Sunday, November 23, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu

radiotv10by radiotv10
18/08/2021
in SIPORO
0
2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’ibira bya Comoros igiye gukina igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere yisanze mu itsinda rifatwa nk’irikomeye kurusha ayandi, abakunzi b’umupira w’amaguru bita “Itsinda ry’urupfu”, istinda rya gatatu isangiye na  Gabon, Ghana ndetse na Morocco.

Muri iyi tombola yabaye ku mugoroba w’uyu wa kabiri, ikipe y’igihugu ya Algeria ibitse igikombe iri mu itsinda rya gatanu (E) aho iri kumwe na Equatorial Guinea, Sierra Leone ndetse na Ivory Coast.

Igikombe cya Afurika cy’ibihugu cya 2021 kizakinwa kuva tariki ya 9 Mutarama-6 Gashyantare 2022 mu mijyi itandukanye muri Cameron.

Sitade esheshatu zizakinirwaho iyi mikino igiye kuba ku nshuro ya 33 zirimo;Paul Biya Stadium na Stade Ahmadou Ahidjo ziri mu murwa mukuru wa Yaoundé, Japoma Satdium y’i Douala, Limbe Stadium iri mu mujyi wa Limbe, Kouekong Stadium iri mu mujyi wa Bafoussam ndetse na Rounde Adjia Stadium iri mu mujyi wa Garoua.

Ikipe y’igihugu ya Misiri inaheruka kwakira irushanwa ryabaye mu 2019, niyo ibitse ibikombe byinshi (7) mu gihe Algeria ariyo iheruka gutwara igikombe itsinze Senegal igitego 1-0 ku mukino wa nyuma kibaka igikombe cya kabiri yari itwaye mu mateka. Itsinda rya kane (D) ririmo; Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria.

Umukino ufungura imikino y’igikombe cya Afurika cya 2021 kizakinwa mu 2022, uzahuza Cameron na Burkina Faso, umukino uzakinirwa ku kibuga cya Paul Biya Stadium i Yaounde guhera saa kumi n’imwe z’umugoroba.

AFCON 2022 QUALIFIERS: East African Team qualifies for the first Time |  Comoros 0-0 Togo – My9jastreet

Ikipe y’igihugu ya Comoros igiye gukina AFCON ku nshuro ya mbere

Dore uko amatsinda ya AFCON 2021 ateye:

Group A : Cameroon, Ethiopia, Cape Verde, Burkina Faso

Group B : Malawi, Zimbabwe, Guinea, Senegal

Group C : Comoros, Gabon, Ghana, Morocco

Group D : Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria

Group E : Eq-Guinea, Sierra Leone, Ivory Coast, Algeria

Group F : Gambia, Mauritania, Mali, Tunisia

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × one =

Previous Post

Bugesera: Arasaba ubutabera nyuma y’uko akubiswe na DASSO agakuramo inda

Next Post

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Related Posts

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

by radiotv10
21/11/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC) ku nshuro ya mbere mu mateka yashyize hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu...

Kwinjiza abafana ku buntu ni inyungu ku Mavubi cyangwa ni ukubamenyereza nabi?

Menya umwanya Amavubi yajeho ku Isi ku rutonde ngarukakwezi

by radiotv10
20/11/2025
0

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda mu mupira w'amaguru, Amavubi yagumye ku mwanya wa 131 ku rutonde ngarukakwezi rw'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku...

Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo by’abahize abandi mu mupira w’amaguru muri Afurika

Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo by’abahize abandi mu mupira w’amaguru muri Afurika

by radiotv10
20/11/2025
0

Ibihembo by'abahize abandi mu mupira w'Amaguru ku Mugabane wa Afurika (CAF Awards 2025) byaranze n'ubwiganze bw’Abanya-Morocco bigukanyemo byinshi dore ko...

23 bahagarariye u Rwanda baratangira gukina Shampiyona Nyafurika y’Amagare

23 bahagarariye u Rwanda baratangira gukina Shampiyona Nyafurika y’Amagare

by radiotv10
20/11/2025
0

Mu gihugu cya Kenya haratangira Shampiyona Nyafurika y’umukino w’amagare, aho u Rwanda ruhagarariwe n’abakinnyi 23 bari mu byiciro umunani. Abakinnyi...

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

by radiotv10
18/11/2025
0

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura RMC rwongeye kwibutsa abanamakuru bakora ibiganiro bya siporo ko ibitangazamakuru bakorera atari imiyoboro yo gutambukirizamo ubutumwa bwo...

IZIHERUKA

Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID
IMIBEREHO MYIZA

Key updates and progress on Rwanda’s New Digital ID you should know

by radiotv10
22/11/2025
0

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

22/11/2025
Abahawe impamyabushobozi na Kaminuza ya EAUR abarimo inzobere mu guteka bavuze icyizere barangizanyije

Abahawe impamyabushobozi na Kaminuza ya EAUR abarimo inzobere mu guteka bavuze icyizere barangizanyije

22/11/2025
Ukraine yatunguranye ibwiza ukuri America ku masezerano yateguye agamije kurangiza intambara n’u Burusiya

Ukraine yatunguranye ibwiza ukuri America ku masezerano yateguye agamije kurangiza intambara n’u Burusiya

22/11/2025
Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika

Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi ikomeje kwenyegeza ibibazo biri hagati ya bibiri birimo icyo muri Afurika

22/11/2025
Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

Hatangajwe itumbagira ry’umubare w’abiyandikishije muri gahunda y’ishimwe rya EBM rya Rwanda Revenue

22/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Key updates and progress on Rwanda’s New Digital ID you should know

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

Abahawe impamyabushobozi na Kaminuza ya EAUR abarimo inzobere mu guteka bavuze icyizere barangizanyije

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.