Friday, January 30, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Amafoto yaranze Lionel Messi yakirwa muri PSG

radiotv10by radiotv10
11/08/2021
in SIPORO
0
Amafoto yaranze Lionel Messi yakirwa muri PSG
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa kabiri tariki 10 Kanama 2021 nibwo Lionel Messi yageze muri Paris Saint Germain mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa, ikipe yasinyemo amasezerano y’imyaka ibiri avuye muri FC Barcelona yari amazemo imyaka 21.

Messi w’imyaka 34 yageze muri PSG ahita ahabwa nimero 30 izamuranga ku myambaro azajya akoresha muri iyi kipe ibitse igikombe cya shampiyona 2020-2021.

Lionel Messi yahawe miliyoni 25 z’amayero nk’amafaranga yo kwinjira mu ikipe (signing-on fee), ikipe yagezemo avuye muri Barcelona yagezemo mu 2003 akiri umwana.

Lionel Messi agiye muri PSG asangayo abakinnyi bakomeye barimo; Kylian Mbappe na Neymar (babanye muri FC Barcelona). Messi abitse Ballon d’Or esheshatu (2009, 2010, 2011, 2012, 2015, 2019).

Lionel Messi asuhuza abafana ba PSG ubwo yari ageze i Paris mu Bufaransa

Messi ubwo yari mu mujyi wa Paris atemberezwa

Messi ku byapa bya PSG mbere gato yo gusinya

Lionel Messi akora ibizamini by’ubuzima

Lionel Messi bamwinjiza mur sitade Parc de Prince

Messi ageze mu rwambariro rwa PSG ahari imyenda azajya akoresha

Lionel Messi amaze kwambara imyenda asigaye inkweto

Lionel Messi asesekara mu kibuga cya PSG

Lionel Messi hagati mu kibuga cya PSG ahagaze ku mupira 

Lionel Messi yinjira mu kibuga agaragaza nimero azajya akoresha mu kibuga

Lionel Messi akorakora umwambaro we ngo awumve neza

Lionel Messi w’imyaka 34 azajya arangwa na nimero 30

Lionel Messi (iburyo) asinya amasezerano muri PSG

PHOTOS: PSG

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seven + 18 =

Previous Post

Ibitekerezo by’urubyiruko ku kuboneza urubyaro ku bangavu

Next Post

Abamotari barataka gusarizwaho n’umwambaro w’akazi

Related Posts

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

by radiotv10
29/01/2026
0

Nubwo Umuyobozi wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa abihakana, amakuru ava imbere mu ikipe ya Al Hilal aremeza ko...

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

by radiotv10
29/01/2026
0

Impuzamashyihamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yatangaje ibihano byafashwe ku mpande zombi kuri Maroc na Senegal, kubera imvururu zabaye ku...

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

by radiotv10
26/01/2026
0

Rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, uheruka gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, yerekeje mu ikipe ya AS Kigali, aho yasinye amasezerano y’amezi...

IZIHERUKA

MINEDUC and MTN Rwanda partner to strengthen digital skills for Rwanda’s Workforce
MU RWANDA

MINEDUC and MTN Rwanda partner to strengthen digital skills for Rwanda’s Workforce

by radiotv10
30/01/2026
0

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

30/01/2026
Barafinda wigeze  kugarukwaho cyane yatawe muri yombi

Barafinda wigeze kugarukwaho cyane yatawe muri yombi

30/01/2026
Gnassingbé uyoboye ubuhuza mu gushaka umuti w’ibibazo byo muri Congo ari mu Rwanda

Gnassingbé uyoboye ubuhuza mu gushaka umuti w’ibibazo byo muri Congo ari mu Rwanda

30/01/2026
Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

29/01/2026
Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

29/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Abamotari barataka gusarizwaho n’umwambaro w’akazi

Abamotari barataka gusarizwaho n’umwambaro w’akazi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

MINEDUC and MTN Rwanda partner to strengthen digital skills for Rwanda’s Workforce

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

Barafinda wigeze kugarukwaho cyane yatawe muri yombi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.