Tuesday, March 24, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Polisi y’u Rwanda iravuga ko ntakirahinduka ku muhanda watangajwe ko utari nyabagendwa

radiotv10by radiotv10
24/03/2026
in MU RWANDA
0
UPDATE: Umuhanda uhuza Intara ebyiri mu Rwanda utari nyabagendwa wongeye gukoreshwa
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Muhanga- Ngororero- Mukamira, utari wongera kuba nyabagendwa, nyuma y’umunsi umwe itangaje ko kubera imvura nyinshi, utari gukoreshwa.

Byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Werurwe 2026.

Mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X, bwunganira itangazo ryatanzwe na Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Mbere, ACP Rutikanga yagize ati “Kuri iri tangazo, nta kirahinduka. Inama mwagiriwe murasabwa gukomeza kuzikurikiza.”

Itangazo ryari ryatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 23 Werurwe, Polisi y’u Rwanda yari yagize iti “Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi umuhanda RN11, Muhanga – Ngororero – Mukamira ubu udakoreshwa.”

Ryakomezaga rigira riti “Muragirwa inama yo gukoresha umuhanda Mukamira – Musanze – Kigali cyangwa Muhanga – Kigali – Musanze- Mukamira na Muhanga – Rubengera- Rutsiro – Rubavu. Ruti “Abapolisi barahari kugira ngo babayobore”

Ni ku nshuro ya kabiri muri uku kwezi uyu muhanda ugize ikibazo, kuko n’imvura nyinshi yaguye tariki 08 Werurwe 2026, na yo yari yatumye umara umunsi umwe utari nyabagendwa.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × two =

Previous Post

5 Easy Ways to Live a Longer, Healthier Life

Related Posts

5 Easy Ways to Live a Longer, Healthier Life

5 Easy Ways to Live a Longer, Healthier Life

by radiotv10
24/03/2026
0

Living a long life is not only about years, but also about feeling good and staying healthy. The good news...

U Rwanda rwongeye gutabariza Abanyamulenge bo muri DRC rugaragaza ko guceceka ibibakorerwa ari ubufatanyacyaha

U Rwanda rwongeye gutabariza Abanyamulenge bo muri DRC rugaragaza ko guceceka ibibakorerwa ari ubufatanyacyaha

by radiotv10
24/03/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe atangaza ko ingengabitekerezo yibasira Abatutsi muri DRC barimo Abanyamulenge ikomeje kwenyegeza amarorerwa abakorerwa...

Abakoresha umuhanda uhuza Umujyi wa Kigali n’Intara ebyiri bafite icyo basaba

Abakoresha umuhanda uhuza Umujyi wa Kigali n’Intara ebyiri bafite icyo basaba

by radiotv10
24/03/2026
0

Abakoresha umuhanda uhuza Umujyi wa Kigali-Huye-Rusizi, bavuga ko ugereranyije n'ibinyabiziga biwunyuramo n'uburyo ungana, ari umuto bityo bikaba ari na bimwe...

U Rwanda rwongeye gutabariza Abanyamulenge bo muri DRC rugaragaza ko guceceka ibibakorerwa ari ubufatanyacyaha

Eng.-Minister Nduhungirehe says silence on ongoing violence against Banyamulenge is complicity

by radiotv10
24/03/2026
0

The Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Olivier Nduhungirehe, stated that genocide ideology targeting Tutsis in the Democratic Republic...

Do Parents Really Know How Their Children Are Using AI Today?

Do Parents Really Know How Their Children Are Using AI Today?

by radiotv10
24/03/2026
0

A new wave of surveys shows that teenagers are using artificial intelligence (AI) more than ever, but many parents have...

IZIHERUKA

UPDATE: Umuhanda uhuza Intara ebyiri mu Rwanda utari nyabagendwa wongeye gukoreshwa
MU RWANDA

Polisi y’u Rwanda iravuga ko ntakirahinduka ku muhanda watangajwe ko utari nyabagendwa

by radiotv10
24/03/2026
0

5 Easy Ways to Live a Longer, Healthier Life

5 Easy Ways to Live a Longer, Healthier Life

24/03/2026
U Rwanda rwongeye gutabariza Abanyamulenge bo muri DRC rugaragaza ko guceceka ibibakorerwa ari ubufatanyacyaha

U Rwanda rwongeye gutabariza Abanyamulenge bo muri DRC rugaragaza ko guceceka ibibakorerwa ari ubufatanyacyaha

24/03/2026
Abakoresha umuhanda uhuza Umujyi wa Kigali n’Intara ebyiri bafite icyo basaba

Abakoresha umuhanda uhuza Umujyi wa Kigali n’Intara ebyiri bafite icyo basaba

24/03/2026
Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia wiyongereye

Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia wiyongereye

24/03/2026
Uwabaye muri Guverinoma ya Kenya yafungiwe guca igikuba

Uwabaye muri Guverinoma ya Kenya yafungiwe guca igikuba

24/03/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Polisi y’u Rwanda iravuga ko ntakirahinduka ku muhanda watangajwe ko utari nyabagendwa

5 Easy Ways to Live a Longer, Healthier Life

U Rwanda rwongeye gutabariza Abanyamulenge bo muri DRC rugaragaza ko guceceka ibibakorerwa ari ubufatanyacyaha

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.