• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umunyamideri ufite umwihariko yamaze kuba umunyamakuru w’imwe muri radiyo y’imyidagaduro mu Rwanda

radiotv10by radiotv10
20/04/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Umunyamideri ufite umwihariko yamaze kuba umunyamakuru w’imwe muri radiyo y’imyidagaduro mu Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamideri uzwi ku izina rya Rocky.Try uzwiho umwihariko mu kumurika imideri n’ubwiza mu buryo bw’amafoto, yamaze kuba n’umunyamakuru, aho ubu agiye kujya yumvikana mu kiganiro kuri imwe mu radiyo z’imyidagaduro.

Rocky.Try agiye kujya yumvikana kuri Royal FM mu kiganiro gishya kitwa Drive Time, azajya akora mu masaha y’umugoroba.

Ni ikiganiro cya mbere kimwinjiza mu mwuga w’itangazamakuru, agiye kujya abangikanya no kumurika imideri asanzwe afiteho umwihariko wo kubikora mu buryo bw’amashusho.

Uyu munyamideri wakunze kuba mu Bwongereza ari na ho yakunze gukorera ibikorwa bye byo kumurika imideri, yaninjiye mu bikorwa by’imyidagaduro kuko yatangiye no gutegura ibitaramo.

Si we munyamideri wa mbere ugiye kubibangikanya n’umwuga w’Itangazamakuru mu Rwanda, kuko hanazwi Bianca wari umunyamideri wanakoraga ibijyanye n’imideri akanategura ibitaramo by’imyambarire.

Hari kandi Umufiti Anipha ukomeje kubaka izina mu bijyanye no kumurika imideri, wanabaye Umunyamakuru wa Isango Star.

Khamiss SANGO
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 − 8 =

Previous Post

ManCity nyuma yo kwerekana ko ishobora gutwara Champions League hari agahigo yatangiye kuvugwaho

Next Post

Ibiri kuba muri FERWAFA hari abo bikomeje kubera amayobera

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Ibiri kuba muri FERWAFA hari abo bikomeje kubera amayobera

Ibiri kuba muri FERWAFA hari abo bikomeje kubera amayobera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.