Wednesday, July 29, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

MU RWANDA

Nyagatare: Inka 10 z’umuturage umwe zirimo iyaraye ibyaye n’iyendaga kubyara zakubiswe n’Inkuba zihita zipfa

Inkuba yakubise inka 10 z’Umuturage wari uziragiye mu Rwuri ruherereye mu Mudugudu wa Rubira, mu Kagali ka Rutungo Umurenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, zihita zipfa. Rugamba Emmy, wari uragiye izi nka z’umubyeyi we…

Inkuru Zisomaawa Cyane