Friday, December 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Amafoto yaranze Lionel Messi yakirwa muri PSG

radiotv10by radiotv10
11/08/2021
in SIPORO
0
Amafoto yaranze Lionel Messi yakirwa muri PSG
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa kabiri tariki 10 Kanama 2021 nibwo Lionel Messi yageze muri Paris Saint Germain mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa, ikipe yasinyemo amasezerano y’imyaka ibiri avuye muri FC Barcelona yari amazemo imyaka 21.

Messi w’imyaka 34 yageze muri PSG ahita ahabwa nimero 30 izamuranga ku myambaro azajya akoresha muri iyi kipe ibitse igikombe cya shampiyona 2020-2021.

Lionel Messi yahawe miliyoni 25 z’amayero nk’amafaranga yo kwinjira mu ikipe (signing-on fee), ikipe yagezemo avuye muri Barcelona yagezemo mu 2003 akiri umwana.

Lionel Messi agiye muri PSG asangayo abakinnyi bakomeye barimo; Kylian Mbappe na Neymar (babanye muri FC Barcelona). Messi abitse Ballon d’Or esheshatu (2009, 2010, 2011, 2012, 2015, 2019).

Lionel Messi asuhuza abafana ba PSG ubwo yari ageze i Paris mu Bufaransa

Messi ubwo yari mu mujyi wa Paris atemberezwa

Messi ku byapa bya PSG mbere gato yo gusinya

Lionel Messi akora ibizamini by’ubuzima

Lionel Messi bamwinjiza mur sitade Parc de Prince

Messi ageze mu rwambariro rwa PSG ahari imyenda azajya akoresha

Lionel Messi amaze kwambara imyenda asigaye inkweto

Lionel Messi asesekara mu kibuga cya PSG

Lionel Messi hagati mu kibuga cya PSG ahagaze ku mupira 

Lionel Messi yinjira mu kibuga agaragaza nimero azajya akoresha mu kibuga

Lionel Messi akorakora umwambaro we ngo awumve neza

Lionel Messi w’imyaka 34 azajya arangwa na nimero 30

Lionel Messi (iburyo) asinya amasezerano muri PSG

PHOTOS: PSG

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 + eleven =

Previous Post

Ibitekerezo by’urubyiruko ku kuboneza urubyaro ku bangavu

Next Post

Abamotari barataka gusarizwaho n’umwambaro w’akazi

Related Posts

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, yemeje amafaranga angana na miliyoni 620 z’amayero (€620 M) azagenerwa ibihugu 48 bizitabira igikombe...

IZIHERUKA

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo
MU RWANDA

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

by radiotv10
19/12/2025
0

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

19/12/2025
Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

19/12/2025
Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

AFC/M23 yavuze ko nubwo iri kuvana abarwanyi bayo muri Uvira hari icyo yifuza cyazayishimisha

19/12/2025
Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

19/12/2025
Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

19/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abamotari barataka gusarizwaho n’umwambaro w’akazi

Abamotari barataka gusarizwaho n’umwambaro w’akazi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.