Friday, January 23, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Urubyiruko rw’abakorerabushake 220 rwatangiye amahugurwa y’iminsi 5

radiotv10by radiotv10
05/06/2022
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Urubyiruko rw’abakorerabushake 220 rwatangiye amahugurwa y’iminsi 5
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatandatu, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yatangije amahugurwa y’iminsi itanu y’urubyiruko rw’abakorerabushake rw’Intara y’Amajyaruguru, mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi y’Igihugu i Gishari mu Karere ka Rwamagana.

Mu ijambo rifungura aya mahugurwa, Minisitiri Gatabazi yashimiye uru rubyiruko uruhare rwagize mu guhangana cya COVID19.  Yanbashishikarije kugira imyumvire myiza itarangwa n’urujijo kandi bikagendana n’ikinyabupfura, gukunda igihugu, kwitanga no kudacogora hagaharanirwa ko buri Munyarwanda azamuka.

Yagize ati: “Ubuzima ntibukwiye kuba gatebe gatoki ahubwo bukwiye gukomeza kuko ni byo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika atwifuriza, ubuyobozi bwacu ni ubuyobozi bwifuriza buri Munyarwanda wese ko azamuka.”

Urubyiruko-rwabakorerabushake-rwo-mu-Ntara-yAmajyaruguru-ruri-mu-mahugurwa-i-Gishari-rwasabwe-gukomeza-kuba-hafi-abaturage

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 04 Kamena mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi i Gishari, urubyyiruko rukaba rushimirwa kuba ruagikomeje kugira uruhare mu bikorwa bitandukanye.

Minisitiri  Gatabazi yabasabye Kwita ku mutekano w’igihugu, uw’abantu n’ibyabo mu rwego rwo guharanira umutekano usesuye mu Ntara y’Amajyaruguru izwiho kwakira ba mukerarugendo benshi, kuba umusemburo w’ubumwe bw’Abanyarwanda n’iterambere ryabo, gufatanya n’ubuyobozi kurwanya isuri.

Guverineri-wIntara-yAmajyaruguru-Nyirarugero-Dancille

Gufasha abaturage kugira isuku aho batuye no ku mubiri, gufatanya n’ubuyobozi gusubiza abana ku ishuri, gushishikariza imiryango gusezerana, kwirinda ubuharike no kubyara abo bashoboye kurera mu rwego rwo guhangana n’amakimbirane n’ibindi bibazo bibikomokaho no kwimakaza umuco wa Siporo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − 4 =

Previous Post

USA : Umwiyahuzi yarasha ku bantu, babiri bahita bahasiga ubuzima

Next Post

RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

Related Posts

Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere

Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere

by radiotv10
23/01/2026
0

Intumwa z’Umuryango w’Ingabo Zihora ziteguye Gutaba mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (Eastern Africa Standby Force-EASF), zagiriye uruzinduko mu Rwanda rugamije...

Bashyize hanze imyitwarire bashinja ubuyobozi ituma ubujura budacika ahubwo bugakaza umurego

Bashyize hanze imyitwarire bashinja ubuyobozi ituma ubujura budacika ahubwo bugakaza umurego

by radiotv10
23/01/2026
0

Abo mu Mirenge ya Kivumu na Kigeyo mu Karere ka Rubavu, bavuga ko ubujura bubarembeje nyamara ngo ubuyobozi bukaba bubirebera...

Umunyamakuru ufite uburambe mu Rwanda yahawe inshingano zo hejuru nyuma y’umwaka ahagaritswe n’igitangazamakuru yakoreraga

Umunyamakuru ufite uburambe mu Rwanda yahawe inshingano zo hejuru nyuma y’umwaka ahagaritswe n’igitangazamakuru yakoreraga

by radiotv10
22/01/2026
0

Umunyamakuru Sylivanus Karemera wamaze igihe akorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru akaza guhagarikirwa rimwe n’abandi benshi bagikoragamo, yahawe inshingano mu buyobozi bw’ikindi...

Nyamasheke: Yasanzwe yapfuye ari ku muryango w’akabari bivugwa ko yaraye akubitiwemo

Nyamasheke: Yasanzwe yapfuye ari ku muryango w’akabari bivugwa ko yaraye akubitiwemo

by radiotv10
22/01/2026
0

Nkurikiyumukiza Daniel wari uzwi ku izina rya Rujanga  wabonywe yinjira mu kabari kazwi nko kwa Mukubite umwice kabarizwa mu kagari ka...

Ubujura bukabije bwa Kashipawa bavuze abo babukekaho n’impamvu babishingiraho

Ubujura bukabije bwa Kashipawa bavuze abo babukekaho n’impamvu babishingiraho

by radiotv10
22/01/2026
0

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana, baravuga ko ubujura bwa Kashipawa (Cash Power) bwafashe...

IZIHERUKA

Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere
MU RWANDA

Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere

by radiotv10
23/01/2026
0

Bashyize hanze imyitwarire bashinja ubuyobozi ituma ubujura budacika ahubwo bugakaza umurego

Bashyize hanze imyitwarire bashinja ubuyobozi ituma ubujura budacika ahubwo bugakaza umurego

23/01/2026
Yifashishije ifoto ishotorana Gen.Muhoozi yongeye gutangaza ibishobora kuzamurira umujinya umunyapolitiki Bobi Wine

Yifashishije ifoto ishotorana Gen.Muhoozi yongeye gutangaza ibishobora kuzamurira umujinya umunyapolitiki Bobi Wine

22/01/2026
Biravugwa ko abarwanyi b’abacancuro bongeye kugaragara muri Congo

Biravugwa ko abarwanyi b’abacancuro bongeye kugaragara muri Congo

22/01/2026
Umunyamakuru ufite uburambe mu Rwanda yahawe inshingano zo hejuru nyuma y’umwaka ahagaritswe n’igitangazamakuru yakoreraga

Umunyamakuru ufite uburambe mu Rwanda yahawe inshingano zo hejuru nyuma y’umwaka ahagaritswe n’igitangazamakuru yakoreraga

22/01/2026
Gen.Makenga yabwiye abo muri AFC/M23 ibizaranga urugamba mu mwaka wa 2026

Gen.Makenga yabwiye abo muri AFC/M23 ibizaranga urugamba mu mwaka wa 2026

22/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere

Bashyize hanze imyitwarire bashinja ubuyobozi ituma ubujura budacika ahubwo bugakaza umurego

Yifashishije ifoto ishotorana Gen.Muhoozi yongeye gutangaza ibishobora kuzamurira umujinya umunyapolitiki Bobi Wine

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.