Wednesday, January 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Umwami w’u Bwongereza yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine muri Kenya

radiotv10by radiotv10
31/10/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Umwami w’u Bwongereza yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine muri Kenya
Share on FacebookShare on Twitter

Umwami w’u Bwongereza, Charles III, ari mu Gihugu cya Kenya mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine, ari narwo rwa mbere akoreye mu Gihugu kibarizwa mu muryango w’ibikoresha ururimi rw’Icyongereza uzwi nka Commonwealth, kuva yakwima ingoma.

Biteganyijwe ko muri uru ruzinduko, Umwami Charles III azemera amakosa yakozwe n’u Bwongereza mu gihe cy’Ubukoloni, ubwo abantu barenga ibihumbi 10 bicwaga, abandi bagakorerwa iyicarubozo, mu gikorwa cyo kurwanya ubushyamirane buzwi nka Mau Mau mu myaka ya 1950, yamenekeyemo amaraso menshi mu Bihugu byari byarakoronejwe n’u Bwongereza.

Mu mwaka wa 2013, u Bwongereza bwatangaje ko bwababajwe cyane n‘ibyabaye, bwishyura miliyoni 20 z’amapawundi ku bantu barenga 5 000, nubwo hari abavuze icyo gihe ko ibyo bidahagije.

U Bwongereza bwatangaje ko Umwami Charles III agomba no kubonana n’imiryango y’abakambwe barwanye mu ntambara ya mbere n’iya kabiri z’Isi barwanirira Ubwongereza, mu rwego rwo guha icyubahiro abanya-Kenya bagize uruhare rukomeye muri izi ntambara zombie, n’abanyafrika muri rusange.

Ibihugu byombi bifitanye umubano mu ngeri zitandukanye, kuva mu myaka 60 ishize Kenya ibonye ubwigenge.

Umwami Charles yakiriwe na Perezida wa Kenya William Ruto

Banagiranye ibiganiro

Assoumani TWAHIRWA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 − 1 =

Previous Post

TV10 ibazaniye ikiganiro gishya cy’ubusesenguzi bwuje ubuhanga kizakorwa n’abanyamakuru b’amazina azwi

Next Post

Congo: Icyatunguranye mu cyemezo cyafashwe kuri Kandidatire z’abifuza guhatana na Tshisekedi

Related Posts

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

by radiotv10
28/01/2026
0

Mu rubanza ruburanishwa n’Urukiko Rukuru rwa Gitega mu Burundi ruregwamo abantu 16 baregwa ibikorwa byo kuryamana kw’abahuje ibitsina rwavutsemo impaka...

AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

by radiotv10
28/01/2026
0

Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yavuze ko kuba iri Huriro ryakorana n’u Rwanda bitavuze ko rurifasha, ahubwo ko hari impamvu...

Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

by radiotv10
28/01/2026
0

Umukozi w’Imana wo muri Kenya, Paul Nthenge Mackenzie wari umuyobozi w’Itorero rimwe, umaze imyaka itatu atawe muri yombi akurikiranyweho uruhare...

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

by radiotv10
28/01/2026
0

Ifoto ya Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu imugaragaza ari kuvugira kuri Telefone yagiye yomekwaho utuntu duhisha kamera yayo n’akarango...

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

Igisubizo AFC/M23 ihaye abayisaba kurekura ibice yafashe

by radiotv10
27/01/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ridateze kurekura igice na kimwe mu byo ryafashe,...

IZIHERUKA

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police
FOOTBALL

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

28/01/2026
AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

28/01/2026
Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

28/01/2026
Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

28/01/2026
Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

28/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Congo: Icyatunguranye mu cyemezo cyafashwe kuri Kandidatire z’abifuza guhatana na Tshisekedi

Congo: Icyatunguranye mu cyemezo cyafashwe kuri Kandidatire z’abifuza guhatana na Tshisekedi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.