• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umuhanzi ugezweho mu Rwanda birabugwa ko amaze iminsi afunze

radiotv10by radiotv10
20/02/2023
in IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Umuhanzi ugezweho mu Rwanda birabugwa ko amaze iminsi afunze
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Jowest uri mu bagezweho mu Rwanda, biravugwa ko amaze iminsi ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kubera gukekwaho gusambanya umwana utageje imyaka y’ubukure.

Amakuru yatangajwe n’Ikiganiro The Choice Live gitambuka kuri Televiziyo y’Imyidagaduro mu Rwanda ya Isibo, avuga ko uyu muhanzi Jowest yatawe muri yombi mu ntangiro z’uku kwezi kwa Gashyantare.

Jowest uzwi mu ndirimbo nka Hejuru, Agahapinesi na Saye aheruka gushyira hanze, amaze igihe ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana utagejeje imyaka y’ubukure.

Uwaduhaye amakuru avuga ko Jowest yatawe muri yombi tariki ya 01 Gashyantare 2023 ubu akaba acumbikiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu mujyi wa Kigali.

Hari amakuru avuga ko umwana ashinjwa gusambanya, asanzwe afite umwana yabyaranye n’undi muntu, ariko akaba ataruzuza imyaka y’ubukure.

Uwaduhaye amakuru kandi avuga ko uwo mwana w’umukobwa bikekwa ko yasambanyijwe n’uyu muhanzi, yari asanzwe aba mu rugo iwabo, arerwa n’umubyeyi w’uyu muhanzi.

Umuhanzi Jowest

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eight + fifteen =

Previous Post

Kiliziya Gatulika mu Rwanda yakiriye inkuru nziza y’Umushumba wayo ku Isi

Next Post

Umugore ari gushakishwaho akekwaho ibitamenyerewe ku bagore

Related Posts

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

by radiotv10
02/06/2026
0

Mu rubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, Ubushinjacyaha bwagaragaje impamvu zikomeye bumusabira gufungwa by’agateganyo, zirimo urumogi ruri ku...

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

by radiotv10
02/06/2026
0

Umuhanzikazi France Mpundu uherutse kwambikwa impeta n’umusore wo muri Niger, Moctar bahuriye mu kiganiro ‘The Secret Story’ cyamamaye, yatangaje ko...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Next Post
Umugore ari gushakishwaho akekwaho ibitamenyerewe ku bagore

Umugore ari gushakishwaho akekwaho ibitamenyerewe ku bagore

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.