OFFICIAL: Bisengimana Justin yongereye amasezeno muri Rutsiro FC
Bisengimana Justin umutoza wa Rutsiro FC kuva mu mwaka w’imikino 2020-2021 yongereye amasezerano yo gukomeza kubabera umutoza mukuru, asinya indi...
Read moreDetailsBisengimana Justin umutoza wa Rutsiro FC kuva mu mwaka w’imikino 2020-2021 yongereye amasezerano yo gukomeza kubabera umutoza mukuru, asinya indi...
Read moreDetailsIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino w’intoki wa Basketball yabuze itike igana mu mikino ya ¼ cy’irangiza nyuma yo gutsindwa na...
Read moreDetailsIkipe y’igihugu ya Angola yabonye itike ya ¼ cy’irangiza mu mukino y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu muri Basketball nyuma yo gutsinda...
Read moreDetailsBoniface Metacha Mnata wahoze ari umunyezamu wa mbere wa Yanga SC kuva mu 2019 akaza kuyivamo nyuma y’isozwa ry’umwaka w’imikino...
Read moreDetailsMu murenge wa Kigina ho mu karere ka Kirehe hari abaturage basaba inzego z’ubutabera kurenganura umuturanyi wabo kuri ubu ufungiye...
Read moreDetailsAbanyamuryango ba koperative Kiaberi ikorera ubuhinzi bw’umuceri n’ibigori mu gishanga cya Rugeramigozi giherereye mu karere ka Muhanga, binubira Telefoni bahawe...
Read moreDetailsPolisi ya Tanzania yatangaje ko yamaze kubona umwirondoro w'umugabo waraye ugabye igitero kuri ambasade y'ubufaransa muri iki gihugu, kigahitana batanu...
Read moreDetailsHari abarangije mu ishuri rya Esther Aid ryigisha imyuga bavuga ko bishimira kuba barangije kwiga ,kuko iyi myuga igiye kubafsha...
Read moreDetailsIkipe y’igihugu y’u Rwanda yageze muri ¼ cy’irangiza nyuma yo gutsinda Angola aanota 71-68 (20-20, 15-18,20-23,16-7) mu mukino wa kabiri...
Read moreDetailsMugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Miggy akaba umukinnyi wari umaze umwaka w’imikino 2020-2021 muri KMC FC, yamaze kongera amasezerano muri...
Read moreDetails