Sunday, August 10, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Amafoto yaranze Lionel Messi yakirwa muri PSG

radiotv10by radiotv10
11/08/2021
in SIPORO
0
Amafoto yaranze Lionel Messi yakirwa muri PSG
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa kabiri tariki 10 Kanama 2021 nibwo Lionel Messi yageze muri Paris Saint Germain mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa, ikipe yasinyemo amasezerano y’imyaka ibiri avuye muri FC Barcelona yari amazemo imyaka 21.

Messi w’imyaka 34 yageze muri PSG ahita ahabwa nimero 30 izamuranga ku myambaro azajya akoresha muri iyi kipe ibitse igikombe cya shampiyona 2020-2021.

Lionel Messi yahawe miliyoni 25 z’amayero nk’amafaranga yo kwinjira mu ikipe (signing-on fee), ikipe yagezemo avuye muri Barcelona yagezemo mu 2003 akiri umwana.

Lionel Messi agiye muri PSG asangayo abakinnyi bakomeye barimo; Kylian Mbappe na Neymar (babanye muri FC Barcelona). Messi abitse Ballon d’Or esheshatu (2009, 2010, 2011, 2012, 2015, 2019).

Lionel Messi asuhuza abafana ba PSG ubwo yari ageze i Paris mu Bufaransa

Messi ubwo yari mu mujyi wa Paris atemberezwa

Messi ku byapa bya PSG mbere gato yo gusinya

Lionel Messi akora ibizamini by’ubuzima

Lionel Messi bamwinjiza mur sitade Parc de Prince

Messi ageze mu rwambariro rwa PSG ahari imyenda azajya akoresha

Lionel Messi amaze kwambara imyenda asigaye inkweto

Lionel Messi asesekara mu kibuga cya PSG

Lionel Messi hagati mu kibuga cya PSG ahagaze ku mupira 

Lionel Messi yinjira mu kibuga agaragaza nimero azajya akoresha mu kibuga

Lionel Messi akorakora umwambaro we ngo awumve neza

Lionel Messi w’imyaka 34 azajya arangwa na nimero 30

Lionel Messi (iburyo) asinya amasezerano muri PSG

PHOTOS: PSG

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × one =

Previous Post

Ibitekerezo by’urubyiruko ku kuboneza urubyaro ku bangavu

Next Post

Abamotari barataka gusarizwaho n’umwambaro w’akazi

Related Posts

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

by radiotv10
08/08/2025
0

Umutoza wa APR FC, Abderrahim Talib yongeye kwibutsa abakunzi b'iyi kipe ko badakwiye guterwa ubwoba na Rayon Sports mu mukino...

Kinshasa yatoranyijwe kwakira Inteko rusange ya CAF

Kinshasa yatoranyijwe kwakira Inteko rusange ya CAF

by radiotv10
07/08/2025
0

Umujyi wa Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Ndemokarasi ya Congo, watoranyijwe kuzakira Inama y’inteko rusange isanzwe ya 47 y’Impuzamashyirahamwe y’Umupira...

Jules Karangwa wabaye umunyamakuru yahawe inshingano zikomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

Jules Karangwa wabaye umunyamakuru yahawe inshingano zikomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

by radiotv10
07/08/2025
0

Jules Karangwa wigeze gukora umwuga w’itangazamakuru nk’umunyamakuru w’ibiganiro bya Siporo, yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Urwego rukurikirana Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...

Mashami Vincent yamaze kwemezwa nk’umutoza w’ikipe yo hanze y’u Rwanda

Mashami Vincent yamaze kwemezwa nk’umutoza w’ikipe yo hanze y’u Rwanda

by radiotv10
06/08/2025
0

Umutoza Mashami Vincent watozaga ikipe ya Police FC wanigeze gutoza Ikipe y’Igihugu Amavubi, yatangajwe nk’Umutoza Mukuru wa Dodoma Jiji FC...

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

by radiotv10
05/08/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwishyura myugariro wayo Youssou Diagne umwenda w'amadollari 1500 (miliyoni 2 Frw) yari imufitiye, inamuhamagaza mu...

IZIHERUKA

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako
MU RWANDA

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako

by radiotv10
09/08/2025
0

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

09/08/2025
Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

09/08/2025
The revival of Imigongo: Modern artists redefining ancient craft

The revival of Imigongo: Modern artists redefining ancient craft

09/08/2025
Algorithm Inc unveils revolutionary E-commerce platform ‘Ihute’

Algorithm Inc unveils revolutionary E-commerce platform ‘Ihute’

09/08/2025
Kigali: Abantu 10 bafatiwe mu bujura barimo abo byagaragaye ko banze guhinduka

Kigali: Abantu 10 bafatiwe mu bujura barimo abo byagaragaye ko banze guhinduka

08/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abamotari barataka gusarizwaho n’umwambaro w’akazi

Abamotari barataka gusarizwaho n’umwambaro w’akazi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.