• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Rayon Sports mu gahinda ko gupfusha uwayibereye umunyezamu wa mbere

radiotv10by radiotv10
14/04/2022
in MU RWANDA, SIPORO
0
Rayon Sports mu gahinda ko gupfusha uwayibereye umunyezamu wa mbere
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwagaragaje agahinda bwatewe n’urupfu rwa Jacques Buhigiro wabaye umwe mu banyezamu ba mbere b’iyi kipe.

Urupfu rwa Jacques Buhigiro rwamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 14 Mata 2022 nk’uko byatangajwe n’umwe mu ba hafi y’umuryango we.

Uyu musaza witabye Imana 78 y’amavuko, yazize uburwayi yari amaranye iminsi aho yari arwariye mu Bitaro bya Gisirikare bya Kanombe ari na ho yaguye.

Ubuyobozi bwa Rayon Sports, bwemeje urupfu rw’uyu wabaye umukinnyi w’iyi kipe isanzwe ifite abakunzi benshi mu Rwanda.

Mu butumwa bwatambutse kuri Twitter, Ubuyobozi bwa Rayon Sports, bwagize buti “Dr Jacques Buhigiro watubereye umunyezamu wa mbere, yitabye Imana…Ruhukira mu mahoro munyabigwi.”

Nyakwigendera Jacques Buhigiro, umwaka ushize wa 2021 yahishuye ko yari umwe mu banyenzamu ba mbere b’ikipe ya Rayon Sports ubwo yashingwaga mu 1965.

Jacques Buhigiro kandi yanabaye umuhanzi waririmbye indirimbo za karahanyuze zirimo izizwi cyane nk’iyitwa ‘Agahinda karakanyagwa’ n’iyitwa ‘Amafaranga’.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × three =

Previous Post

Byemejwe UK izohereza mu Rwanda Impunzi ibihumbi n’ibihumbi…B.Johnson ahishuye impamvu bahisemo u Rwanda

Next Post

Undi Munyamakuru wari ukomeye mu Rwanda yitabye Imana

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Undi Munyamakuru wari ukomeye mu Rwanda yitabye Imana

Undi Munyamakuru wari ukomeye mu Rwanda yitabye Imana

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.