Wednesday, January 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu

radiotv10by radiotv10
18/08/2021
in SIPORO
0
2021 AFCON: Comoros nshya mu irushanwa yisanze mu itsinda ry’urupfu
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’ibira bya Comoros igiye gukina igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere yisanze mu itsinda rifatwa nk’irikomeye kurusha ayandi, abakunzi b’umupira w’amaguru bita “Itsinda ry’urupfu”, istinda rya gatatu isangiye na  Gabon, Ghana ndetse na Morocco.

Muri iyi tombola yabaye ku mugoroba w’uyu wa kabiri, ikipe y’igihugu ya Algeria ibitse igikombe iri mu itsinda rya gatanu (E) aho iri kumwe na Equatorial Guinea, Sierra Leone ndetse na Ivory Coast.

Igikombe cya Afurika cy’ibihugu cya 2021 kizakinwa kuva tariki ya 9 Mutarama-6 Gashyantare 2022 mu mijyi itandukanye muri Cameron.

Sitade esheshatu zizakinirwaho iyi mikino igiye kuba ku nshuro ya 33 zirimo;Paul Biya Stadium na Stade Ahmadou Ahidjo ziri mu murwa mukuru wa Yaoundé, Japoma Satdium y’i Douala, Limbe Stadium iri mu mujyi wa Limbe, Kouekong Stadium iri mu mujyi wa Bafoussam ndetse na Rounde Adjia Stadium iri mu mujyi wa Garoua.

Ikipe y’igihugu ya Misiri inaheruka kwakira irushanwa ryabaye mu 2019, niyo ibitse ibikombe byinshi (7) mu gihe Algeria ariyo iheruka gutwara igikombe itsinze Senegal igitego 1-0 ku mukino wa nyuma kibaka igikombe cya kabiri yari itwaye mu mateka. Itsinda rya kane (D) ririmo; Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria.

Umukino ufungura imikino y’igikombe cya Afurika cya 2021 kizakinwa mu 2022, uzahuza Cameron na Burkina Faso, umukino uzakinirwa ku kibuga cya Paul Biya Stadium i Yaounde guhera saa kumi n’imwe z’umugoroba.

AFCON 2022 QUALIFIERS: East African Team qualifies for the first Time |  Comoros 0-0 Togo – My9jastreet

Ikipe y’igihugu ya Comoros igiye gukina AFCON ku nshuro ya mbere

Dore uko amatsinda ya AFCON 2021 ateye:

Group A : Cameroon, Ethiopia, Cape Verde, Burkina Faso

Group B : Malawi, Zimbabwe, Guinea, Senegal

Group C : Comoros, Gabon, Ghana, Morocco

Group D : Sudan, Guinea Bissau, Egypt, Nigeria

Group E : Eq-Guinea, Sierra Leone, Ivory Coast, Algeria

Group F : Gambia, Mauritania, Mali, Tunisia

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 + six =

Previous Post

Bugesera: Arasaba ubutabera nyuma y’uko akubiswe na DASSO agakuramo inda

Next Post

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Related Posts

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

by radiotv10
26/01/2026
0

Rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, uheruka gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, yerekeje mu ikipe ya AS Kigali, aho yasinye amasezerano y’amezi...

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

by radiotv10
25/01/2026
0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yerekeje amaso ku gikombe kiswe 'President Cup' mu mikino y'Igikombe cya Afurika, itangira itsinda...

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

by radiotv10
23/01/2026
0

Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, wari umwe mu bakinnyi bafatwaga nk’ahazaza ha Gikundiro, nyuma y’imyaka...

IZIHERUKA

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police
FOOTBALL

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

28/01/2026
AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

28/01/2026
Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

28/01/2026
Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

28/01/2026
Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

28/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

CRICKET: Clinton Rubagumya yijeje abanyarwanda gutangira ikiragano gishya bahangana na Ghana mu mikino 5

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.