Wednesday, December 10, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo

radiotv10by radiotv10
25/10/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo
Share on FacebookShare on Twitter

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara abahatanira ibihembo by’abahize abandi muri Africa mu mwaka wa 2024, aho akarere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe n’abakomoka muri DRCongo.

Uru rutonde rwashyizwe hanze kuri uyu wa Kane tariki 24 Ukwakira 2024, ni uruzavamo abakinnyi, amakipe n’abatoza, bazahabwa ibihembo bizatangirwa i Marrakech muri Morocco, mu kwezi k’Ukuboza 2024.

Kuri uru rutonde rw’abakinnyi barenga 60, nko mu karere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ifitemo nk’umukinnyi umwe mu bazavamo umukinnyi w’umwaka ari we Chancel Mbemba ukinira Olympique Marseille yo mu Bufaransa.

Urutonde rw’abakinnyi 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Amine Gouiri (Algeria / Rennes)
  • Edmond Tapsoba (Burkina Faso / Bayer Leverkusen)
  • Simon Adingra (Cote d’Ivoire / Brighton & Hove Albion)
  • Chancel Mbemba (DR Congo / Olympique Marseille)
  • Serhou Guirassy (Guinea / Borussia Dortmund)
  • Achraf Hakimi (Morocco / Paris Saint-Germain)
  • Soufiane Rahimi (Morocco / Al Ain)
  • Ademola Lookman (Nigeria / Atalanta)
  • William Troost Ekong (Nigeria / Al Kholood)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abanyezamu 10 bazavamo uwahize abandi .

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Andre Onana (Cameroon / Manchester United)
  • Yahia Fofana (Cote d’Ivoire / Angers SCO)
  • Lionel Mpasi (DR Congo / Rodez AF)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Djigui Diarra (Mali / Young Africans)
  • Munir El Kajoui (Morocco / RS Berkane)
  • Stanley Nwabali (Nigeria / Chippa United)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakina imbere ku Mugabane wa Afurika bazavamo uwahize abandi:

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Issoufou Dayo (Burkina Faso / RS Berkane)
  • Ahmed Sayed ‘Zizo’ (Egypt / Zamalek)
  • Hussein El Shahat (Egypt / Al Ahly)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC)
  • John Antwi (Ghana / Dreams FC)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Yassine Merriah (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abatoza 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Pedro Goncalves (Angola)
  • Brahima Traore (Burkina Faso)
  • Emerse Fae (Cote d’Ivoire)
  • Sebastien Desabre (DR Congo)
  • Jose Gomes (Zamalek)
  • Marcel Koller (Al Ahly)
  • Chiquinho Conde (Mozambique)
  • Hugo Broos (South Africa)
  • Florent Ibenge (Al Hilal)
  • Kwesi Appiah (Sudan)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakiri bato (U23) bazavamo uwahize abandi:

  • Carlos Baleba (Cameroon / Brighton & Hove Albion)
  • Karim Konate (Cote d’Ivoire / Salzburg)
  • Oumar Diakite (Cote d’Ivoire / Reims)
  • Yankuba Minteh (Gambia / Brighton & Hove Albion)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC / Barcelona)
  • Bilal El Khannouss (Morocco / Leicester City)
  • Eliesse Ben Seghir (Morocco / AS Monaco)
  • El Hadji Malick Diouf (Senegal / Slavia Prague)
  • Lamine Camara (Senegal / AS Monaco)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’amakipe (Club) 10 yahize andi azavamo iyahize izindi:

  • Petro Atletico (Angola)
  • TP Mazembe (DR Congo)
  • Al Ahly (Egypt)
  • Zamalek (Egypt)
  • Dreams FC (Ghana)
  • RS Berkane (Morocco)
  • Mamelodi Sundowns (South Africa)
  • Simba (Tanzania)
  • Young Africans (Tanzania)
  • Esperance Sportive de Tunis (Tunisia)

Urutonde rw’amakipe y’Ibihugu 10 yahize andi:

  • Angola
  • Burkina Faso
  • Cote d’Ivoire
  • DR Congo
  • Morocco
  • Mozambique
  • Nigeria
  • South Africa
  • Sudan
  • Uganda

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 1 =

Previous Post

Perezida Kagame yahererekanyije ububasha bwo kuyobora Commonwealth avuga icyo byari bisobanuye ku Rwanda

Next Post

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Related Posts

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

by radiotv10
09/12/2025
0

Uwari Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Brigadier General Déo RUSANGANWA, ntakiri kuri uyu mwanya kubera izindi nshingano z’akazi ke ka...

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

by radiotv10
09/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague yifurije umugore we isabukuru nziza y’imyaka ine bamaze bakoze ubukwe bemeranyijwe...

Umunsi Rayon na APR zizongera gukiniraho wamenyekanye noneho uzasiga imwe yegukanye igikombe

Umunsi Rayon na APR zizongera gukiniraho wamenyekanye noneho uzasiga imwe yegukanye igikombe

by radiotv10
09/12/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje itariki izakinirwaho umukino wa Super Cup uzahuza ikipe ya APR FC na Rayon...

Amafoto: Ibyaranze umukino unogeye ijisho wahuje amakipe y’inzego z’umutekano mu Rwanda

Amafoto: Ibyaranze umukino unogeye ijisho wahuje amakipe y’inzego z’umutekano mu Rwanda

by radiotv10
07/12/2025
0

Ikipe ya Police FC yanganyije na APR FC 0-0 mu mukino wari uryoheye ijisho w’umunsi wa 10 wa Shampiyona y’Icyiciro...

Ikibazo cya Bus, umwenda wa miliyoni 260Frw,…-Ubuyobozi bushya bwa Rayon bwatangaje byinshi by’uko bayisanze

Ikibazo cya Bus, umwenda wa miliyoni 260Frw,…-Ubuyobozi bushya bwa Rayon bwatangaje byinshi by’uko bayisanze

by radiotv10
05/12/2025
0

Nyuma y’ihererekanyabubasha, Perezida wa Komite y'Inzibacyuho ya Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje ko bahawe ikipe ifite amadeni arenga miliyoni 260...

IZIHERUKA

AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye
AMAHANGA

AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

by radiotv10
10/12/2025
0

Bagaragaje amakosa yabayeho batunga agatoki kuba ntandaro yo gushyira ubuzima bwabo mu kaga

Bagaragaje amakosa yabayeho batunga agatoki kuba ntandaro yo gushyira ubuzima bwabo mu kaga

10/12/2025
Volunteering, Activism and Youth Engagement in Rwanda: Who’s Involved and Why

Volunteering, Activism and Youth Engagement in Rwanda: Who’s Involved and Why

10/12/2025
Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

09/12/2025
Israel yashyizwe ku isonga ku Isi mu gushinjwa kwica abanyamakuru bari mu kazi

Israel yashyizwe ku isonga ku Isi mu gushinjwa kwica abanyamakuru bari mu kazi

09/12/2025
Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

09/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

Bagaragaje amakosa yabayeho batunga agatoki kuba ntandaro yo gushyira ubuzima bwabo mu kaga

Volunteering, Activism and Youth Engagement in Rwanda: Who’s Involved and Why

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.