Across Rwanda, a new wave of young people is shaping the future through volunteering, activism, and community engagement. From environmental...

IZIHERUKA

U Rwanda rwagaragaje ibizagenerwa abimukira baturutse mu Bwongereza bazatangira kuza ejo
MU RWANDA

Eng.-Rwanda Government Spokesperson condemns the new false accusations raised by the DRC

by radiotv10
10/12/2025
0

BREAKING: U Rwanda rusohoye itangazo ruvuga ku bimaze iminsi muri Kivu y’Epfo runasubiza ku binyoma rwongeye kwegekwaho

BREAKING: U Rwanda rusohoye itangazo ruvuga ku bimaze iminsi muri Kivu y’Epfo runasubiza ku binyoma rwongeye kwegekwaho

10/12/2025
AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

10/12/2025
Ikibazo u Rwanda rwabajije Congo yakinnye ku mubyimba Abanyekongo baruhungiyemo

Ibi birahagije: Ubutumwa Umuvugizi w’u Rwanda yageneye uwa Congo nyuma yo kongera kuzamura ibinyoma

10/12/2025
Bagaragaje amakosa yabayeho batunga agatoki kuba ntandaro yo gushyira ubuzima bwabo mu kaga

Bagaragaje amakosa yabayeho batunga agatoki kuba ntandaro yo gushyira ubuzima bwabo mu kaga

10/12/2025
Volunteering, Activism and Youth Engagement in Rwanda: Who’s Involved and Why

Volunteering, Activism and Youth Engagement in Rwanda: Who’s Involved and Why

10/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mu kwezi kumwe mu Rwanda hapfuye Umunyamakuru wa gatatu

Mu kwezi kumwe mu Rwanda hapfuye Umunyamakuru wa gatatu

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Rwanda Government Spokesperson condemns the new false accusations raised by the DRC

BREAKING: U Rwanda rusohoye itangazo ruvuga ku bimaze iminsi muri Kivu y’Epfo runasubiza ku binyoma rwongeye kwegekwaho

AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.