Sunday, December 28, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

APR ikoze impanuka igiye mu mukino w’ishiraniro

radiotv10by radiotv10
04/05/2022
in SIPORO
0
APR ikoze impanuka igiye mu mukino w’ishiraniro

Imodoka itwara abagenzi yangiritse cyane

Share on FacebookShare on Twitter

Imodoka yari itwaye abakinnyi n’abatoza b’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, yakoreye impanuka mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo ubwo yari igiye mu mukino wo gushaka itike ya 1/2 cy’igikombe cy’amahoro.

Iyi kipe y’Ingabo z’u Rwanda, yakoze iyi mpanuka kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Gicurasi ubwo imodoka yari itwaye abakinnyi n’abatoza yerecyezaga kuri stade ya Kigali i Nyamirambo iva i Shyorongi aho isanzwe ikorera umwiherero.

APR ikoze iyi mpanuka yari igiye gukina umukino wa 1/4 mu gikombe cy’Amahoro igomba guhuramo na Marines FC, wo gushaka itike ya 1/2.

Uwahaye amakuru RADIOTV10, yavuze ko abakinnyi b’iyi kipe ndetse n’abandi bari muri iyi modoka ya APR, ntawakometse, gusa ngo abari mu imodoka itwara abagenzi yagonganye na yo, harimo abakomeretse.

Nta makuru y’icyateye iyi mpanuka, aratangazwa, gusa bigaraga ko imodoka yari itwaye abakinnyi ba APR yakubise iturutse inyuma iyari itwaye abagenzi yo mu bwoko bwa Mini-Bus.

Imodoka yari itwaye abagenzi, yangiritse cyane ku ruhande rw’inyuma mu gihe iya APR yo yamenetse ikirahure cy’imbere.

Kugeza ubwo twatangazaga iyi nkuru, hari taramenyekana niba uyu mukini wa APR na Marines uza kuba cyangwa uri busubikwe.

Ubuyobozi bwa APR FC, bwahise busohora itangazo rivuga iby’iyi mpanuka aho rivuga ko yabaye ubwo iyi kipe yerecyezaga ku kibuga ariko ko ku bw’amahirwe abari muri iyi modoka bose bameze neza.

Imodoka itwara abagenzi yangiritse cyane
Imodoka ya APR yangiritse ariko bidakanganye

Abakinnyi bavuyemo amahoro

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 − 11 =

Previous Post

Kuva ku mukarani, ukubura umuhanda, umuhinzi w’imiteja kugeza ku banyamahoteri- Inyungu za CHOGM zizagera kuri bose

Next Post

Umukinnyi wa film ukunzwe mu Rwanda yakoranye indirimbo n’umugore we

Related Posts

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
27/12/2025
0

Isi ya ruhago ikomeje kunamira uwari umutoza Jean-Louis Gasset witabye Imana ku myaka 72 y’amavuko, aho bamwe mu bafite amazina...

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

by radiotv10
26/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yaciye ikipe y’Igihugu ya Misiri amande angana na $5,000 (arenga Miliyoni 7 Frw) kubera...

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IZIHERUKA

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye
FOOTBALL

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
27/12/2025
0

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

27/12/2025
Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

27/12/2025
Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

27/12/2025
Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

26/12/2025
Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umukinnyi wa film ukunzwe mu Rwanda yakoranye indirimbo n’umugore we

Umukinnyi wa film ukunzwe mu Rwanda yakoranye indirimbo n’umugore we

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.