Friday, May 9, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu

radiotv10by radiotv10
18/08/2021
in SIPORO
0
2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’ibira bya Comoros igiye gukina igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere yisanze mu itsinda rifatwa nk’irikomeye kurusha ayandi, abakunzi b’umupira w’amaguru bita “Itsinda ry’urupfu”, istinda rya gatatu isangiye na  Gabon, Ghana ndetse na Morocco.

Muri iyi tombola yabaye ku mugoroba w’uyu wa kabiri, ikipe y’igihugu ya Algeria ibitse igikombe iri mu itsinda rya gatanu (E) aho iri kumwe na Equatorial Guinea, Sierra Leone ndetse na Ivory Coast.

Igikombe cya Afurika cy’ibihugu cya 2021 kizakinwa kuva tariki ya 9 Mutarama-6 Gashyantare 2022 mu mijyi itandukanye muri Cameron.

Sitade esheshatu zizakinirwaho iyi mikino igiye kuba ku nshuro ya 33 zirimo;Paul Biya Stadium na Stade Ahmadou Ahidjo ziri mu murwa mukuru wa Yaoundé, Japoma Satdium y’i Douala, Limbe Stadium iri mu mujyi wa Limbe, Kouekong Stadium iri mu mujyi wa Bafoussam ndetse na Rounde Adjia Stadium iri mu mujyi wa Garoua.

Ikipe y’igihugu ya Misiri inaheruka kwakira irushanwa ryabaye mu 2019, niyo ibitse ibikombe byinshi (7) mu gihe Algeria ariyo iheruka gutwara igikombe itsinze Senegal igitego 1-0 ku mukino wa nyuma kibaka igikombe cya kabiri yari itwaye mu mateka. Itsinda rya kane (D) ririmo; Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria.

Umukino ufungura imikino y’igikombe cya Afurika cya 2021 kizakinwa mu 2022, uzahuza Cameron na Burkina Faso, umukino uzakinirwa ku kibuga cya Paul Biya Stadium i Yaounde guhera saa kumi n’imwe z’umugoroba.

AFCON 2022 QUALIFIERS: East African Team qualifies for the first Time |  Comoros 0-0 Togo – My9jastreet

Ikipe y’igihugu ya Comoros igiye gukina AFCON ku nshuro ya mbere

Dore uko amatsinda ya AFCON 2021 ateye:

Group A : Cameroon, Ethiopia, Cape Verde, Burkina Faso

Group B : Malawi, Zimbabwe, Guinea, Senegal

Group C : Comoros, Gabon, Ghana, Morocco

Group D : Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria

Group E : Eq-Guinea, Sierra Leone, Ivory Coast, Algeria

Group F : Gambia, Mauritania, Mali, Tunisia

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

8 + 14 =

Previous Post

Bugesera: Arasaba ubutabera nyuma y’uko akubiswe na DASSO agakuramo inda

Next Post

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Related Posts

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

by radiotv10
08/05/2025
0

Ikipe ya AS Muhanga yaherukaga mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda muri 2014 na Gicumbi FC yagiherukagamo muri...

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

by radiotv10
08/05/2025
0

Ubuyozi bw’Umujyi wa Kigali, bugiye gukuraho inkunga bwahaga andi makipe azwi muri ruhago nyarwanda nka Kiyovu Sports na Gasogi United,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

by radiotv10
07/05/2025
0

Myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi na Rayon Sports, Ombolenga Fitina yandikiye iyi kipe iherutse kumugura, ayisaba ko basesa amasezerano kubera kutubahiriza...

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

by radiotv10
07/05/2025
0

Ndayishimiye Thierry wakinaga mu bwugarizi bw’ikipe ya AS Kigali, yahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga, aho yerecyeje ku Mugabane w’u...

Volleyball: Amakipe aherutse guhagararira u Rwanda mu mikino nyafurika agiye guhurira mikino y’ishiraniro

Volleyball: Amakipe aherutse guhagararira u Rwanda mu mikino nyafurika agiye guhurira mikino y’ishiraniro

by radiotv10
02/05/2025
0

Mu mikino ya kamarampaka (Playoffs) yo gushaka ikipe izegukana igikombe cya Shampiyona ya 2024-2025 muri Volleyball, mu cyiciro cy’abakobwa, ikipe...

IZIHERUKA

Hatangajwe igikekwa kuri ‘Bishop Gafaranga’ watawe muri yombi
MU RWANDA

Ibyo twamenye bivugwa kuri ‘Bishop Gafaranga’ ukurikiranyweho ihohotera rishingiye ku gitsina

by radiotv10
08/05/2025
0

IFOTO: Perezida Kagame na Mushikiwabo barebye imbonankubone umukino wahuje amakipe yombi yamamaza VisitRwanda

IFOTO: Perezida Kagame na Mushikiwabo barebye imbonankubone umukino wahuje amakipe yombi yamamaza VisitRwanda

08/05/2025
Igisubuzo Polisi y’u Rwanda yahaye uwayisabiye kumujyana Iwawa kuko ubuzima busanzwe bwanze

Igisubuzo Polisi y’u Rwanda yahaye uwayisabiye kumujyana Iwawa kuko ubuzima busanzwe bwanze

08/05/2025
Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

08/05/2025
Mu buryo butagoye M23 yafashe agace kavugwaho ubutunzi bukomeye

Mu buryo butagoye M23 yafashe agace kavugwaho ubutunzi bukomeye

08/05/2025
Rwamagana: Ntibumva uko basabwa kugurira Leta imodoka kandi batayirusha amafaranga

Rwamagana: Ntibumva uko basabwa kugurira Leta imodoka kandi batayirusha amafaranga

08/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Ibyo twamenye bivugwa kuri ‘Bishop Gafaranga’ ukurikiranyweho ihohotera rishingiye ku gitsina

IFOTO: Perezida Kagame na Mushikiwabo barebye imbonankubone umukino wahuje amakipe yombi yamamaza VisitRwanda

Igisubuzo Polisi y’u Rwanda yahaye uwayisabiye kumujyana Iwawa kuko ubuzima busanzwe bwanze

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.