Tuesday, July 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

10 SPORTS: Marcel Desailly na Rafinha baravutse… Bianca Andreescu yakoze amateka…..ibyaranze uyu munsi mu mateka

radiotv10by radiotv10
07/09/2021
in SIPORO
0
10 SPORTS: Marcel Desailly na Rafinha baravutse… Bianca Andreescu yakoze amateka…..ibyaranze uyu munsi mu mateka

Marcel Desailly playing for Chelsea during the FA Community Shield. (Photo by Stephane Mantey/Corbis/VCG via Getty Images)

Share on FacebookShare on Twitter

Kugira ngo tumenye uko dutegura ejo hazaza, muri iyi nkuru tugaruka ku bihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi

Tumenye uyu munsi:

Uyu munsi ni kuwa kabiri w’itariki ya 07 Nzeli 2021, ni umunsi wa 250 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 115 ngo umwaka urangire, Turi kuwa kabiri wa  36 kuva 2021 yatangira Turi mu cyumweru cya 37 mu byumweru bigize umwaka wa 2021

Muri Brazil barizihiza imyaka 199 ishize babonye ubwigenge.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Marcel Desailly (1968)

Marcel DESAILLY - Biography of his football career at Chelsea. - Chelsea FC

Yujuje imyaka 53, umufaransa w’umwirabura wakinaga nka myugariro mu makipe atandukanye arimo Marseilles na Milan AC buri imwe yatwaranye nayo UEFA Champions League, yari kumwe kandi n’iki yigihugu y’u Bufaransa batwara igikombe cy’isi cy’1998.

Marcel Desailly yanyuze mu  makipe nka Nantes, Marseille, Chelsea, Al-Gharafa na Qatar SC

Mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, yatwaranye nayo igikombe cy’isi cy’1998, icy’Uburayi cyo muri 2000n’ibikombe bibiri mpuzamigabane (2003 & 2001)

2.Rafinha (1985)

Rafinha extends deal with Barça, goes to Celta on loan

Yujuje imyaka 36, umunya-Brazil ukina ku ruhande rw’iburyo inyuma muri Paris Saint Germain yasinyiye kuri 5 October 2020  yagiyemo avuye  Flamengo y’iwabo muri Brazil n’ikipe y’igihugu ya Brazil.

Yakiniye amakipe atandukanye nka Coritiba, Schalke 04, Genoa, Bayern Munich, Flamengo na Olympiacos

Mu ikipe y’igihugu ya Brazil, amaze kuyikinira imikino ine nta gitego yigeze ayikinira.

3.Robert Snodgrass (1987)

Robert Snodgrass | West Ham United

Yujuje imyaka 34, umunya-Scotland ukina asatira muri Westham United n’ikipe y’igihugu ya Scotland

Yanyuze mu makipe. Nka Leeds yafashije kuzamuka muri 2010, Norwich, Hull City, West Ham United na Aston Villa.

Mu Ikipe y’igihugu ya Scotland, amaze kuyikinira imikino 28 yayitsindiye ibitego 7.

4.Gabriel Milito (1980)

Gabriel Milito - Player profile | Transfermarkt

Yujuje imyaka 41, uwahoze ari myugariro  Wa Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentina ubu ni Manager Argentinos Juniors ikipe yashinzwe 1904

Yazamukiye muri Independiente, igihe kinini cy ubuzima bwe mu mupira w’amaguru yakimaze muri Esipanye, mu makipe nka Zaragoza na FC Barcelona.

Mu ikipe y’igihugu ya Argentina yabakiniye imikino 42 abatsindira igitego kimwe.

5.Kevin Love (1988)

Former Cavs assistant coach urges teams to try to acquire Kevin Love |  Cavaliers Nation

Yujuje imyaka 33, umukinnyi wa Basketball w’umunyamerika ukinira Cleveland Cavaliers, muri NBA.

Yinjiye muri NBA atoranyijwe na Memphis Grizzlies muri 2008,yakiniye Minnesota Timberwolves (2008-2014),ayivamo ajya muri Cleveland Cavaliers yanatwaranye nayo NBA ya 2016. Amaze gutoranywa mu ikipe y’intyoza za NBA inshuro eshanu.

Ibihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi:

1903 :  Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku mamodoka rya Leta zunze ubumwe za Amerika ryarashinzwe.

1960: Ubuyapani bwegukanye umudali wa zahabu Olempike wa mbere muri itanu yikurikiranya batwaye mu mikino ngororangingo.

1979: ESPN (The Entertainment and Sports Programming Network ) ikigo cy’Itangazamakuru ry’imikino n’imyidagaduro  cyarashinzwe

1985: Hana Mandlíková  yatwaye US open ye ya mbere atsinze Martina Navratilova amaseti 2-1 ( 7-6, 1-6, 7-6)

My Inspiration: Martina Navratilova by Hana Mandlikova

2002: Selena Williams yegukanye US open ye ya kabiri atsinze mukuru we Venus Williams amaseti 2-0 ( 6-4, 6-3)

2019: Bianca Andreescu yabaye umunya- Canada wa mbere utwaye US open, yayitwaye atsinze Serena Williams amaseti 2-0 (6-2, 7-5).

Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fourteen + sixteen =

Previous Post

Soudan: I Karthum hafatiwe intwaro zari ziturutse muri Ethiopia mu buryo butemewe

Next Post

Rusororo: Umuturage ahamya ko amakimbirane afitanye n’umuyobozi w’umudugudu atuma atabona ubutabera

Related Posts

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

by radiotv10
27/06/2025
0

Nyuma y'iminsi myinshi hibazwa ahazaza ha kizigenza Cristiano Ronaldo dore ko yari afite amasezerano azarangirana n’uku kwezi, byarangiye yemeye kuguma...

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

by radiotv10
27/06/2025
0

Ikipe ya Police Volleyball Club yafunguye ku mugaragaro irerero (academy) ryayo ry’abahungu n’abakobwa, mu kigo cy’Amashuri cya Lycée de Kigali,...

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

by radiotv10
26/06/2025
0

Imiterere mishya ya Kylian Mbappe iteye impungenge abafana ba Real Madrid, nyuma yo gutakaza ibilo bitanu kubera uburwayi bwa virusi,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Ombolenga nyuma yo gusubira muri APR yavuze ku kuba yazagaruka muri Rayon

by radiotv10
25/06/2025
0

Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC yigeze kubera kapiteni, yavuze ko igihe yazajya mu yindi kipe, bigoye ko yazasubira...

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

by radiotv10
23/06/2025
0

Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika (Continental Cup) mu mukino wa Beach Volleyball rigiye kubera muri Morocco, arimo...

IZIHERUKA

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato
IMIBEREHO MYIZA

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

by radiotv10
30/06/2025
0

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

30/06/2025
Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

30/06/2025
Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

30/06/2025
Byinshi ku rukundo rw’abahanzi Nyarwanda bagiye kurushingana n’uko gukorana byavuyemo gukundana

Byinshi ku rukundo rw’abahanzi Nyarwanda bagiye kurushingana n’uko gukorana byavuyemo gukundana

30/06/2025
Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

30/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Rusororo: Umuturage ahamya ko amakimbirane afitanye n’umuyobozi w’umudugudu atuma atabona ubutabera

Rusororo: Umuturage ahamya ko amakimbirane afitanye n’umuyobozi w’umudugudu atuma atabona ubutabera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.