Saturday, November 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi wa ruhago agaragaje ikidasanzwe cyagaragaye mu mikino y’uyu mwaka

radiotv10by radiotv10
16/05/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi wa ruhago agaragaje ikidasanzwe cyagaragaye mu mikino y’uyu mwaka
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gikombe cy’amahoro cy’uyu mwaka, nubwo hamaze kumenyekana amakipe abiri azavamo izacyegukana (APR FC cyangwa Rayon), ariko mu mikino yacyo n’iya shampiyona, hagaragaye ko ikipe nto ishobora gutungura inkuru, ikayitsinda.

Ibikubiye muri iyi nyandiko, ni ibitekerezo bwite by’umunyamakuru Kazungu Clever, usanzwe ari inzobere mu gusesengura umupira w’amaguru ukundwa n’atabari bacye ku Isi.

Uyu mwaka w’imikino wa 2022-23, watweretse ko abatoza Batatu, ari bo Haringingo Francis, Casa Mbungo Andre, Mashami Vicent, bigoranye cyane gutwara igikombe cya Shampiyona, kuko babuze umusaruro kandi ari bo biguriye abakinnyi bose bashakaga.

Batakaje amanota menshi kandi igitangaje ni uko batsinzwe n’amakipe menshi mato muri Shampiyona.

Urugero rworoshye:

– Kugeza ubu Police FC imaze gutsindwa imikino 10 muri Shampiyona!

Imikino Ine y’amakipe akomeye ari yo

Kiyovu (2), Rayon Sports na Mukura.

Yatsinzwe n’amakipe mato, ari yo: Sunrise FC, Gasogi , Gorilla FC, Espoir FC, Bugesera FC ndetse na Etincelles FC.

– Rayon Sports imaze gutsindwa Imikino 7, aho yatsinzwe na APR FC, Kiyovu Sports na Police FC.

Ndetse n’amakipe mato ari yo: Musanze FC, Etincelles, Gasogi nited na Gorilla FC.

– AS Kigali yatsinzwe imikino 7, aho yatsinzwe na Rayon Sports, mu gihe yanganyije imikino myinshi (8), ubu iri ku mwanya wa 4, aho irushwa amanota 13 na Kiyovu kandi mu mikino 15, ya mbere ya Shampiyona zombi zanganyaga amanota 30.

Umutoza Mateso Jean de Dieu, utoza Kiyovu ni we wakoze ibitangaza ibyo abantu batatekerezaga.

Muri Shampiyona Kiyovu Sports atoza imaze gukina imikino 11, itaratsindwa umukino n’umwe. Yanganyije 2 (Rayon na Mukura), mu gihe indi 9, bayitsinze bikurikiranya.

Bahereye kuri Rayon banganya 0-0, nyuma batsinda imikino 9 harimo Police FC, AS Kigali, baheruka kunganya na Mukura, buzuza imikino 11 badatsindwa,

Ese aho ntituzareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro, Shampiyona yarabonye nyirayo ari we Kiyovu Sports?

Bibaye nkuko imibare ibigaragaza kuri Kiyovu Sports, ikomeye muri Shampiyona, ni yihe kipe izasigara ku rugo irurinze mu gihe abakuru bazaba basohotse nkuko abafana babivuga? Ni APR FC cg ni Rayon Sports?

Rayon iherutse gutsindwa na Gorilla FC

Clever Kazungu

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five + 10 =

Previous Post

Rusizi: Ibyamenyekanye ku nkongi yafashe inzu yasigiye agahinda abayibamo

Next Post

Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

Related Posts

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

by radiotv10
14/11/2025
0

Nyuma yuko Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée, atangaje ko ikipe yamaze gutandukana n’umutoza Afahmia Lotfi kubera umusaruro muke, ibintu...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Perezida wa Rayon yizeje gukemura burundi bimwe mu bibazo biyibereye umutwaro

by radiotv10
13/11/2025
0

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bugiye gukemura burundu ikibazo cy’umutoza Robertinho ndetse n’icya...

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

by radiotv10
12/11/2025
0

Tombola y’amatsinda y’Igikombe cya Afurika muri Handball (Men’s Handball Africa Cup of Nations) kizabera mu Rwanda mu kwezi kwa mbere...

Umunyezamu Kwizera Olivier utaheruka kwambara umwambaro w’Amavubi yongeye guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu

Umunyezamu Kwizera Olivier utaheruka kwambara umwambaro w’Amavubi yongeye guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu

by radiotv10
12/11/2025
0

Ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 25 bagomba gutangira umwiherero, barimo umunyezamu Kwizera Olivier wanyuze mu makipe anyuranye mu Rwanda no...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

by radiotv10
11/11/2025
0

Aimable Nsabimana, myugariro w’ikipe ya Assabah Sports Club yo mu cyiciro cya mbere muri Libiya, yavuze ko yigeze gutekereza kureka...

IZIHERUKA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi
AMAHANGA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

by radiotv10
15/11/2025
0

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

15/11/2025
Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

15/11/2025
Rusizi: Ubuyobozi ntibwumva kimwe n’abahinzi b’umuceri ikibazo cyabateye kwiheba

Hatangajwe umuti uri kuvugutirwa ikibazo gikunze gutuma bamwe mu bahinzi barira ayo kwarika

15/11/2025
Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

14/11/2025
Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

14/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.