Saturday, January 17, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi wa ruhago agaragaje ikidasanzwe cyagaragaye mu mikino y’uyu mwaka

radiotv10by radiotv10
16/05/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi wa ruhago agaragaje ikidasanzwe cyagaragaye mu mikino y’uyu mwaka
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gikombe cy’amahoro cy’uyu mwaka, nubwo hamaze kumenyekana amakipe abiri azavamo izacyegukana (APR FC cyangwa Rayon), ariko mu mikino yacyo n’iya shampiyona, hagaragaye ko ikipe nto ishobora gutungura inkuru, ikayitsinda.

Ibikubiye muri iyi nyandiko, ni ibitekerezo bwite by’umunyamakuru Kazungu Clever, usanzwe ari inzobere mu gusesengura umupira w’amaguru ukundwa n’atabari bacye ku Isi.

Uyu mwaka w’imikino wa 2022-23, watweretse ko abatoza Batatu, ari bo Haringingo Francis, Casa Mbungo Andre, Mashami Vicent, bigoranye cyane gutwara igikombe cya Shampiyona, kuko babuze umusaruro kandi ari bo biguriye abakinnyi bose bashakaga.

Batakaje amanota menshi kandi igitangaje ni uko batsinzwe n’amakipe menshi mato muri Shampiyona.

Urugero rworoshye:

– Kugeza ubu Police FC imaze gutsindwa imikino 10 muri Shampiyona!

Imikino Ine y’amakipe akomeye ari yo

Kiyovu (2), Rayon Sports na Mukura.

Yatsinzwe n’amakipe mato, ari yo: Sunrise FC, Gasogi , Gorilla FC, Espoir FC, Bugesera FC ndetse na Etincelles FC.

– Rayon Sports imaze gutsindwa Imikino 7, aho yatsinzwe na APR FC, Kiyovu Sports na Police FC.

Ndetse n’amakipe mato ari yo: Musanze FC, Etincelles, Gasogi nited na Gorilla FC.

– AS Kigali yatsinzwe imikino 7, aho yatsinzwe na Rayon Sports, mu gihe yanganyije imikino myinshi (8), ubu iri ku mwanya wa 4, aho irushwa amanota 13 na Kiyovu kandi mu mikino 15, ya mbere ya Shampiyona zombi zanganyaga amanota 30.

Umutoza Mateso Jean de Dieu, utoza Kiyovu ni we wakoze ibitangaza ibyo abantu batatekerezaga.

Muri Shampiyona Kiyovu Sports atoza imaze gukina imikino 11, itaratsindwa umukino n’umwe. Yanganyije 2 (Rayon na Mukura), mu gihe indi 9, bayitsinze bikurikiranya.

Bahereye kuri Rayon banganya 0-0, nyuma batsinda imikino 9 harimo Police FC, AS Kigali, baheruka kunganya na Mukura, buzuza imikino 11 badatsindwa,

Ese aho ntituzareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro, Shampiyona yarabonye nyirayo ari we Kiyovu Sports?

Bibaye nkuko imibare ibigaragaza kuri Kiyovu Sports, ikomeye muri Shampiyona, ni yihe kipe izasigara ku rugo irurinze mu gihe abakuru bazaba basohotse nkuko abafana babivuga? Ni APR FC cg ni Rayon Sports?

Rayon iherutse gutsindwa na Gorilla FC

Clever Kazungu

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × four =

Previous Post

Rusizi: Ibyamenyekanye ku nkongi yafashe inzu yasigiye agahinda abayibamo

Next Post

Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

Related Posts

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

by radiotv10
16/01/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro bya nyuma n’abakinnyi batatu barimo Yannick Mukunzi, Faustin Usengimana na Yves Mugunga, mu...

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

by radiotv10
16/01/2026
0

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yahaye umukoro abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Handball yitegura Igikombe cya Afurika kigiye kubera mu Rwanda,...

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

by radiotv10
15/01/2026
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, yahagaritswe imikino ine n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), azira imyitwarire...

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche wari umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, yirukanywe nyuma yo gukorerwa...

IZIHERUKA

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye
MU RWANDA

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

by radiotv10
17/01/2026
0

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

17/01/2026
Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

17/01/2026
Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

16/01/2026
Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

16/01/2026
Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi

Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi

16/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.