Thursday, January 29, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi wa ruhago agaragaje ikidasanzwe cyagaragaye mu mikino y’uyu mwaka

radiotv10by radiotv10
16/05/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi wa ruhago agaragaje ikidasanzwe cyagaragaye mu mikino y’uyu mwaka
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gikombe cy’amahoro cy’uyu mwaka, nubwo hamaze kumenyekana amakipe abiri azavamo izacyegukana (APR FC cyangwa Rayon), ariko mu mikino yacyo n’iya shampiyona, hagaragaye ko ikipe nto ishobora gutungura inkuru, ikayitsinda.

Ibikubiye muri iyi nyandiko, ni ibitekerezo bwite by’umunyamakuru Kazungu Clever, usanzwe ari inzobere mu gusesengura umupira w’amaguru ukundwa n’atabari bacye ku Isi.

Uyu mwaka w’imikino wa 2022-23, watweretse ko abatoza Batatu, ari bo Haringingo Francis, Casa Mbungo Andre, Mashami Vicent, bigoranye cyane gutwara igikombe cya Shampiyona, kuko babuze umusaruro kandi ari bo biguriye abakinnyi bose bashakaga.

Batakaje amanota menshi kandi igitangaje ni uko batsinzwe n’amakipe menshi mato muri Shampiyona.

Urugero rworoshye:

– Kugeza ubu Police FC imaze gutsindwa imikino 10 muri Shampiyona!

Imikino Ine y’amakipe akomeye ari yo

Kiyovu (2), Rayon Sports na Mukura.

Yatsinzwe n’amakipe mato, ari yo: Sunrise FC, Gasogi , Gorilla FC, Espoir FC, Bugesera FC ndetse na Etincelles FC.

– Rayon Sports imaze gutsindwa Imikino 7, aho yatsinzwe na APR FC, Kiyovu Sports na Police FC.

Ndetse n’amakipe mato ari yo: Musanze FC, Etincelles, Gasogi nited na Gorilla FC.

– AS Kigali yatsinzwe imikino 7, aho yatsinzwe na Rayon Sports, mu gihe yanganyije imikino myinshi (8), ubu iri ku mwanya wa 4, aho irushwa amanota 13 na Kiyovu kandi mu mikino 15, ya mbere ya Shampiyona zombi zanganyaga amanota 30.

Umutoza Mateso Jean de Dieu, utoza Kiyovu ni we wakoze ibitangaza ibyo abantu batatekerezaga.

Muri Shampiyona Kiyovu Sports atoza imaze gukina imikino 11, itaratsindwa umukino n’umwe. Yanganyije 2 (Rayon na Mukura), mu gihe indi 9, bayitsinze bikurikiranya.

Bahereye kuri Rayon banganya 0-0, nyuma batsinda imikino 9 harimo Police FC, AS Kigali, baheruka kunganya na Mukura, buzuza imikino 11 badatsindwa,

Ese aho ntituzareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro, Shampiyona yarabonye nyirayo ari we Kiyovu Sports?

Bibaye nkuko imibare ibigaragaza kuri Kiyovu Sports, ikomeye muri Shampiyona, ni yihe kipe izasigara ku rugo irurinze mu gihe abakuru bazaba basohotse nkuko abafana babivuga? Ni APR FC cg ni Rayon Sports?

Rayon iherutse gutsindwa na Gorilla FC

Clever Kazungu

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − eight =

Previous Post

Rusizi: Ibyamenyekanye ku nkongi yafashe inzu yasigiye agahinda abayibamo

Next Post

Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

Related Posts

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

by radiotv10
26/01/2026
0

Rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, uheruka gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, yerekeje mu ikipe ya AS Kigali, aho yasinye amasezerano y’amezi...

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

by radiotv10
25/01/2026
0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yerekeje amaso ku gikombe kiswe 'President Cup' mu mikino y'Igikombe cya Afurika, itangira itsinda...

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

by radiotv10
23/01/2026
0

Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, wari umwe mu bakinnyi bafatwaga nk’ahazaza ha Gikundiro, nyuma y’imyaka...

IZIHERUKA

Ubutumwa bw’umunyamakuru Uwera Jean Maurice nyuma yo guhabwa inshingano na Guverinoma y’u Rwanda
MU RWANDA

Ubutumwa bw’umunyamakuru Uwera Jean Maurice nyuma yo guhabwa inshingano na Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
29/01/2026
0

Abigaragambiriza isenywa ry’inzu zabo mu mujyi w’Igihugu kimwe muri Afurika bahuye n’uruva gusenya

Abigaragambiriza isenywa ry’inzu zabo mu mujyi w’Igihugu kimwe muri Afurika bahuye n’uruva gusenya

29/01/2026
Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

28/01/2026
Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

28/01/2026
AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

28/01/2026
Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

28/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ubutumwa bw’umunyamakuru Uwera Jean Maurice nyuma yo guhabwa inshingano na Guverinoma y’u Rwanda

Abigaragambiriza isenywa ry’inzu zabo mu mujyi w’Igihugu kimwe muri Afurika bahuye n’uruva gusenya

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.