Monday, July 7, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Volleyball: Umunya-Brazil Paulo De Tarso Milagres yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu, ahabwa ubutumwa na Paul Bitok

radiotv10by radiotv10
04/08/2021
in SIPORO
0
Volleyball: Umunya-Brazil Paulo De Tarso Milagres yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu, ahabwa ubutumwa na Paul Bitok
Share on FacebookShare on Twitter

Umunya-Brazil Paulo De Tarso Milagres yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’abagabo n’abagore mu gihe u Rwanda rugomba gutangira imyiteguro yimbitse muri gahunda yo kwakira imikino y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu kizabera muri Kigali Arena kuva tariki 5-15 Nzeri 2021.

Paulo De Tarso Milagres yabaye mu Rwanda nk’umutoza mukuru mu myaka icumi ishize (2010-2011) mbere y’uko asimburwa na Paul Bitok umunya-Kenya watoje u Rwanda imyaka icumi mbere yo kujya muri Kenya gutoza igihugu cye.

IGIHE on Twitter: "AMAKURU MASHYA: Umunya-Brésil Paulo De Tarso Milagres yagizwe Umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu ya Volleyball y'abagabo n'iy'abagore. Ni ku nshuro ya kabiri agiye gutoza u Rwanda kuko bwa mbere ari

Umunya-Brazil Paulo De Tarso Milagres yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Abagabo/abagore)

Nyuma yo kumenya ko Paulo De Tarso Milagres agizwe umutoza mukuru, Paul Bitok yahise amugenera ubutumwa anamwibutsa ko bazaba bahanganye mu marushanwa ari imbere.

Mu butumwa bwa Paul Bitok yagize ati “Amahirwe masa umutoza wanjye w’ianararibonye ku kazi gashya wahawe aho uzakorana na Dominique (Ntawangundi) na Fidele (Nyirimana). Nakwigiyeho byinshi mu myaka 12 ishize kandi nizeye ntashidikanya ko uzafasha u Rwanda kuba igihugu gikomeye muri Volleyball ya Afurika”

Paul Bitok akomeza avuga ati “Tuzaba turi kumwe mu irushanwa aho nzaba ndi kumwe n’ikipe ya Kenya kandi tuzasangira ubunararibonye muri iryo rushanwa. Nkwifurije amahirwe ndetse n’igihugu cyanjye cya kabiri muri Volleyball (Rwanda), niteguye kukugira inama ku n’inyunganizi uzankeneraho”

Image

Paul Bitok watoje u Rwanda imyaka 10 yishimiye ko Paulo De Tarso Milagres yagizwe umutoza mukuru w’u Rwanda

Paulo De Tarso Milagres azaba ari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’abagabo n’abagore mu Rwanda. Mu ikipe y’abagabo azaba yungirijwe na Nyirimana Fidel umutoza mukuru wa UTB VC ndetse na Ntawangundi Dominique.

Mu ikipe y’abagore, Paulo De Tarso Milagres azaba yungirijwe na Ndayikengurukiye Jean Luc ndetse na Mudahinyuka Christophe.

O técnico de vôlei de Ruanda é brasileiro | O Elefante na Sala

Si ubwa mbere Paulo De Tarso Milagres  atoje u Rwanda kuko yari ahari mu 2010

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 4 Kanama 2021 nibwo aba batoza bashyira hanze urutonde rw’abakinnyi bagomba gutangira imyiteguro yaba mu ikipe y’abagabo n’abagore nk’uko itangazo ry’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ribivuga.

Image

Abazaba bagize intebe ya tekinike mu ikipe y’abagore

Image

Abagize intebe ya tekinike mu ikipe y’abagabo

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × one =

Previous Post

Ikirangirire muri Basketball, Stephen Curry ari mu biruhuko muri Kenya

Next Post

Umwungeri Patrick yasinye muri Bugesera FC

Related Posts

Mu birori bya APR hanakinwe umukino unogeye ijisho wagaragayemo Abasirikare Bakuru bari mu bashinze ikipe

Mu birori bya APR hanakinwe umukino unogeye ijisho wagaragayemo Abasirikare Bakuru bari mu bashinze ikipe

by radiotv10
04/07/2025
0

Mu birori byo kwizihiza imyaka 32 ishize hashinzwe Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC, byabereye ku Mulindi ahavukiye iyi kipe,...

AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo

AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo

by radiotv10
03/07/2025
0

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC inafite igikombe cya Shampiyona initegura kuzahagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika, yatangiye imyitozo igaragaramo...

Umukinnyi ukomoka muri America umaze iminsi atanga ibyishimo mu Rwanda yamaze kuba Umunyarwanda bidasubirwaho

Umukinnyi ukomoka muri America umaze iminsi atanga ibyishimo mu Rwanda yamaze kuba Umunyarwanda bidasubirwaho

by radiotv10
02/07/2025
0

Umukinnyi wa Basketball, Obadiah Noel ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za America, wakiniye ikipe ya APR BBC mu mikino ya...

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

by radiotv10
27/06/2025
0

Nyuma y'iminsi myinshi hibazwa ahazaza ha kizigenza Cristiano Ronaldo dore ko yari afite amasezerano azarangirana n’uku kwezi, byarangiye yemeye kuguma...

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

by radiotv10
27/06/2025
0

Ikipe ya Police Volleyball Club yafunguye ku mugaragaro irerero (academy) ryayo ry’abahungu n’abakobwa, mu kigo cy’Amashuri cya Lycée de Kigali,...

IZIHERUKA

Bari gushiraho-Perezida Kagame yavuze ku bari biyambajwe na DRC ngo batere u Rwanda
MU RWANDA

Bari gushiraho-Perezida Kagame yavuze ku bari biyambajwe na DRC ngo batere u Rwanda

by radiotv10
06/07/2025
0

Bavuze icyatumye bagwa mu kantu ubwo bishyuzwaga ibirarane by’imisoro

Bavuze icyatumye bagwa mu kantu ubwo bishyuzwaga ibirarane by’imisoro

06/07/2025
Eng.-President Kagame spoke about individuals hired by the DRC to launch attacks against Rwanda

Eng.-President Kagame spoke about individuals hired by the DRC to launch attacks against Rwanda

05/07/2025
Ikibazo cya FDLR nikidakemuka u Rwanda ruzakomeza gukora ibyo rukwiye gukora- Perezida Kagame

Ikibazo cya FDLR nikidakemuka u Rwanda ruzakomeza gukora ibyo rukwiye gukora- Perezida Kagame

04/07/2025
Mu birori bya APR hanakinwe umukino unogeye ijisho wagaragayemo Abasirikare Bakuru bari mu bashinze ikipe

Mu birori bya APR hanakinwe umukino unogeye ijisho wagaragayemo Abasirikare Bakuru bari mu bashinze ikipe

04/07/2025
Intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine yarushijeho gukaza umurego

Intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine yarushijeho gukaza umurego

04/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umwungeri Patrick yasinye muri Bugesera FC

Umwungeri Patrick yasinye muri Bugesera FC

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Bari gushiraho-Perezida Kagame yavuze ku bari biyambajwe na DRC ngo batere u Rwanda

Bavuze icyatumye bagwa mu kantu ubwo bishyuzwaga ibirarane by’imisoro

Eng.-President Kagame spoke about individuals hired by the DRC to launch attacks against Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.