Friday, May 9, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home UDUSHYA

Abanyeshuri bose bo mu myaka ibiri y’amashuri bahagaritswe kubera kurwana

radiotv10by radiotv10
24/06/2022
in UDUSHYA, UDUSHYA
0
Abanyeshuri bose bo mu myaka ibiri y’amashuri bahagaritswe kubera kurwana
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi w’Ishuri ryisumbye rya Mbarara High School muri Uganda, bwahagaritse mu gihe cy’ibyumweru 2 abanyeshuri bose bo mu mwaka wa gatandatu n’abo mu wa kane nyuma yo kurwana hagati yabo hagakomerekamo abanyeshuri 11.

Umuvugizi wa Polisi mu gace ka Rwizi, Samson Kasasira yatangaje ko iyi mirwano yabaye mu ijoro aho hitabajwe Polisi mu guhosha iyi mirwano.

Yagize ati “Ishami rya polisi rishinzwe guhosha imvururu ryihutiye kugera ahabereye iyi mirwano rihagarika aba banyeshuri ribasubiza mu nyubako z’ishuri.”

Iyi mirwano yahuje abanyeshuri bo mu mwaka wa gatandatu n’abo mu wa kane aho bamwe bashinjaga abandi guhohotera mugenzi wabo, bagatangira gukozanyaho ndetse imirwano yabo ikaza kugera no mu baturage baturiye iri shuri.

Kasasira yatangaje ko abanyeshuri 11 bo mu mwaka wa kane bakomerekeye muri iyi midugararo barimo 10 bajyanywe mu bitaro bya Ruharo mu gihe umwe yajyanywe mu bitaro bya Homily mu mujyi wa Mbarara.

Yakomeje avuga ko abanyeshuri bose bo muri iyi myaka y’amashuri, bahagaritswe mu gihe cy’ibyumweru bibiri bakaba bahise bohezwa iwabo banahekerejwe n’inzego z’umutekano.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen − 3 =

Previous Post

Icya mbere kiduhuza ni icyongereza ariko ikituranga ni indangagaciro za Commowealth- P.Kagame yatangije CHOGM

Next Post

Tumenye amakuru mpamo ku bukwe bw’uwabaye Minisitiri mu Rwanda n’uwabaye umukinnyi wa Football

Related Posts

Ibiteye amatsiko n’ibidasanzwe ku modoka nshya y’Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Ibiteye amatsiko n’ibidasanzwe ku modoka nshya y’Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi

by radiotv10
07/12/2024
0

Uruganda rwa Mercedes-Benz rwamurikiye Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis, imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes G-Wagon SUV,...

Abanyeshuri barebeye mu ishuri amashusho ya Balthazar wabaye ikimenyabose ibyababayeho ntibabitekerezaga

Abanyeshuri barebeye mu ishuri amashusho ya Balthazar wabaye ikimenyabose ibyababayeho ntibabitekerezaga

by radiotv10
22/11/2024
1

Abanyeshuri batanu bo mu ishuri rya Kiliziya Gatulika ryo mu Ntara ya Kivu ya Ruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Ibidasanzwe byabaye ku mugore wibarutse mu Bushinwa byakurikiwe n’ihurizo ritamworoheye

Ibidasanzwe byabaye ku mugore wibarutse mu Bushinwa byakurikiwe n’ihurizo ritamworoheye

by radiotv10
12/11/2024
0

Umugore wo mu Bushinwa, ari mu rujijo nyuma yuko umugabo we amusabye ko batandukana kuko yabyaye umwana wirabura nyamara ngo...

Amakuru agezweho kuri Baltasar wabaye ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga

Amakuru agezweho kuri Baltasar wabaye ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga

by radiotv10
08/11/2024
0

Baltasar Ebang Engonga wagarutsweho cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma yuko hagaragaye amashusho yafatwaga ubwo yakoranaga imibonano mpuzabitsina n’abagore 400 barimo...

Leta ya Guinea Equatorial yatangaje ikigiye gukorwa nyuma y’amashusho y’umugabo yaciye igikuba

Leta ya Guinea Equatorial yatangaje ikigiye gukorwa nyuma y’amashusho y’umugabo yaciye igikuba

by radiotv10
06/11/2024
0

Ubutegetsi bwa Guinea Equatorial bugiye kwirukana abayobozi bose baba barakoreye imibonano mpuzabitsina mu biro byabo, nyuma yuko hatahuwe amashusho y’umwe...

IZIHERUKA

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda
Uncategorized

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Tumenye amakuru mpamo ku bukwe bw’uwabaye Minisitiri mu Rwanda n’uwabaye umukinnyi wa Football

Tumenye amakuru mpamo ku bukwe bw’uwabaye Minisitiri mu Rwanda n’uwabaye umukinnyi wa Football

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.