Friday, November 21, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Urubyiruko rw’abakorerabushake 220 rwatangiye amahugurwa y’iminsi 5

radiotv10by radiotv10
05/06/2022
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Urubyiruko rw’abakorerabushake 220 rwatangiye amahugurwa y’iminsi 5
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatandatu, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yatangije amahugurwa y’iminsi itanu y’urubyiruko rw’abakorerabushake rw’Intara y’Amajyaruguru, mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi y’Igihugu i Gishari mu Karere ka Rwamagana.

Mu ijambo rifungura aya mahugurwa, Minisitiri Gatabazi yashimiye uru rubyiruko uruhare rwagize mu guhangana cya COVID19.  Yanbashishikarije kugira imyumvire myiza itarangwa n’urujijo kandi bikagendana n’ikinyabupfura, gukunda igihugu, kwitanga no kudacogora hagaharanirwa ko buri Munyarwanda azamuka.

Yagize ati: “Ubuzima ntibukwiye kuba gatebe gatoki ahubwo bukwiye gukomeza kuko ni byo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika atwifuriza, ubuyobozi bwacu ni ubuyobozi bwifuriza buri Munyarwanda wese ko azamuka.”

Urubyiruko-rwabakorerabushake-rwo-mu-Ntara-yAmajyaruguru-ruri-mu-mahugurwa-i-Gishari-rwasabwe-gukomeza-kuba-hafi-abaturage

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 04 Kamena mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi i Gishari, urubyyiruko rukaba rushimirwa kuba ruagikomeje kugira uruhare mu bikorwa bitandukanye.

Minisitiri  Gatabazi yabasabye Kwita ku mutekano w’igihugu, uw’abantu n’ibyabo mu rwego rwo guharanira umutekano usesuye mu Ntara y’Amajyaruguru izwiho kwakira ba mukerarugendo benshi, kuba umusemburo w’ubumwe bw’Abanyarwanda n’iterambere ryabo, gufatanya n’ubuyobozi kurwanya isuri.

Guverineri-wIntara-yAmajyaruguru-Nyirarugero-Dancille

Gufasha abaturage kugira isuku aho batuye no ku mubiri, gufatanya n’ubuyobozi gusubiza abana ku ishuri, gushishikariza imiryango gusezerana, kwirinda ubuharike no kubyara abo bashoboye kurera mu rwego rwo guhangana n’amakimbirane n’ibindi bibazo bibikomokaho no kwimakaza umuco wa Siporo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 + twenty =

Previous Post

USA : Umwiyahuzi yarasha ku bantu, babiri bahita bahasiga ubuzima

Next Post

RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

Related Posts

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

by radiotv10
21/11/2025
0

Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, na we yageneye ubutumwa Perezdia Paul Kagame, amushimira ibiganiro byiza...

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

by radiotv10
21/11/2025
0

President Paul Kagame expressed his gratitude to the Emir of Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, who visited Rwanda...

U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

by radiotv10
21/11/2025
0

Mu biganiro byahuje urwego ruhuriweho na Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impande zombi ziyemeje gutera intambwe...

Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

by radiotv10
21/11/2025
0

Perezida Paul Kagame yashimiye Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani wagendereye u Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi...

Uko byagenze ngo inzego zinjire mu iperereza ryihariye ku Bayobozi bamwe muri Nyamagabe n’ibyo bakekwaho

Uko byagenze ngo inzego zinjire mu iperereza ryihariye ku Bayobozi bamwe muri Nyamagabe n’ibyo bakekwaho

by radiotv10
21/11/2025
0

Bamwe mu bayobozi bo mu Karere ka Nyamagabe, bari gukorwaho iperereza ridasanzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, nyuma yuko igenzura ritahuye...

IZIHERUKA

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika
SIPORO

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

by radiotv10
21/11/2025
0

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

21/11/2025
Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

21/11/2025
Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

21/11/2025
U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

U Rwanda na Congo mu biganiro muri America bemeranyijwe ku birimo icyifujwe cyane

21/11/2025
Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

Ndashimira umuvandimwe akaba n’inshuti yanjye-Ubutumwa Perezida Kagame yageneye Emir wa Qatar wasuye u Rwanda

21/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.