Friday, October 17, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Urubyiruko rw’abakorerabushake 220 rwatangiye amahugurwa y’iminsi 5

radiotv10by radiotv10
05/06/2022
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Urubyiruko rw’abakorerabushake 220 rwatangiye amahugurwa y’iminsi 5
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatandatu, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yatangije amahugurwa y’iminsi itanu y’urubyiruko rw’abakorerabushake rw’Intara y’Amajyaruguru, mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi y’Igihugu i Gishari mu Karere ka Rwamagana.

Mu ijambo rifungura aya mahugurwa, Minisitiri Gatabazi yashimiye uru rubyiruko uruhare rwagize mu guhangana cya COVID19.  Yanbashishikarije kugira imyumvire myiza itarangwa n’urujijo kandi bikagendana n’ikinyabupfura, gukunda igihugu, kwitanga no kudacogora hagaharanirwa ko buri Munyarwanda azamuka.

Yagize ati: “Ubuzima ntibukwiye kuba gatebe gatoki ahubwo bukwiye gukomeza kuko ni byo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika atwifuriza, ubuyobozi bwacu ni ubuyobozi bwifuriza buri Munyarwanda wese ko azamuka.”

Urubyiruko-rwabakorerabushake-rwo-mu-Ntara-yAmajyaruguru-ruri-mu-mahugurwa-i-Gishari-rwasabwe-gukomeza-kuba-hafi-abaturage

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 04 Kamena mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi i Gishari, urubyyiruko rukaba rushimirwa kuba ruagikomeje kugira uruhare mu bikorwa bitandukanye.

Minisitiri  Gatabazi yabasabye Kwita ku mutekano w’igihugu, uw’abantu n’ibyabo mu rwego rwo guharanira umutekano usesuye mu Ntara y’Amajyaruguru izwiho kwakira ba mukerarugendo benshi, kuba umusemburo w’ubumwe bw’Abanyarwanda n’iterambere ryabo, gufatanya n’ubuyobozi kurwanya isuri.

Guverineri-wIntara-yAmajyaruguru-Nyirarugero-Dancille

Gufasha abaturage kugira isuku aho batuye no ku mubiri, gufatanya n’ubuyobozi gusubiza abana ku ishuri, gushishikariza imiryango gusezerana, kwirinda ubuharike no kubyara abo bashoboye kurera mu rwego rwo guhangana n’amakimbirane n’ibindi bibazo bibikomokaho no kwimakaza umuco wa Siporo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 4 =

Previous Post

USA : Umwiyahuzi yarasha ku bantu, babiri bahita bahasiga ubuzima

Next Post

RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

Related Posts

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

by radiotv10
17/10/2025
0

Hasohotse Iteka rya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, ryirukana abayobozi babiri mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC n’undi umwe wo mu Kigo...

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

by radiotv10
17/10/2025
0

Umunyemari Munyakazi Sadate yemeye ko yakoresheje imvugo idakwiye kubera ibyo yatangaje ko mu bihe biri Imbere Abanyarwanda bashobora kuzaha akazi...

Umugabo w’i Nyagatare watwitswe n’umugore we ku gitsina yavuze ko icyo akeka

Umugabo w’i Nyagatare watwitswe n’umugore we ku gitsina yavuze ko icyo akeka

by radiotv10
17/10/2025
0

Umugabo wo Murenge wa Mimuli mu Karere ka Nyagatare watwikishijwe amazi yatuye n’umugore we byumwihariko ku bugabo bwe bugakomereka bikabije,...

Ikibazo cyavuzwe hagati y’abashumba n’abahinzi muri Rubavu gikomeje kuba agatereranzamba

Ikibazo cyavuzwe hagati y’abashumba n’abahinzi muri Rubavu gikomeje kuba agatereranzamba

by radiotv10
17/10/2025
0

Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Nyamyumva na Kanzenze mu Karere ka Rubavu, bavuga ko abashumba bakomeje kuboneshereza imyaka...

Umupolisi w’u Rwanda ari mu bahize abandi mu mahugurwa mu Misi anahembwa na Perezida

Umupolisi w’u Rwanda ari mu bahize abandi mu mahugurwa mu Misi anahembwa na Perezida

by radiotv10
16/10/2025
0

IP Emmanuel Gahigana, ni umwe mu bapolisi bahize abandi mu mahugurwa yaberaga mu Misiri mu byiciro bitandukanye, akaba yanashyikirijwe igihembo...

IZIHERUKA

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu
MU RWANDA

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

by radiotv10
17/10/2025
0

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

17/10/2025
Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

17/10/2025
Ruracyageretse hagati y’umunyamakuru n’umukinnyikazi wa filimi bapfa imodoka yagaragajwe n’umwe

Ruracyageretse hagati y’umunyamakuru n’umukinnyikazi wa filimi bapfa imodoka yagaragajwe n’umwe

17/10/2025
Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

17/10/2025
Israel yongeye kwikomanga mu gatuza kubera Umujenerali yivuganye yahigishaga uruhindu

Israel yongeye kwikomanga mu gatuza kubera Umujenerali yivuganye yahigishaga uruhindu

17/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

RDF na UPDF bongeye gushimangira kunga ubumwe, ukuriye CMI aza mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.