Saturday, December 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu

radiotv10by radiotv10
18/08/2021
in SIPORO
0
2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’ibira bya Comoros igiye gukina igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere yisanze mu itsinda rifatwa nk’irikomeye kurusha ayandi, abakunzi b’umupira w’amaguru bita “Itsinda ry’urupfu”, istinda rya gatatu isangiye na  Gabon, Ghana ndetse na Morocco.

Muri iyi tombola yabaye ku mugoroba w’uyu wa kabiri, ikipe y’igihugu ya Algeria ibitse igikombe iri mu itsinda rya gatanu (E) aho iri kumwe na Equatorial Guinea, Sierra Leone ndetse na Ivory Coast.

Igikombe cya Afurika cy’ibihugu cya 2021 kizakinwa kuva tariki ya 9 Mutarama-6 Gashyantare 2022 mu mijyi itandukanye muri Cameron.

Sitade esheshatu zizakinirwaho iyi mikino igiye kuba ku nshuro ya 33 zirimo;Paul Biya Stadium na Stade Ahmadou Ahidjo ziri mu murwa mukuru wa Yaoundé, Japoma Satdium y’i Douala, Limbe Stadium iri mu mujyi wa Limbe, Kouekong Stadium iri mu mujyi wa Bafoussam ndetse na Rounde Adjia Stadium iri mu mujyi wa Garoua.

Ikipe y’igihugu ya Misiri inaheruka kwakira irushanwa ryabaye mu 2019, niyo ibitse ibikombe byinshi (7) mu gihe Algeria ariyo iheruka gutwara igikombe itsinze Senegal igitego 1-0 ku mukino wa nyuma kibaka igikombe cya kabiri yari itwaye mu mateka. Itsinda rya kane (D) ririmo; Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria.

Umukino ufungura imikino y’igikombe cya Afurika cya 2021 kizakinwa mu 2022, uzahuza Cameron na Burkina Faso, umukino uzakinirwa ku kibuga cya Paul Biya Stadium i Yaounde guhera saa kumi n’imwe z’umugoroba.

AFCON 2022 QUALIFIERS: East African Team qualifies for the first Time |  Comoros 0-0 Togo – My9jastreet

Ikipe y’igihugu ya Comoros igiye gukina AFCON ku nshuro ya mbere

Dore uko amatsinda ya AFCON 2021 ateye:

Group A : Cameroon, Ethiopia, Cape Verde, Burkina Faso

Group B : Malawi, Zimbabwe, Guinea, Senegal

Group C : Comoros, Gabon, Ghana, Morocco

Group D : Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria

Group E : Eq-Guinea, Sierra Leone, Ivory Coast, Algeria

Group F : Gambia, Mauritania, Mali, Tunisia

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 + thirteen =

Previous Post

Bugesera: Arasaba ubutabera nyuma y’uko akubiswe na DASSO agakuramo inda

Next Post

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Related Posts

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

by radiotv10
26/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yaciye ikipe y’Igihugu ya Misiri amande angana na $5,000 (arenga Miliyoni 7 Frw) kubera...

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

IZIHERUKA

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi
MU RWANDA

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

by radiotv10
26/12/2025
0

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

26/12/2025
Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

26/12/2025
Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

26/12/2025
Eng.-US President Admits Ordering a Decisive Attack on Terrorists in an African Country

Eng.-US President Admits Ordering a Decisive Attack on Terrorists in an African Country

26/12/2025
Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.