Monday, December 29, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Abakora akazi gasuzugurwa na bamwe bakavuzeho ibinyuranye n’uko abandi bagakeka

radiotv10by radiotv10
16/06/2023
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Abakora akazi gasuzugurwa na bamwe bakavuzeho ibinyuranye n’uko abandi bagakeka
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe bo mu Murenge wa Gahara mu Karere ka Kirehe bakora akazi ko kudoda inkweto gafatwa nk’agasuzuguritse kuri bamwe, bavuga ko bifuza kugahesha ishema, kuko kabafasha mu mibereho, ariko na bo bakagira icyo basaba inzego.

Umwe muri aba baturage witwa Ngendahimana Emmanuel ukorera mu Kagari ka Murehe mu Murenge wa Gahara, avuga ko uyu mwuga wo kudoda inkweto, umufasha muri bimwe, ariko ko kuwukora mu buryo butajyanye n’igihe bituma adakuramo umusaruro ukwiye.

Ati “Iyo nkoze mu gihe ntakindi kintu mfite kindengera nyakoresha mu buryo butandukanye. Nabona bibiri ni ayo kurarira. Hari ubwo nigomwa nkayashyira kuri terefoni kugira ngo mbone uko nishyurira umwana ishuri mu cya gihe bamwirukanye.”

Mugenzi we witwa Ntibiramira Jeseph avuga ko baramutse babonye ubwunganizi bw’ibikoresho, byatuma bakora uyu mwuga mu buryo bugezweho, bigatuma batanga serivisi zinoze, ndetse na bo ubwabo bikabongerera amafaranga bawukuramo

Ati “Imbogamizi ni ukuba tudafite ibikoresho. Nk’ubu turamutse tubonye ibikoresho twakora ibirenze aha. Tubonye imashini n’impu twazibonera tukabasha gukora inkweto zitandukanye.”

Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe, Rangira Bruno yizeje aba abakora ubudozi bw’inkweto kubafasha kubona amahugurwa ndetse n’ubundi buryo bwafasha gukora umwuga wabo bya kinyamwuga.

Ati “Turaza kubikurikirana tunabashinge ushinzwe gukurikirana amakoperative mu Murenge. Gusa icyo tubakangurira ni ukwishyira hamwe kugira ngo bahuze imbaraga, kugira ngo nanone banabone n’amahirwe yo kubona inguzanyo biboroheye kandi hari benshi bamaze kubikora ukabona bibateza imbere.”

 

INKURU MU MASHUSHO

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × one =

Previous Post

Icya mbere Rusesabagina yavuze ku ifungurwa rye nticyari cyitezwe

Next Post

Umukobwa wanditse amateka mu guteka yasesekaweho n’inkuru nziza

Related Posts

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

by radiotv10
29/12/2025
0

U Rwanda rwatangaje ko rushyigikiye ibyatangajwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe n’uwa Afurika y’Iburasirazuba, yagaragaje ko Igihugu cya Somalia kigomba...

Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

by radiotv10
29/12/2025
0

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze REB, rwatangaje ko abayobozi b’ibigo by’amashuri mu cyiciro cy’ayisumbuye n’abanza 890 bambuwe inshingano zo kuyobora,...

Eng.-Rwanda’s position on statements rejecting the recognition of Somaliland as a country

Eng.-Rwanda’s position on statements rejecting the recognition of Somaliland as a country

by radiotv10
29/12/2025
0

Rwanda has announced that it supports the statements issued by the African Union (AU) and the East African Community (EAC),...

The Painkiller Culture: Why we reach for pills at every discomfort

The Painkiller Culture: Why we reach for pills at every discomfort

by radiotv10
29/12/2025
0

In today’s fast-paced world, pain has become something we want gone immediately. A headache before work, back pain after a...

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

by radiotv10
28/12/2025
0

Umugabo wagaragaye mu Mujyi wa Kigali afite umuhoro ashaka gutema abantu anamenagura imodoka yasangaga ziparitse, yafashwe, ndetse iperereza rigaragaza ko...

IZIHERUKA

Icyo Igisirikare cya Congo kivuga ku magambo rutwitsi yatangajwe n’Umuvugizi wacyo n’icyemezo yafatiwe
AMAHANGA

Icyo Igisirikare cya Congo kivuga ku magambo rutwitsi yatangajwe n’Umuvugizi wacyo n’icyemezo yafatiwe

by radiotv10
29/12/2025
0

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

29/12/2025
BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

29/12/2025
Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

29/12/2025
Hakomeje kwamaganirwa kure amagambo rutwitsi y’Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

Hakomeje kwamaganirwa kure amagambo rutwitsi y’Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

29/12/2025
Eng.-Rwanda’s position on statements rejecting the recognition of Somaliland as a country

Eng.-Rwanda’s position on statements rejecting the recognition of Somaliland as a country

29/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umukobwa wanditse amateka mu guteka yasesekaweho n’inkuru nziza

Umukobwa wanditse amateka mu guteka yasesekaweho n’inkuru nziza

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo Igisirikare cya Congo kivuga ku magambo rutwitsi yatangajwe n’Umuvugizi wacyo n’icyemezo yafatiwe

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.