Saturday, November 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka

radiotv10by radiotv10
08/09/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka
Share on FacebookShare on Twitter

Abahanzi Vanessa Mdee ukomoka mu gihugu cya Tanzania n’umukunzi we Olurotimi Akinosho uzwi nka Rotimi bamaze iminsi bari mu munyenga w’urukundo, baritegura kwibaruka aho bagaragaje amafoto umugore akuriwe.

Vanessa Mdee umunyatanzaniyakazi w’icyamamare muri muzika n’umukunzi we Rotimi ukoma mur Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bamaze kwemeza ko bitegura kwibaruka mu minsi ya vuba.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Rotimi yahamije ko azashimishwa no kubona imfura y’aba bombi, umwana yagaragaje ko ari umuhungu.

”Impano ikomeye nahawe n’Imana, ndashima Yesu waduhisemo ni iby’agaciro gahebuje, turatengamaye. Wahinduye ubuzima bwanjye ndetse kugeza ubu dufite ikiduhuza ntakuka kizatuma dukuza umuto wacu. Ndakomeza gusengera umuhungu wacu azakurane umutima wawe, imyumvire n’umuhate ugira, ndakurindana n’umwana wacu mbaha buri kimwe mfite” Rotimi agaruka ku mukunzi we Mdee.

Image

Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka

Ku ruhande rwa Vanessa Mdee we yanditse avuga ko muri iyi minsi ya nyuma yo gutwita ariko ububabare bwose aba acamo aribyo bimuha agaciro imbere ya Rotimi.

“Ibyacu ni byiza kuva ku munsi wa mbere, ibi byumweru bya nyuma byo gutwita ntabwo numva ububabare bukabije cyangwa ibindi bimenyetso biteye ubwoba. Ahubwo mba numva umwana antera utugeri ndetse bimwe mu biryo bikananira. Biba bigoye muri iyi minsi kuko umwana aba ategura kuvuka, ibyo byose nibyo bituma mpamya ko nkunzwe.” Mdee agaruka ku gutwika kwe no kwitegura kubyara.

Image

Vanessa Mdee avuga ko kuba atwite inda ya Rotimi

Vanessa w’imyaka 32 na Rotimi w’imyaka 33 bahuye bwa mbere mu mujyi wa New Orleans ahari habereye iserukiramuco rya “Essence Festival”, icyo gihe bari mu muhuro wa  nyuma y’ibirori (After party). Urukundo rw’aba bombi rwagihe ahabona tariki 30 Ukuboza 2020 ubwo Rotimi yambikaga impeta Vanessa Mdee.

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 + six =

Previous Post

Masud Juma Irambona ari mu Rwanda mu kazi ka Rayon Sports

Next Post

Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

Related Posts

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

by radiotv10
21/11/2025
0

Umuhanzi Niyo Bosco yatanze umucyo ku byatumye hari abakeka ko yaba yarabeshye abantu igihe kinini ko atabona, avuga ko amashusho...

Amakuru agezweho ku mukobwa ufite inkomoko mu Rwanda uri guhatana muri Miss Belgium

Amakuru agezweho ku mukobwa ufite inkomoko mu Rwanda uri guhatana muri Miss Belgium

by radiotv10
21/11/2025
0

Kyra Nkezabera ukomoka ku babyeyi barimo Umunyarwanda, uri guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi (Miss Belgium), yageze mu cyiciro cya...

Amakuru agezweho ku muhanzi Bill Ruzima wari watawe muri yombi

Amakuru agezweho ku muhanzi Bill Ruzima wari watawe muri yombi

by radiotv10
19/11/2025
0

Umuhanzi Bill Ruzima wari uherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge, yamaze kujyanwa mu Kigo Ngororamuco cya Huye cyanyuzemo abandi...

Hatangiye gutangwa ubutumwa bukomeza umuririmbyi Vestine nyuma yo kugaragaza ibyateye urujijo

Hatangiye gutangwa ubutumwa bukomeza umuririmbyi Vestine nyuma yo kugaragaza ibyateye urujijo

by radiotv10
19/11/2025
0

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yageneye ubutumwa mugenzi we Ishimwe Vestine amukomeza, nyuma yuko hagiye hanze...

Hamenyekanye igihe hazabera igitaramo mbaturamugabo cyakunze kwifuzwa na benshi muri muzika Nyarwanda

Hamenyekanye igihe hazabera igitaramo mbaturamugabo cyakunze kwifuzwa na benshi muri muzika Nyarwanda

by radiotv10
19/11/2025
0

Yifashishije ibipfunsi bibiri byambaye uturindantoki tuzwi ku bakinnyi b’iteramakofe, Umuhanzi The Ben yateguje abantu igitaramo mbaturamugabo bivugwa ko azahuriramo na...

IZIHERUKA

Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika
AMAHANGA

Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika

by radiotv10
22/11/2025
0

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

22/11/2025
Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

21/11/2025
Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

Ubutumwa Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yageneye Perezida Kagame wamwakiriye akanamugabira

21/11/2025
Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

21/11/2025
Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

Eng.-President Kagame honors Emir of Qatar, calls him ‘Brother and Friend’ during State Visit

21/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.